Nyakubahwa perezida Paul Kagame yatangaje ko Joseph Kabila wamaze imyaka isaga 18 ategeka Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,ariwe wakumiriye Rwandair gukorera ingendo muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yemeje ko ubutegetsi bwa Joseph Kabila aribwo bwakumiriye Rwandair muri RDC
20 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo
2 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIby’urukundo rw’umuhanzi Platini P n’umugore we bikomeje guteza urujisho ,ni nyuma y’uko hasakaye amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko aba bombi umubano wabo wajemo agatotsi , Bivugwa ko Platini amenye ko umwana yabyaranye na Olivia atari uwe.
Gusa nubwo nta n’umwe uragira icyo avuga, Olivia ari kugaragaza ibimenyetso bitandukanye birimo kuba hari amwe mu mafoto ye yasibye n’ahatangirwa ubutumwa akaba yamaze kuhafunga.
Usibye ibyo kandi uyu mugore wakurikiranaga Platini wenyine kuri (…) -
ITORA RYA PEREZIDA, Uganda, U Bubiligi, U Buholandi, Ethiopie, Afurika y’Epfo, Kenya n’ahandi
3 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04 Kanama 2017.
Biteganyijwe ko ibiro by’itora bizaba bifunguye guhera saa moya za mugitondo kugeza saa cyenda z’umugoroba.Komisiyo y’Amatora mu Rwanda, NEC yibutsa buri munyarwanda kujya gutora yitwaje ibyangombwa byose birimo n’ikarita y’itora ndetse n’irangamuntu....
Diaspora haratora abasaga (…) -
U Rwanda rwiyambaje impuguke zo muri Amerika ngo ukuri ku ruhare rw’ u Bufaransa muri jenoside yakorewe abatutsi kuge ahagaragara
15 December 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba Louise Mushikiwabo, akaba n’ umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda aratangaza ko leta y’u Rwanda itazahwema kugaragaza ibimenyetso byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Ibi arabitangaza nyuma y’aho Leta y’u Rwanda ishyiriye ahagaragara raporo yakozwe n’itsinda ry’impuguke z’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanashyikirijwe u Bufaransa.
Yagize ati “Nibyo (…) -
Msgr Bimenyimana Jean Damascène wayoboraga Diyosezi ya Cyangugu yaguye muri Kenya
11 March 2018, by UbwanditsiKuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Musenyeli Bimenyimana Jean Damascene wari Umushumba wa Diyosezi Gatulika ya Cyangugu wari umaze igihe arembye cyane akaba yaguye muri Kenya aho yari yagiye kwivuriza.
Musenyeli Bimenyimana Jean Damascène yayoboraga Diyosezi avukamo. Yari Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu kuva muri Mutarama 1997.
Umwe mu bakilisitu bo muri iyi Diyosezi wabanaga bya hafi na Nyakwigendera akaba ari nawe waduhaye aya makuru yatangarije Umuryango ko (…) -
Amb.Nduhungirehe Olivier yongeye kugirirwa icyizere na Perezida wa Repubulika nyuma yo gukurwa muri Guverinoma
15 August 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yongeye kugirira icyizere Olivier Nduhungirehe amugira ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi nkuko Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri ryabitangaje.
-
Nyarugenge: Muri ruhurura ya Mpazi hatoraguwe umurambo w’ umusore bivugwa ko yari amaze ibyumweru bitatu afunze
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMuri ruhurura ya Mpazi, mu kagari ka Kora, mu murenge wa Gitega hatoraguwe umurambo w’ umusore uri mu kigero cy’ imyaka 23 y’ amavuko, polisi ihita itangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba kihishe inyuma y’ uru rupfu.
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Emmanuel Hitayezu yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko saa kumi n’ ebyiri z’ igitondo aribwo polisi y’ u Rwanda yamenyeshejwe ko hari umurambo w’ umusore uzwi ku Izina rya Jimmy uri muri Mpazi.
SP Hitayezu (…) -
‘Kwihangira imirimo ntabwo bishaka uwabuze akazi kamuha umushahara’-Perezida Kagame (Amafoto)
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko ko amateka mabi y’ahahise h’u Rwanda azasibwa no kwiteza imbere, arusaba gukangukira ibyo kwihangira imirimo.
-
Abana bari kugororerwa muri Gereza y’abana bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuli wa 2018 bose baratsinze bishimishije
3 January 2019, by Martin MunezeroUrwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, rwatangaje ko abana 18 bakoze ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2018 bari kugororerwa muri Gereza y’abana y’i Nyagatare batsinze ku buryo bushimishije.
-
Nyagatare: P.Kagame yijeje abaturage amazi agera kuri buri wese n’ayo kuhira imyaka
22 July 2017, by Iyamuremye JanvierKu munsi wa cyenda w’ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika Paul Kagame , umukandida wa FPR Inkotanyi yakomereje mu turere twa Nyagatare, Gatsibo na Kayonza.
Mu karere ka Nyagatare mu Murenge wa Gatonde ari naho yabanje mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nyakangaa 2017 yakiriwe n’ibihumbi by’abanyamurango; Paul Kagame yijeje abaturage ba Nyagatare amazi agera kuri buri wese hakaboneka ayo gukoresha mu ngo ndetse n’ayo kuhira (…)
Umuryango.rw
Hari amafoto amaze gusibwa! Umubano wa Platini P n’umugore we ukomeje guteza urujijo
Msgr Bimenyimana Jean Damascène wayoboraga Diyosezi ya Cyangugu yaguye muri Kenya
Amb.Nduhungirehe Olivier yongeye kugirirwa icyizere na Perezida wa Repubulika nyuma yo gukurwa muri Guverinoma