Kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Kanama 2018, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), José Graziano da Silva.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Nanyuzwe no kongera guhura na Perezida Kagame’ Umuyobozi wa FAO
22 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
23 January 2020, by UbwanditsiHari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C230 iri kugurishwa kandi ku giciro kiza. Iyi modoka yakozwe muri 2002, ni automatique ikanywa essence kandi ifite ibyangombwa byose by’imodoka zikozwe vuba, airbags ku mugenzi, kwa chauffeur, mu nzugi z’abagenzi, climatiseur, uburyo n’amatara bwo kwirukana ibihu, radio ivuga neza cyane, moteri n’ikizu cyayo byose bikiri bishya kandi ikanywa neza kuko moteri yayo ifite cylinders enye. Umunyenga (confort) no kugenda neza mu muhanda byo ni (…)
-
Rulindo:Abana 3 bahiriye mu nzu itabamo amashanyarazi ndetse batanatekeragamo
7 February 2019, by Martin MunezeroMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Gashyantare 2019 nibwo mu murenge wa Masoro w’ akarere ka Rulindo hamenyekanye inkuru y’ abana batatu bahiriye mu nzu babiri bakitaba Imana.
-
Itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 27 Mata 2018, RAB yahawe abayobozi bashya
28 April 2018, by Nsanzimana ErnestItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri (…) -
PM Murekezi wa PSD yagize icyo atangaza ku kwiyamamaza kwa Paul Kagame
22 July 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’intebe, Anastase Murekezi uri mu ishyaka rya PSD riraharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage rikaba riri mu mashyaka 8 ashyigikiye umukandida watanzwe na RPF Inkotanyi, yasabye Abanyarwanda kuzahundagazaho amajwi kuri Paul Kagame kugirango akomeza abatoze kwesa imihigo.
Mu butumwa Murekezi yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 22 Nyakanga 2017, yavuze ko gutora Paul Kagame ari indorerwamo yo gutoza Abanyarwanda kwesa imihigo mu gihe gikwiye.
Murekezi (…) -
Minisitiri Munyakazi yasabye abarimu kureka gukoza isoni abanyeshuli nyuma y’ibyo bakoreye umwana wa MC Lion Imanzi
28 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe amashuli abanza n’ayisumbuye,Dr Isaac Munyakazi yasabye abarimu kwirinda gukoza isoni abanyeshuli nyuma y’aho umushyushyarugamba Lion Imanzi yanditse kuri Twitter ye ko ababajwe nibyo umwarimu yakoreye umwana we w’imyaka 7 aho yamunyujije imirongo mu mutwe mu rwego rwo kumusaba kwiyogoshesha.
-
Bakoreye rwiyemezamirimo none bamaze ibyumweru bibiri mu irimbi batarahembwa
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestAba bakozi bari baryamye mu kazu ka shitingi gashinze mu irimbi ry’ abayisilamu i Nyamirambo
Abakozi bagera ku 9 bakoze igikorwa cyo kwimura imirambo bayikura mu irimbi ry’ abayisilamu I Nyamirambo bayijyana mu irimbi rusange rya Nyamirambo ntirabona amafaranga yabo.
Aba bakozi barimo abamaze ibyumweru bibiri baba mu kazu ka shitingi bashinze muri iryo rimbi bamaze iminsi bakoramo.
Aba bakozi bavuga kuva ku wa Gatanu tariki 23 Kamena rwiyemezamirimo Bisengimana Emmanuel abiriza ku (…) -
Zion Temple yamaganye abitiriye Apotre Gitwaza ubutumwa atatanze
29 October 2018, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
-
Press Release –Two telenovelas will debute on StarTimes
9 July 2020, by UbwanditsiFor meeting the requirement of telenovela fans, StarTimes will broadcast two telenovelas on the channel ST Novela E plus late July.
-
Gicumbi: Meya n’ abari bamwungirije begurijwe rimwe kubera amakosa yagaragajwe na raporo y’ umugenzuzi
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Gicumbi yeguje MUDAHERANWA Juvenal wari Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi na MUHIZI Jules Aimbable wari umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe ubukungu ndetse n’ uwari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage BENIHIRWE Charlotte.
Umuryango.rw
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
Press Release –Two telenovelas will debute on StarTimes