Mu karere ka Gicumbi kuri sitasiyo ya Polisi ya Byumba hafungiye umwarimu wigishaga ku rwunge rw’amashuri rwa Byumba Inyange ukekwaho gusambanya umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko yigishaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gicumbi: Umwarimu aravugwaho gusambanya umukobwa yigisha yitwaje kureba aho imbwa yamurumye
18 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
25 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020,umugabo w’imyaka 61yahitanwe na Covid-19.Uyu mugabo yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo,bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15.
-
Mureshyankwano yeretse abasore n’ inkumi ko guhinga bitabuza umuntu kuzaba guverineri
17 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverineri w’ Intara y’ amagepfo Mureshyankwano Rose yanenze abasore n’ inkumi biga mu mashuri yisumbuye bajya mu biruhuko bakirirwa mu gitanda aho gufasha ababyeyi imirimo avuga ko we yiga muri ayo mashuri yatahaga agahinga kandi ko bitamubujije kuba uyu munsi ari guverineri.
Mureshyankano yabivuze kuri uyu wa 15 Mutarama 2018 mu Karere ka Nyanza, ubwo yitabiraga igikorwa cyo gutaha ibyumba by’amashuri bishya bigera kuri 31 biherutse kubakwa.
Yabwiye urubyiruko rwari ruteraniye aho ko (…) -
Minisitiri Busingye yamaganye ingufu z’umurengera cyangwa zica zikoreshwa na Polisi ku bakekwaho ibyaha
5 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yamaganye ibikorwa bya polisi byo kurasa abasivili hagatangwa impamvu ko bashakaga gutoroka cyangwa ko bashatse kubarwanya.
-
Abayoboke ba PL basobanuriwe ibikubiye muri gahunda ya guverinoma y’ imyaka 7
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ inteko ishinga y’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ ishyaka w’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu/PL Mukabalisa Donatille yasobanuriye abagize Inama y’Igihugu y’ iri shyaka ibikubiye muri gahunda ya guverinoma y’ imyaka irindwi iri imbere.
Hari mu nama abagize Inama y’Igihugu y’ iri shyaka bahuriyemo tariki ya 05 Ugushyingo 2017.
Perezida w’Ishyaka PL yongeye gushimira abagize Inama y’Igihugu y’Ishyaka PL uko bitwaye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, bakamamaza (…) -
Muhanga: Mu byumweru bitatu hamaze gupfa inka 20 mu zahawe abaturage
22 May 2018, by Nsanzimana ErnestInka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga zimaze gupfa mu byumweru bitatu, bigakekwa ko zirimo kuzira kutishimira ikirere.
-
Nyarugenge: Gare ya Nyabugogo itagikoreshwa yahinduwe isoko ry’ibiribwa
1 April 2020, by Dusingizimana RemyKubera umubyigano no guhurira hamwe kw’abantu bajyaga kugurira imboga n’ibindi biribwa ahazwi nko kwa Mutangana,Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge n’Umujyi wa Kigali bwafashe ingamba zo kwimurira ubu bucuruzi muri gare nini ya Nyabugogo itari gukoreshwa muri iyi minsi kubera ko ingendo zitwara abantu hirya no hino mu gihugu zahagaritswe.
-
“Baradutabye ariko ntabwo bari baziko Abanyarwanda turi imbuto zizashibuka” H. E Kagame
16 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wa FPR Paul Kagame yongeye kunenga abanyamahanga basize u Rwanda ahabi bibwira ko igihugu kirangiye, ariko ubu ngo barashibutse, baramera barakura, ni ubukombe.
Ubu butumwa Kagame yabutangiye mu karere ka Kamonyi aho yiyamamarije kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga nyuma yo kwiyamamariza mu karere ka Huye na Nyamagabe.
Yagize ati “Baducukuriye urwobo, baradutabye, ariko ntabwo bari baziko Abanyarwanda turi imbuto zizashibuka. Abanyarwanda twabaye imbuto, turashibuka, ubu turi (…) -
Minisitiri Shyaka yijeje abatuye Bannyahe ko bazatuzwa neza
6 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuye imiryango 48 yari ituye ahitwa muri Bannyahe (Kangondo na Kibiraro ya mbere) bimuriwe i Busanza mu Karere ka Kicukiro, abamenyesha ko n’abari abaturanyi babo bose bazabasangayo mu bihe bitandukanye.
-
Gitifu wa Kinigi ukekwaho gutwikira umwana we mu nzu yatangiye kuburanishwa
19 April 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 18 Mata urukiko rwisumuye rwa Musanze rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo Umunyarwabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kinigi MUNYARUGENDO Manzi Claude n’ abandi batandatu bakurikiranyweho kwicwa umwana w’umukobwa witwaga UWIKAZE Kevine wari ufite imyaka ibiri n’igice y’amavuko.
Umuryango.rw
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
Minisitiri Busingye yamaganye ingufu z’umurengera cyangwa zica zikoreshwa na Polisi ku bakekwaho ibyaha
Minisitiri Shyaka yijeje abatuye Bannyahe ko bazatuzwa neza