Abaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi y’ibirohwa nyuma y’uko imiyoboro y’amazi meza bavomaga yangijwe ubwo hakorwaga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize.
Aba baturage biganjemo abo mu mudugudu w’Agasharu, Kanyinya, Mpinga na Rwabuye bavuga ko bari basanzwe bakoresha amazi yazanywe n’abafurere batuye muri uwo murenge wa Mbazi akaza kwangizwa n’imashini zakoraga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize ubu ngo bakaba bari guhura n’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa
5 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
APR FC yirukanye Ishimwe Kevin kubera gutuka umutoza we
29 October 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa APR FC,bwatangaje ko bwirukanye Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Ishimwe Kevin mu mwiherero w’iyi kipe kubera imyitwarire mibi yamugaragayeho mu myitozo y’iyi kipe.
-
Perezida Kagame na Ruto bahishuye amakuru meza aturuka muri RDC
4 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na mugenzi we William Ruto wasuye u Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri bavuze ko mu mezi 3 ashize ibibazo byo muri RDC byagiye bigabanuka ku buryo ngo bagiye gukomeza gushaka ibisubizo birambye.
Mu kiganiro n’abanyamakuru aba baperezida bombi bakoze,bavuze ko mu mezi make ashize ibintu byari bitangiye kuba byiza.
Perezida Ruto yagize ati:"Mu kwezi gushize,hagaragaye impinduka nziza nyinshi ku byerekeye ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.
Ubu dufite ingabo za (…) -
RIB yarangije iperereza yakoraga kuri Evode Uwizeyimana washinjwe gukubita umugore
12 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko iperereza ku bikekwaho Evode Uwizeyimana uherutse kwegura muri guverinoma ryarangiye.
Kuwa kane w’icyumweru gishize, Bwana Uwizeyimana yashyikirije minisitiri w’intebe kwegura kwe ku mwanya w’umunyamabanga wa leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko.
Hari hashize iminsi micye asabye imbabazi kuri Twitter nyuma yo kunengwa n’uwamubonye asunika agatura hasi umukozi ushinzwe umutekano ku nyubako y’ubucuruzi muri Kigali.
Mu cyumweru (…) -
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
18 August 2020, by UbwanditsiIgikorwa cyo kwiyandikisha muri gahunda ya “Postpone your birthday and celebrate it when bars reopen” cya teguwe na SKOL BREWERY LTD kirakomeje guhera mu kwezi gushize kwa Nyakanga.
Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, SKOL BREWERY LTD, rwatangije uburyo bwo gufasha abantu batabonye uko bizihiza amasabukuru yabo y’amavuko bitewe n’uko yahuriranye na gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
Iyi gahunda yiswe "Imura isabukuru yawe tugufashe kuyizihiza (…) -
Umwe mu batorokanye Gereza na Ntamuhanga Cassien yafatiwe mu kabari
4 April 2018, by Martin MunezeroUmugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka Gicumbi.
Uyu mugabo yari yatorotse gereza mu ijoro rishyira ku wa 31 Ukwakira 2017, aho Urwego rw’Igihugu rw’Imfungwa n’Abagororwa, RCS, rwaje kwemeza ko hamwe n’abo bajyanye bakoresheje imigozi bakurira urukuta rwa gereza.
Umuvugizi wa RCS, CIP Sengabo Hillary, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko mu (…) -
Gaby Kamanzi w’ imyaka 36 ategereje umugabo w’umugisha azerekwa mu nzozi (AMAFOTO)
13 June 2017, by Martin MunezeroUmuririmbyikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana Gabby Irene Kamanzi, kuri uyu wambere taliki ya 12 Kamena 2017 yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 36 amaze abonye izuba.
Uyu mukobwa ni umwe mubahanzi kazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakunzwe cyane mu Rwanda, ku myaka 36 y’amavuko aracyari ingaragu, burigihe iyo abajijwe kubijyanye n’urukundo cyangwa se igihe yaba yitegura kuba yashaka uwo bazabana akaramata agusubizako agitegereje umugabo w’umugisha Imana izamwereka mu (…) -
Ubushinjacyaha bwagaragaje ibimenyetso byinshi ku birego Rusesabagina akurikiranweho
31 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 31 Werurwe 2021, guhera saa Mbiri n’igice z’igitondo nibwo Urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka Imbibi rwakomeje iburanisha ku rubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo bareganwa.
-
Perezida Kagame yasimbuje Umuyobozi Mukuru wa WASAC
2 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakuye James Sano ku mwanya w’ ubuyobozi bukuru bw’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC ashyiraho n’ abanyamabanga ba Leta muri Minisiteri nshya ebyiri ziherutse gushyirwaho.
James Sano yasimbujwe Bwana Aime Muzola nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ ibiro bya Minisitiri w’ intebe. -
Nyuma y’umwaka umwe atowe, Meya wa Kamonyi yeguye
20 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAmakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.
Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga, yeguye nyuma y’umwaka n’amezi ane yari amaze ayobora aka karere kuko yatangiye imirimo tariki ya 26 Gashyantare 2016.
Karuranga Emmanuel uyobora Inama Njyanama y’Akarere ka Kamonyi, yirinze kwemeza aya makuru ngo kuko kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari atarabona ibaruwa y’ubwegure bwa Udahemuka (…)
Umuryango.rw
Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa
Perezida Kagame na Ruto bahishuye amakuru meza aturuka muri RDC
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura