Perezida Kagame yavuze ko nta buryo bw’imiyoborere buboneye bwabera ibihugu byose, kandi ngo yumva kutavuga rumwe na Leta atari uguhangana.
Ibi Perezida w’ u Rwanda yabivuze ubwo yaganiraga n’abayobozi b’ibitangazamakuru bya Leta muri Africa bari mu nama rusange i Kigali kuva kuwa mbere w’iki cyumweru.
Perezida Kagame ahamya ko ibikora mu bihugu bimwe atari kamara ko byakunda mu bindi bihugu, akemeza ko nta muti uravumburwa wafasha isi gutera imbere icyarimwe.
Yagize ati “Nta buryo na (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame asanga ‘kutavuga rumwe na Leta bitavuze guhangana’
15 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Busingye yanyomoje abavuze ko u Rwanda rwaciye Igifaransa
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yavuze ko abavuze ko u Rwanda rwaciye ururimi rw’ Igifaransa babivuze kubera impamvu ariko atariko kuri.
-
Iterambere ryaraje ingobyi zahekaga abarwayi zisubira guheka abageni
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda yagize ati ‘Agahugu katagira umuco karacika’. Burya ntawe ukwiye gusebya umuco w’ undi kuko buri muco ugira ibyiza byawo kandi umuco ni nk’ ikiremwa ugira amabyiruka n’ ubusaza ukanapfa.
Imyaka yanjye irasatira 30, nagize 20 ntarabona umugeni bahetse mu ngobyi. Mu mabyiruka yanjye abageni nabonaga bagenda n’ amaguru bakagenda batihuta nkabona nibyiza. Uwabaga yifite yagendaga n’ imodoka bikaba ikimenyetso cy’ ubukire mu bukwe bwe.
Magingo aya ikiranga ubukwe bw’ umukire (…) -
Perezida Kagame yirukanye Umuvunyi Wungirije ushinzwe kurwanya ruswa atarangije manda
9 March 2020, by UbwanditsiMusangabatware Clement, wari Umuvunyi Mukuru Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya ruswa Foto/Igihe
Mu itangazo risohotse kuri uyu mugoroba rivuye mu biro bya Misitiri w’Intebe ryavugaga ko Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi nk’uko itegeko ribimuhera ububasha.
-
Karongi: Abakozi batatu b’ akarere basezereye rimwe
11 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbakozi batatu b’ Akarere ka Karongi bandikiye ubuyobozi bw’ akarere bavuga ko beguye ku mpamvu zabo bwite gusa hari amakuru avuga ko ubwegure bwabo bufite aho buhuriye n’ ikibazo cy’ imigungire mibi y’ amashyamba ya Leta cyavuzwe kuri bamwe muribo.
Abeguye ni Tuyishime Jean Damascene ushinzwe ibikorwa remezo mu karere ka Karongi, Eric Habyarimana ushinzwe amashyamba mu karere ka Karongi hamwe na Agronome w’Umurenge wa Mutuntu Bazambanza Ezaria.
Umwe mu bayobozi mu karere ka Karongi (…) -
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
Ibikorwa bya Sinzi warokoye benshi muri Jenoside akoresheje karate biri gusuzumwa ngo abe yashyirwa mu ntwari[AMAFOTO]
9 April 2018, by Martin MunezeroSinzi Tharcisse, umunyarwanda w’umuhanga mu mukino njyarugamba wa Karate, kugeza ubu benshi bamuzi nk’intwari yakoresheje ubuhanga afite muri uyu mukino akabasha kurokora imbaga y’abatutsi bahigwaga muri Jenoside yo mu 1994. Kugeza ubu, ibikorwa bye bigeze kure bisuzumwa ngo abe yashyirwa mu Ntwari z’u Rwanda. Itsinda ry’abashakashatsi mu kigo cy’igihugu gishinzwe iby’intwari z’igihugu n’imidali y’ishimwe, rigeze kure mu gukusanya ibikorwa n’ibigwi bya Sinzi Tharcisse by’umwihariko ku (…)
-
Meya wa Muhanga yeguye ku mirimo ye kubera gutinya umuvuduko w’iterambere ry’akarere
3 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamariya Béatrice nawe yandikiye Njyanama y’Akarere ka Muhanga asaba kwegura ku mwanya w’Umuyobozi w’Akarere no muri Njyanama.
-
“Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe wawe maze babitereke ku umutwe wa Yesu Kristo ( igice cya 2)”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Col. Ruhunga Jeannot na Kalihangabo bagizwe abayobozi ba Rwanda Investigation Bureau
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestIbiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Mata 2018, byagaragaje ko Umukuru w’Igihugu yagize Col. Ruhunga Jeannot Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB) naho Kalihangabo Isabelle agirwa Umunyamabanga .
Kalihangabo yari asanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera uru rwego rushya ruzaba rubarizwamo.
Itegeko rishyiraho uru rwego risobanura ko rufite inshingano zo gukumira no (…)
Umuryango.rw