Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Nzeli 2018, Maitre Vedaste Habimana, umuhesha w’inkiko w’umwuga yagiye kugurisha mu cyamunara uruganda rw’ibibiriti rwa SORWAL habura umuntu n’ umwe upiganwa. Uru ruganda rubereyemo Leta y’ u Rwanda imyenda y’ imisoro n’ abaturage barukoreraga hari amafaranga batishyuwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Cyamunara/Huye : Uruganda rw’ ibibiriti rwabuze n’ umwe urugereka
12 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
REG yongeye guhakanira mu bwenge abahombywa n’ amashanyarazi acikagurika
8 May 2017, by Nsanzimana ErnestImbere y’ abadepite bagize komisiyo y’imari mu nteko ishingamategeko y’ u Rwanda ikigo cy’ igihugu gishinzwe ingufu z’ amashanyarazi REG ku kibazo cyo kuba abashoramari bagwa mu bihombo kubera icikagurika n’ ibura ry’ amashanyarazi, umuyobozi wayo yavuze ko nta byinshi yavuga kuri iki kibazo gusa avuga ko umwaka utaha ibi bizakemuka.
Ubusanzwe byumvikana ko iyo habayeho igihombo uwagiteje asabwa kwishyurwa igihombo cyabayeho ariko kuri REG siko bimeze kuko kwishyura abaturage ibyangijwe n’ (…) -
Uwamariya wakoraga muri UR yatorewe kuyobora akarere ka Huye by’ agateganyo
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane Kamena 2018, Inama Njyanama y’Akarere ka Huye yatoye Uwamariya Veneranda kuba Umuyobozi w’ akarere ka Huye nyuma y’ uko mu cyumweru gishize yeguje komite nyobozi y’ akarere.
-
Prof Lwakabamba yeguye ku buyobozi bwa INATEK
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestProf Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza ibaruwa y’ ubwegure bwe.
Avuga ko yeguye bitewe n’ uko mu gihe amaze ayobora iyi kaminuza yakoze uko ashoboye ngo ayiteze imbere ariko nyirayo ntabimufashemo.
Ati “ Nibyo, ni impamvu imwe yoroshye y’uko nahawe akazi kugira ngo kiriya kigo gitere imbere gitange uburezi bufite ireme. Twashyizeho ingamba (…) -
Huye :Abagizwe incike na Jenoside batujwe mu rugo rw’impinganzima bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG [AMAFOTO]
16 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda bagizwe incike na jenoside batujwe mu rugo rw’Impinganzima mu murenge wa Mukura,akarere ka Huye, bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG rwabafashije imirimo itandukanye ndetse rurabaganiriza rubereka ko batari bonyine.
-
Kigali: Umusore yakoze ku gipangu cyarimo umuriro w’amashanyarazi hafi y’umuhanda ahita apfa
30 September 2019, by Dusingizimana RemyUmusore uri mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, usanzwe atoragura ibyuma akabigurisha,yakoze ku nsinga zikikije igipangu zarimo umurimo umuriro w’amashanyanyarazi uramufata ahita apfa.
-
Nyamagabe: Batsinze ikizamini kibinjiza mu bakozi ba Leta barahamagarwa ariko ntibinjizwa mu kazi
22 September 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bakoze ibizamini byo kwigisha mu mashuri abanza mu karere ka Nyamagabe,baravuga ko barenganyijwe nyuma yo gutsinda ibizamini ariko bajya gutangira akazi bakabwirwa ko impamyabumenyi zabo zitabemerera kwigisha mu mashuri abanza.
-
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994
9 April 2022, by ISHIMWE JANECharles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka abishwe.
-
Kandida - Perezida Mpayimana ntabwo yabonetse kuri site ebyiri yagombaga kwiyamamarizaho
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe ku isaha ya saa cyenda n’ igice (3:30) z’ umugoroba ntabwo aragera kuri site n’ imwe muri site enye yagombaga kwiyamamarizaho kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Nyakanga.
Kuri gahunda y’ umukandida Mpayimana byari biteganyijwe ko saa mbili za mugitongo yiyamamariza mu murenge (…) -
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwali
1 February 2019, by Martin MunezeroPaul Kagame yashimiye intwari zitangiye u Rwanda, avuga ko ubwitange bwabo buzakomeza kuzirikanwa, kandi ko ari inshingano za buri wese kugira ngo igihugu gikomeze kujya aho Abanyarwanda bifuza.
Umuryango.rw
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994