Ni amakuru yavuzwe cyane mu itangazamakuru yashimangiye ko u Rwanda ruzohereza icyogajuru cyarwo bwite mu usanzure, ubu noneho bidasubirwaho u Rwanda ruzacyohereza muri uyu mwaka wa 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bidasubirwa vuba u Rwanda rugiye kohereza Icyogajuru mu kirere
31 January 2019, by Martin Munezero -
U Rwanda rugiye kohereza bwa mbere icyogajuru mu kirere
25 January 2019, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku bufatanye na leta Ubuyapani nyuma y’amasezerano ibihugu byombi byasinyanye mu mwaka ushize.
-
CAR: UN itewe impungenge n’uko ibintu bishobora kudogera kurushaho nyuma y’igenda ry’ingabo zari mu butumwa bw’amahoro
14 June 2017, by Ferdinand DukundimanaKuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Abibumbye watangaje ko utewe impungenge n’uko ibintu bishobora kongera kudogera mu gihugu cya Repubulika ya Centre Afurika nyuma y’igenda ry’ingabo za Uganda, Sudani y’Epfo n’iza Amerika zari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu.
Umutwe w’iterabwoba uzwi nka Lord’s Resistance Army, uyobowe na Josephy Kony, umaze imyaka 30 ugaba ibitero by’iterabwoba mu duce tunyuranye twa Repubulika ya Centre Africa.
Kuva mu 1987, ubwo Kony yashingaga uyu mutwe, bivugwa (…) -
Sadate Munyakazi avuga ko agiye kurega Sam Karenzi na Radio10
21 November 2020, by UbwanditsiSadate Munyakazi wigeze kuyobora Rayon Sport akavaho mu buryo bugoranye RGB igombye kuhagoboka yatangarije Umuryango ko ateganya kurega Radio na Tv10 n’umunyamakuru Sam Karenzi nyuma y’iterana ry’amagambo ndetse n’ibiganiro Sadate avuga ko binyura mu kiganiro Urukiko bimwibasira kandi ngo bimutuka.
-
The Ben yashimiwe ubumuntu yagize ubwo yashyiraga ahagaragara abantu 9 akesha kuba uwo ari we (AMAFOTO)
31 May 2017, by Martin MunezeroThe Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda kamukoze ku mutima.
Mugisha Benjamin uzwi cyane nka The Ben akaba umuhanzi w’umunyagikundiro usigaye ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko yanyuzwe n’akazi gakomeye yakorewe n’aba Producers [Abatunganya muzika] bo mu Rwanda batumye aba uwo ariwe kugeza ubu.
Uyu muhanzi wari (…) -
#Umwiherero 2020:Imico myiza nagize iraza gushira-Perezida Kagame abwira abayobozi
16 February 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yabwiye abayobozi bose bo mu Rwanda ko yiteguye kureka kuborohera agahangana nabo,kugira ngo bakore neza inshingano zabo nkuko bikwiriye.
-
Hategekimana Gangi yitabye Imana kuri uyu wa kabiri
14 November 2017• Hategekimana Bonaventure yitabye Imana azize uburwayi
• Hategekimana yapfuye kuri uyu wa kabiri mu bitaro bya CHUB -
Nyamagabe: Gitifu w’umurenge yanze kuvugisha itangazamakuru yurira imodoka arigendera [AMAFOTO]
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Tare Mwibonere Dative yanze gusubiza ibibazo by’ abanyamakuru birimo iby’ umwanda wo mu maresitora n’ abaturage batamesa ntibanoge yurira imodoka arigendera.
-
Abaturanyi ba Perezida Kagame barisanzuye kuburyo bajyayo kunywa amata
25 July 2017, by Iyamuremye JanvierNubwo umukuru w’Igihugu Paul Kagame agaragara arinzwe ntibibuza abaturanyi be kugera iwe kandi bisanzuye mu mahoro.Umugore utuye ku rugabano rw’akarere ka Rwamagana na Kayonza ndetse n’umugabo bombi bafite ubutaka buhana imbibi n’ubwa Perezida Paul Kagame banyuzwe no kuba ari umuturanyi mwiza.
Aba bombi bavuga ko Perezida Kagame ari umuturanyi mwiza ngo bajya iwe bakabaha amata. Banavuga ko kubera guturana nawe bagize amahirwe yo kubona indege imbona nkubone nk’ uko babitangarije Royal Tv (…) -
Rayon Sports yabonye umufatanyabikorwa mushya wunganira SKOL
20 September 2017Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 19 Nzeri 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano na sosiyete nshya igiye gucuruza imikino y’amahirwe hano mu Rwanda ya Feza Bet yari iherutse gusinyana amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu. Aya masezerano yasinywe n’uwari uhagarariye Rayon Sports Gacinya Dennis na Maitre Kizito Safari wari uhagarariye Sosiyete ya Feza Bet aho bombi bemeje ko bemeranyije gukorana mu gihe kigera ku myaka ine.
Mu bikubiye muri aya (…)
Umuryango.rw