Alexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri yombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu muhango wo gushyingura umunyamidelikazi Alexia Mupende bikekwa ko yishwe n’uwari umukozi we wagaragayemo abayobozi b’igihugu batandukanye[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin Munezero -
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Burkina Faso yagabweho igitero cyahitanye 18
15 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame yihanganishije mugenzi we wa Burkina Faso, Roch Marc Christian Kaboré, n’abaturage b’iki gihugu nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyagabwe mu Murwa Mukuru, Ouagadougou, kigahitana abantu 18 abandi bagakomereka.
Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 13 Kanama 2017. Ikinyamakuru Le Figaro cyanditse ko iki gitero cyagabwe ahagana ku isaha ya saa tatu z’ijoro ( ku isaha yo mu Rwanda).
Iki gitero cyagabwe n’ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa al-Qaeda rikorera mu (…) -
Ibyo wamenya ku mwavoka wa “Prince Kid” wigeze kuburanira Rusesabagina
11 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko urubanza rwa Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid’ rwari ruteganyijwe kuri uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022 ,rusubitswe bisabwe n’umwunganira mu mategeko witwa Me Nyembo Emelyne atarabona dosiye y’Ubushinjacyaha, twabakusanyirije bimwe byibanze wamenya kuri uyu mwavoka ugiye kuganira ’Prince Kid’.
Me Nyembo Emelyne uri kuganira Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid ‘ mu mategeko ku byaha akurikiranweho by’ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye bamwe mu bakobwa (…) -
Perezida Kagame yitabiriye inama ya 14 y’umuhora wa ruguru
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye inama y’umuhora wa ruguru, igamije kwihutisha iterambere no koroshya urujya n’uruza rw’abantu muri aka karere.
-
MISS RWANDA 2021: Gutorera kuri Murandasi no kuri SMS byatangiye
23 February 2021, by Dusingizimana RemyIFOTO :INYARWANDA.COM:Amatora yo kuri Murandasi ya Miss Rwanda 2021 yatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Gashyantare 2021 saa sita z’amanywa aho abakobwa 2 ba mbere mu majwi bazahita binjira mu mwiherero.
-
Perezida Nkurunziza yiyemeje kongera kwiyamamariza kuyobora Uburundi bitera bamwe bayoboke ba CNDD FDD gusubiranamo
19 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Petero Nkurunziza uyoboye Uburundi waherukaga gutangaza ko atazigera yiyemeza kwiyamamaza,ngo yavuye ku izima atangariza abayoboke b’ishyaka rye CNDD FDD ko ashaka kwisubiraho bamwe barabyishimira abandi barabirwanya cyane byatumye bamwe biyemeza gushing ishyaka ryabo bakaryita PPD.
-
Dr Nkurunzira wari Umuyobozi Mukuru w’ Imiturire mu mujyi wa Kigali asezeye ku mirimo
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestAmakuru agera ku Kinyaramakuru UMURYANGO aravuga ko Dr Nkurunziza Alphonse wari Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe Ibikorwaremezo n’ Imiturire mu Umujyi wa Kigali amaze gusezera kuri iyi mirimo.
-
Umudepite yasabye ko u Rwanda rwajya ruhinga hejuru y’ amazu
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmwe mu badepite umunani bagize komisiyo y’ ubuhinzi n’ ubworozi Hon. Hindura Jean Pierre yatanze igitekerezo asaba ko Abanyarwanda bajya bahinga hejuru y’ ibisenge by’ amazu, guverinoma ivuga ko igiye kubyigaho.
Iki gitekerezo gitanzwe mu gihe mu Rwanda hakomeje kugaragara ikibazo cy’ ubwiyongere bw’ abaturage nyamara ubutaka bwo guhingaho bukagenda bugabanyuka.
Kimwe mu bituma ubutaka bwo gukoreraho imirimo y’ ubuhinzi n’ ubworozi bugabanyuka harimo kuba bumwe muri ubu butaka bwagenewe (…) -
Sena y’ u Rwanda n’ iya Maroc basinyanye amasezerano yagutse
25 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza na Perezida w’ urwego rwo mu gihugu cya Maroc rugereranwa na Sena bashyize umukono ku masezerano yagutse y’ ubufatanye hagati y’ inzego bayoboye.
Muri uru ruzinduko Bernard Makuza yagiranye ibiganiro n’ abayobozi batandukanye muri icyo gihugu barimo Perezida wa Chambre des Conseillers ari rwo rwego rugereranwa na Sena ndetse na Minisitiri w’ intebe.
Ambasaderi w’ u Rwanda muri Maroc Mathias (…) -
Dr Habineza ngo kuba kandidatire ye yemewe “Ni intsinzi ikomeye kuri Green Party”
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye kandi ko nk ‘ishyaka babyakiriye neza.
Uyu mukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ni umwe mu bakandida batatu bari ku rutonde ntakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza mu matora ya perezida ya 2017.
Dr Frank Habineza yatangarije Umuryango ko kuba ari kuri uru (…)
Umuryango.rw
Ibyo wamenya ku mwavoka wa “Prince Kid” wigeze kuburanira Rusesabagina