Ubuyobozi bwa Rwanda Insipiration Backup , kompanyi itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva 2014 batangaje ibyavuguruwe mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu aho Prince Kid yavuze ko kwiyandikisha ku mukobwa ushaka guhatana bizatangira tariki ya 14 Ukuboza 2017.Yavuze ko tariki 13 Mutarama 2018 aribwo hazatangira amajonjora yo guhitamo abakobwa bazahagararira intara n’umujyi wa Kigali. Yakomeje avuga ko buri Ntara izahagararirwa n’abakobwa 30 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Miss Rwanda 2018: Ururimi rw’ Ikinyarwanda rwahawe agaciro
13 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
Leta y’ u Rwanda yahagaritse imiti yavaga mu Buhinde n’ Ubushinwa itujuje ubuziranenge
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyahagaritse ikoreshwa n’icuruzwa ry’ubwoko bubiri bw’imiti yifashishwa mu kuvura kuva kw’amaraso gukabije ku mubyeyi umaze kubyara, nyuma yo gukemanga ubuziranenge bwayo.
-
Nyarugenge: Hafashwe abandi bantu bari gusengera mu cyumba cy’amasengesho
22 March 2020, by Dusingizimana RemyHirya no hino mu gihugu hakomeje gufatwa abantu bananiwe kwihanganira guhagarika gusengera mu byumba by’amasengesho aho mu karere ka Nyarugenge naho hafatiwe abandi bantu kuri iki cyumweru taliki ya 22 werurwe 2020.
-
Muhanga: Bataburuye umurambo w’ umugore ngo hasuzumwe icyamwishe
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ umurenge wa Shyogwe wo mu karere ka Muhanga bwataburuye umurambo w’ umugore bikekwa ko yazize uburozi washyinguwe ku wa Gatandatu bubitegetswe n’ Urwego rw’ igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB.
-
Canada: Abanyarwanda babiri barashwe
6 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmusore n’ inkumi bombi b’ Abanyarwanda bari mu bantu batatu barimo barasiwe mu mirwano yahuje Abanya-Somalia babiri mu rukerera rwo ku Cyumweru mu Mujyi wa Edmonton muri Canada.
Aba banyarwanda barashwe ni umukobwa w’imyaka 23 y’amavuko witwa Maya Abdallah n’umusore witwa Alphonse Kuku mu gihe uwa gatatu ari umusore ukomoka muri Ghana.
Inkomoko y’uku kuraswa yaturutse ku bushyamirane bwahuje abasore babiri bo muri Somalia baba muri uyu Mujyi wa Edmonton bari bitabiriye ibikorwa byo (…) -
‘Kwirinda Ebola birasaba isuku no gutanga amakuru ku gihe’ – Minisitiri Gashumba
7 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangaje ko ku Rwanda gukumira Ebola bishoboka cyane kuko rudafite inkende zibika virus iyitera.
-
Nkundamatch yahishuye agahinda yatewe no gupfusha abana be b’impanga anibasira umucyeba APR FC
28 August 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTUbusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon sports.
Muminsi ishize nibwo ku rukuta rwe rwa Facebook yashyizeho inyandiko y’akababaro ko yamaze kubura abana be b’impanga umuhungu n’umukobwa.
Yagize ati” Ikibazo nagize cyo kubura Impanga umuhungu n’Umukobwa nibyo koko byarabaye Ariko kubw’amahirwe Umu Chr (Umukunzi) wanjye aracyari muzima (…) -
Sobanukirwa uko ukwiye kwitwara mu gihe washobewe ibibazo byakubujije amahwemo
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMu rwandiko Pawulo yandikiye Abaheburayo10:38-39 haragira hati: “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira. Ariko ntituri abasubira inyuma ngo turimbuke ahubwo turi abafite ukwizera kugirango turokore ubugingo bukomeze kubaho.”
-
Gicumbi: 60 bazindukiye ku karere mu gisa n’ imyigaragambyo basaba kwishyurizwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Ugushyingo 2017, abaturage biganjemo abo mu karere ka Gicumbi bavuga ko bakoreye rwiyemezamirimo bubaka ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga bazindukiye ku biro by’ akarere ka Gicumbi basaba ubuyobozi bw’ aka karere kubishyiriza.
Ubwo Radio flash yagera ku karere ka Gicumbi yasanze aba baturage bicaye ku biro by’ akarere ka Gicumbi abandi baryamye.
Kuri aba baturage intero n’ imwe ni uko batari buve ku biro by’ aka karere kugeza babonye umuyobozi w’ (…) -
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
Umuryango.rw
Leta y’ u Rwanda yahagaritse imiti yavaga mu Buhinde n’ Ubushinwa itujuje ubuziranenge