Birakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention Center.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: Umunyemari Karera Dennis uyobora Kigali Heights yaba yaratawe muri yombi?
2 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Waba wifuza guhindurirwa ubuzima urimo ubu? Kurikirana urugero rwa Elisa
19 November 2019, by UbwanditsiEliya na Elisa basezerana, 1 Abami 19:19-21 : 19 Ni uko avayo, aragenda asanga Elisa mwene Shafati, ahingisha inka zizirikanijwe ebyiri ebyiri mu mirongo cumi n’ibiri, ahagaze ku murongo uheruka. Eliya akebereza aho aramusanga, amunagira umwitero we. 20 Maze Elisa asiga inka aho arirukanka, akurikira Eliya aramubwira ati “Ndakwinginze reka mbanze njye guhoberana na data na mama, mbone kugukurikira.” Na we aramubwira ati “Subirayo, hari icyo ngutwaye?”
21 Nuko arorera kumukurikira, asubirayo yenda inka ebyiri arazica, atekesha inyama ibiti by’imitambiko yazo, agaburira abantu bararya. Aherako arahaguruka akurikira Eliya, akajya amukorera. -
Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge.
Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri iyo ntara zahise zishyirwa mu kato kuburyo nta nka cyangwa ibiyokomokaho byongera kuva muri iyo ntara ngo bigere mu kindi gice cy’ igihugu.
Ibi ngo nibyo byateje u Rwanda igihombo cya miliyoni 10 z’amadorali nk’ uko byatangajwe na Minisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Gerardine Mukeshimana.
Yagize (…) -
Ingabo z’ u Rwanda zitabiriye umuhango wo gushyingura Ntivuguruzwa warasiwe n’ umusirikare I Gikondo
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu izina rya RDF, Maj Gen Jack Nziza yihanganishije umuryango n’inshurti zabuze uwabo, abizeza ko ubutabera buzatangwa, abahamwe n’icyaha bakabihanirwa bikomeye.
Ntivuguruzwa w’imyaka 28 y’amavuko yarashwe mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira ku wa 10 Gicurasi 2017 i Gikondo, mu Murenge wa Kigarama, Akarere ka Kicukiro.
Abasirikare babiri bamurashe bari mu kazi ko gucunga umutekano muri ako gace, ariko ntiharamenyekana icyabateye kurasa uwo muturage. Ariko Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko (…) -
Perezida Kagame arashimwa ubutitsa n’abo yashyize mu ikipe nshya
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma y’uko Perezida Kagame atangaje amazina y’abagize Guverinoma nshya afatanyije na Minisitiri w’Intebe mushya wa 11, Dr.Ngirente; abisanzemo bakomeje kumushimira ubutitsa.
Ni ubutumwa bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter, Bamwe muri aba ni bashya abandi bagiye bahindurirwa imirimo n’ubwo hari abagumishijwe aho bayoboraga.
Dr Diane Gashumba wongeye kugirirwa icyizere akaba, Minisitiri w’Ubuzima yabanje gushyirwa muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, (…) -
Kamonyi: Abana 7 basanzwe mu rugo rw’ umuturage birakekwa ko bari bagiye gucuruzwa
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’ abantu.
-
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
1 May 2023, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wahakanye ibirego bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yishe abasivili 60, ivuga ko bidafite ishingiro.
-
Manchester United with back to the wall in Europa League
16 March 2021, by UbwanditsiAC Milan are set to welcome to the English Premier League powerhouse Manchester United for a Europa League round of 16 showdown at San Siro. Bruno Fernandes’ team is entering this return leg with back to the wall after failing to win the first leg against their former player Zlatan Ibrahimovic.
Just seconds separated Marcus Rashford’s Manchester United from travelling to Italy for Thursday’s return leg of the round of the last 16 in the Europa League feeling hopeful of advancing against AC (…) -
Bwa mbere u Rwanda rwohereje mu butumwa abapolisikazi benshi [AMAFOTO]
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuriri w’ amashyi n’ uruvange rw’ amajwi yiganjemo ay’ igitsina gore byumvikanye ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kamena ubwo abapolisikazi u Rwanda rwohereje kubungabunga amahori muri Sudani y’ Epfo baririmbaga ngo “Tuzazikurikiza, tuzazikurikiza inama mutugira, tuzazikurikiza”
-
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
20 September 2021, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe n’igihano guverinoma y’u Rwanda yahaye Paul Rusesabagina, ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika bwemewe n’amategeko.
Ibi bikubiye mu itangazo umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Ned Price,yashyize hanze urubanza rwa Rusesabagina rukimara gusomwa mu rukiko rukuru rw’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Aragira, ati: "Amakuru y’uko habuze umucyo muri uru rubanza ateye kwibaza ku kuri kw’igihano (…)
Umuryango.rw
RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina