Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Gashyantare 2019 nibwo mu murenge wa Masoro w’ akarere ka Rulindo hamenyekanye inkuru y’ abana batatu bahiriye mu nzu babiri bakitaba Imana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rulindo:Abana 3 bahiriye mu nzu itabamo amashanyarazi ndetse batanatekeragamo
7 February 2019, by Martin Munezero -
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya nyuma yo mu matsinda ya Europa League yihariye ku makipe yo mu Bwongereza
7 December 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’akazi gakomeye kakozwe mu mikino yabanje ya UEFA Europa League,amakipe 3 yo mu Bwongereza yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/32 ari nayo mpamvu azajya mu mikino y’umunsi wa nyuma nta mihangayiko.
-
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo
13 June 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu umurenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko babuze aho bahahira nyuma y’uko kuva kuri uyu wa gatanu tariki 12 kamena 2020 uwo murenge washyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo kubera COVID-19.
-
Gicumbi:Ngo kurongora umugore umwe gusa babiterwa n’ubukene
7 October 2019, by Martin MunezeroAbagabo bakomoka I Gicumbi bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n’ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe.
-
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
29 June 2021, by UbwanditsiBEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.
BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.
VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa (…) -
Kirehe: Abaturage 11 bafungiwe ku kagari , umwe ahava ajya mu bitaro
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage 11 bo mu kagari Rwantonde mu murenge wa Gatore baravuga ko bafungiwe mu biro by’ Akagari, bakagubitwa kugeza ubwo umwe muribo yahavuye ajya mu bitaro.
-
SKOL,isoko y’imyidagaduro ku Banyarwanda
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL ruzwiho guha abakiliya barwo ibicuruzwa byujuje ubuziranenge ndetse rugafasha abanywa ibinyobwa byarwo kwishima no kuryoherwa n’ubuzima.
-
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
7 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa 7 Kamenya 2023 nibwo Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi basaga 4000 muri Polisi y’u Rwanda, barimo Abofisiye bakuru, Abato n’Abapolisi basanzwe.
Abapolisi barindwi bari basanzwe bafite ipeti rya Chief Superindent of Police( CSP) bazamuwe mu ntera ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo bapolisi barimo se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine ugiye kumarana ikamba imyaka ibiri. Se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, Muheto Francis ari mu (…) -
Gitifu wa Nyagatare n’ ushinzwe amasoko batawe muri yombi
7 September 2017, by Martin MunezeroUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare Alex Mugabo yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Nzeri aho ashinjwa gutanga isoko rya 1 157 931 600 binyuranije n’amategeko.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Jean Bosco Dusabe, yatangaje ko Alex Mugabo na mugenzi we Fred Kayitare bafashwe ejo mu ma saha ya saa cyenda n’igice z’igicamunsi (15h30), ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare.
IP Dusabe yagize ati "Nibyo koko (…) -
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…)
Umuryango.rw
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi