Ku mugoroba wo kuwa gatanu, tariki ya 15 Nzeri ahagana saa kumi n’imwe n’igice ku mupaka w’u Rwanda na DRC (Kamanyola- Bugarama), humvikanye amasasu ku ruhande rwa DRC. Isasu riturutse hakurya muri Kongo ryaje kwitura ku munyarwanda wigenderega witwa Iyakaremye Samuel wari ku butaka bw’u Rwanda.
Iyakaremye yahise ajyanwa kwa muganga ariko ku bw’amahirwe make yapfiriye mu nzira ajyanwa kwa muganga ku Kigo Nderabuzima cya Bugarama.
Rwanda rwahise rusaba Itsinda ryo mu ngabo z’ Umuryango (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rwasabye iperereza ku ‘Isasu’ ryahitanye umunyarwanda riturutse muri congo
17 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Ubushinjacyaha burakomeza gukurikirana Niyibikora ushinjwa gusebya abagore
13 February 2018, by Nsanzimana ErnestFaustin Nkusi
Urwego rw’ igihugu rw’ ubushinjacyaha mu Rwanda RPPA rwatangaje ko rurakomeza gukurikirana Umuvugabutumwa Niyibikora Nicholas kabone n’ubwo urwego rwigenzura rw’ abanyamakuru RMC rwamutegetse kwandika asaba imbabazi Abanyarwanda.
Umuvugizi w’ Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda Faustin Nkusi yatangarije UMURYANGO ko ibyo RMC yakoze bidahagarika ikirego cya RPPA.
Yagize ati “Ibyemezo yafatiwe ni ibyemezo biri administrative nta sano dufitanye na RMC. RMC ifite inshingano zayo nawe (…) -
MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi
17 March 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yijeje Urugaga rw’Ibigo bitwara abagenzi (ATPR), ko amafaranga y’ibirarane urwo rugaga rumaze igihe rusaba rugiye kuyahabwa.
ATPR ivuga ko imodoka zirenga kimwe cya kabiri (1/2) zimaze guparikwa bitewe n’ubukererwe bw’amafaranga Leta isanzwe yishyura ibigo bitwara abagenzi, kugira ngo igabanyirize abaturage ikiguzi cy’urugendo.
Inyunganizi ku biciro by’ingendo ni gahunda yashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda kuva muri Covid-19, aho bitewe (…) -
Nkurunziza ubwo aheruka mu nama y’ abakuru b’ ibihugu Niyombare yari amuhiritse ku butegetsi, ntabwo yagiye Uganda
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ U Burundi Pierre Nkurunziza ntabwo yitabiriye umwiherero w’ abakuru b’ ibihugu bigize Umuryango w’ Afurika y’ Iburengerazuba urimo kubera I Kampala muri Uganda.
Abakuru b’ ibihugu bitabiriye uyu mwiherero ni Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, Salva Kiir wa Sudani y’ Epfo , Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na John Pombe Magufuli wa Tanzania.
Ni umwiherero wibanda ku kurebera hamwe ibikorwa remezo bimaze kugerwaho mu rwego rw’ ubuzima.
Muri uyu mwiherero Perezida w’ u (…) -
Mu byaranze tariki 25 Kamena mu mateka, Perezida Kagame yayoboye inama y’ abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo bitandukanye
25 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yayobowe inama y’ abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yemeje ibyemezo n’ ibyanzuro bitandukanye.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka:
253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni (…) -
Perezida Kagame yahaye akaruhuko abayobozi basoje umwiherero wa 15
1 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu 1 Werurwe 2018 ubwo yasozaga umwiherero w’ abayobozi bakuru b’ u Rwanda wari umaze iminsi ine ubera I Gabiro mu karere ka Gatsibo yatanze uburenganzira bwo kuruhuka ku muyobozi ushaka akaruhuko ku munsi w’ ejo tariki 2 Werurwe.
Asoza ijambo ryari ryuzuyemo impuguro nyinshi n’ impanuro yagize ati “Narimfite byinshi cyane nashakaga kubabwira ariko reka mbibikire undi munsi,mwakoze cyane… Icyo twakwiriye kwibagirwa kubabwira, ejo tuzaruhuke, kereka (…) -
Kenya: Impanga zisa cyane zongeye guhura nyuma y’imyaka 19 muganga akoze ikosa akazitandukanya [AMAFOTO]
19 April 2019, by Dusingizimana RemyAbakobwa babiri b’impanga, Melon Lutenyo na Sharon Mathias bavutse ari impanga muganga abatandukanya bamaze kuvuka abavanga n’undi mukobwa witwa Mevies Imbaya,bahuye nyuma y’imyaka 19 batandukanye.
-
Rayon Sports na APR FC zashyize hanze abakinnyi zizakoresha mu irushanwa ry’Agaciro
12 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ishaka igikombe cy’Agaciro ku nshuro ya 2 yikurikiranya yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 27 izakoresha barimo Micheal Sarpong bivugwa ko afite imvune yakuye ku mukino baheruka gukina na Mukura VS.
Rayon Sports izakina na Police FC ku munsi w’ejo taliki ya 13 Nzeri uyu mwaka,yamaze gutangaza urutonde rurerure rw’abakinnyi izakoresha muri iri rushanwa imaze kumenyera gutwara.
Amakipe azaba yemerewe gukoresha abakinnyi bose afite batarenze 30,mu gihe ntayo (…) -
Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi 7 muri 16 baherutse kwirukanwa n’ikipe ya APR FC [Yavuguruwe]
2 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatakaje abakinnyi 4 bakerekeza muri mukeba wayo APR FC,nayo yamaze gusinyisha abagera kuri 7 muri 16 iherutse kwirukana barimo Imran Nshimiyimana, Herve Rugwiro, Kimenyi Yves , Mirafa Nizeyimana, Savio Nshuti, Rusheshangoga Michel na Maxime Sekamana ni abakinnyi ba Rayon Sports.
-
‘Gushyira divayi nshya mu macupa ashaje ntacyo byatugezaho’ Perezida Kagame, I Berlin
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestKagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
Umuryango.rw
MINECOFIN igiye kwishyura ikirarane ku bigo bitwara abagenzi