Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 01/03/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa HARERIMANA Claude na MUJAWAMARIYA Julienne uherereye mu Kagali ka Kagasa Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro ngo harangizwe urubanza rw’ubutane.
Ku bisobanuro birambuye soma itangazo riri hano hasi:
UKENEYE IBINDI BISOBANURO YABARIZA
KURI : 0788420923/0782710883
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa uri mu murenge wa Gahanga Akarere ka Kicukiro
19 February 2019, by Ubwanditsi -
Gitifu wa Kinigi ukekwaho gutwikira umwana we mu nzu yatangiye kuburanishwa
19 April 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 18 Mata urukiko rwisumuye rwa Musanze rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo Umunyarwabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kinigi MUNYARUGENDO Manzi Claude n’ abandi batandatu bakurikiranyweho kwicwa umwana w’umukobwa witwaga UWIKAZE Kevine wari ufite imyaka ibiri n’igice y’amavuko.
-
Perezida Kagame yashimiye Arsenal ku munsi we w’amavuko
23 October 2018, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’U Rwanda wizihije isabukuru y’imyaka 61 uyu munsi,yavuze ko yishimiye ko ikipe afana,Arsenal ihagaze neza ndetse yagarutse mu bihe byiza byo gutsinda nyuma y’ uko Arsene Wenger wari umutoza wayo ayisezeyeho umwaka ushize.
-
Ingabo z’ u Rwanda zitabiriye umuhango wo gushyingura Ntivuguruzwa warasiwe n’ umusirikare I Gikondo
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu izina rya RDF, Maj Gen Jack Nziza yihanganishije umuryango n’inshurti zabuze uwabo, abizeza ko ubutabera buzatangwa, abahamwe n’icyaha bakabihanirwa bikomeye.
Ntivuguruzwa w’imyaka 28 y’amavuko yarashwe mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira ku wa 10 Gicurasi 2017 i Gikondo, mu Murenge wa Kigarama, Akarere ka Kicukiro.
Abasirikare babiri bamurashe bari mu kazi ko gucunga umutekano muri ako gace, ariko ntiharamenyekana icyabateye kurasa uwo muturage. Ariko Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko (…) -
Umukandida Mpayimana yasobanuye impamvu avuga nta muntu ukwiye kurenza abana 3 kandi we agize batanu
23 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga Mpayimana Philippe uri mu biyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko iyo avuga ko nta muntu ukwiye kubyara abana barenze batatu umuntu aba avuga ari umugore.
Mu turere dutandukanye uyu mukandida Mpayimana yiyamamarijemo yakunze kumvikana avuga ko naramuka atorewe kuyobora u Rwanda azashyiraho umurongo uhamye wo kutemerera abashakanye kubyara abana barenze batatu.
Nyamara nubwo avuga ibi mu mike ishize umuryango wa Mpayimana Philippe wungutse umwana wa 5.
Mu kiganiro (…) -
U Rwanda rushobora gutanga ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri OECD
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development (OECD).
-
Mineduc n’ibigo byayo bikuwe mu kwaha kwa Minaloc hari icyahinduka?Kwirukana abayobozi bikemura iki?
3 November 2020, by UbwanditsiHari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc n’ibigo byayo byaba bikuwe mu kwaha kwa Minaloc niba hari icyahinduka aho guhora hirukanwa aba Minisitiri n’abayobozi ba REB nyamara ntibigire icyo bikemura? Kurikirana ikiganiro? -
Uwatwikishije ipasi umukozi wo mu rugo w’ imyaka 16 nta gihano yahawe
31 March 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ngoma rwakatiye Noella Ihirwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera iyicarubozo Synthia Umutoniwase wamukoreraga akazi ko mu rugo, gusa uwitwa Joseph watwikishije uyu mukozi ipasi nta gihano yahawe nyamara umuturanyi wahamijwe kumukanda amabere no kumupfura imisatsi yahanishijwe gufungwa umwaka n’ amezi atatu.
Kuba Noella yarakatiwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse bivuze ko atagezwa muri gereza.
Ibimenyetso umushinjacyaha (…) -
Watch UEFA Europa League on StarTimes Arsenal and Leicester a win away from the knock-out stage
24 November 2020, by UbwanditsiPremier League clubs Arsenal and Leicester City have a chance to advance to the knock-out stage of the Europa League this week.
Arsenal are away at Norwegian club Molde, while Leicester City travel to Braga and both will be assured of advancing to the next round with a victory on Thursday. Arsenal, who were held to a goalless draw at Leeds in the Premier League on Sunday, top Group B with nine points from Molde who have six after their three games.
As the tie-breaker used in the (…) -
MINEDUC yamaganye ibyo gupima abakobwa mbere y’uko basubira ku ishuri
23 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yabujije ibigo by’amashuri gusaba abanyeshuri b’abakobwa impapuro zerekana ko bipimishije ndetse ko badatwite nyuma y’amezi 7 ashize amashuri yarafunzwe kubera icyorezo cya Covid-19.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa uri mu murenge wa Gahanga Akarere ka Kicukiro