Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rwari urwa kabiri agiriye muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo kuko yaherukagayo mu 2004.
Icyo gihe Umukuru w’Igihugu yaganiriye na mugenzi we Nyusi wa Mozambique ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byombi, haba mu bufatanye mu nzego zitandukanye zirimo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali mu myiteguro yo kwakira Perezida Nyusi
19 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
CHUB: Umwe mu banyeshuli bariye ibiryo bihumanye yaguye mu bitaro bigakekwa ko atitaweho bihagije n’abaganga
15 May 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Augustin Nahimana
Ku mugoroba wo kuri icyi cyumweru ahagana saa yine z’ijoro nibwo umunyeshuli muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bikekwa ko azize malariya yiyongereye ku burwayi yatewe n’ibiryo byaba byari bihumanye yariye muri kaminza mu ijoro ryo kuwa 10/5/2017.
Umunyeshuli witabye Imana akaba yitwa Augustin Nahimana akaba yigaga mu mwaka wa mbere w’ishami ry’ubukungu.
Umwe mu banyeshuli wabaye hafi ya (…) -
REG yongeye guhakanira mu bwenge abahombywa n’ amashanyarazi acikagurika
8 May 2017, by Nsanzimana ErnestImbere y’ abadepite bagize komisiyo y’imari mu nteko ishingamategeko y’ u Rwanda ikigo cy’ igihugu gishinzwe ingufu z’ amashanyarazi REG ku kibazo cyo kuba abashoramari bagwa mu bihombo kubera icikagurika n’ ibura ry’ amashanyarazi, umuyobozi wayo yavuze ko nta byinshi yavuga kuri iki kibazo gusa avuga ko umwaka utaha ibi bizakemuka.
Ubusanzwe byumvikana ko iyo habayeho igihombo uwagiteje asabwa kwishyurwa igihombo cyabayeho ariko kuri REG siko bimeze kuko kwishyura abaturage ibyangijwe n’ (…) -
Musanze: Ba bayobozi n’aba DASSO bagaragaye bakubita abaturage bongeye gutabwa muri yombi nyuma yo kurekurwa n’urukiko
12 June 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze na bagenzi be bari bamaze iminsi muri gereza bashinjwa gukubita no gukomeretsa, bari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho noneho bakekwaho ruswa no gushaka gutoroka ubutabera.
-
Rtd.capt.Bwitare wari mu basirikare babohoje u Rwanda bakanahagarika Jenoside Yitabye Imana
10 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Mata 2020,nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Eulade Bwitare Nyirinkindi wari umukozi w’Ambassade ndetse wanabaye Diplomate w’u Rwanda mu Bubiligi yitabye Imana kuri uyu Gatanu tariki ya 10 Mata 2020.
-
Abarundi 2500 bari barahungiye muri Congo binjiye mu Rwanda
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi z’ Abarundi 2500 bari barahungiye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 binjiye mu Rwanda bavuga ko bahunze umutekano muke.
Minisiteri yo gukumira Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda MIDMAR yatangaje ko izi mpunzi zari zarahungiye mu nkambi ya Kamanyola zinjirire mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi. Leta y’ u Rwanda ifatanyije n’ ishami ry’umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR ishami ry’ u Rwanda bakaba barimo kwakira (…) -
Undi muyobozi wa Zion Temple yandikiye Intumwa Paul Gitwaza ibaruwa ifunguye nawe amusezera(REBA IYO BARUWA HANO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmuyobozi mukuru wa Zion Temple kuri Paruwasi ya Kibagabaga , Pasiteri Kabagema Celestin yasezeye yandikiye Apôtre Dr. Paul Gitwaza ibaruwa amumenyesha ko asezeye ku nshingano yari afite muri iri dini.
Muri iyi baruwa yanditswe ku wa Gatandatu, tariki ya 13 Gicurasi 2017, Pasiteri Kabagema Celestin yagaragaje ko yiteguye gutanga buri cyose kijyanye n’inshingano yari afite, anashimangira ko azakomeza gukorana bya hafi n’ubuyobozi bw’itorero.
Uyu mugabo yatangaje ubu bwegure bwe mu (…) -
Umugororwa watorotse gereza yashyikirijwe polisi y’ u Rwanda
11 May 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe.
Uyu Rugamba, ku itariki ya 24 Kamena 2011 yishe uwitwa Bihezande Francois, iki cyaha agikorera mu karere ka Kamonyi umurenge wa Gacurabwenge, nyuma urukiko rumukatira imyaka 20 y’igifungo ajya kukirangiriza muri gereza nkuru ya Kigali izwi nka 1930, nibwo ku itariki ya 22 Gashyantare uyu mwaka wa 2017 yatorotse (…) -
Dr Habumuremyi yifurije Perezida Kagame Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire
24 December 2017, by Nsanzimana ErnestDr Pierre Damien Habumurenyi wahoze ari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda yakomoje kubyiza u Rwanda rwagezeho muri uyu mwaka wa 2017 anifuriza Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuryango we.
Ni mubutumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa twitter kuri uyu wa 24 Ukuboza 2017.
Uyu mwaka 2017 watubereye mwiza cyane: Twitoreye HE @PaulKagame ,Yatorewe kuyobora AU,twizihije isabukuru y'imyaka 30 ya RPF,twitoreye Chairman wa RPF,twagize umushyikirano mwiza mu (…) -
Abacamanza b’ Abafaransa basabye ko iperereza ku wahanuye indege ya Habyarimana rihagarara
14 October 2018, by Nsanzimana ErnestUru rubanza rumaze igihe ndetse rutuma u Rwanda rutarebana neza n’ u Bufaransa.
Iperereza ku wahanuye iyi ndege ryatangiye mu 1998.
Indege yari itwaye Juvenal Habyalimana na n’ uwari Perezida w’ u Burundi Cyprien Ntaryamira yarashwe tariki 6 Mata 1994, jenoside yakorewe abatutsi ihita itangira.
Nk’ uko byatangajwe n’ ibiro ntaramakuru by’ Abafaransa AFP, mu itangazo abashinjacyaha b’ u Bufaransa bashyize ahagaragara tariki 10 Ukwakira basabye ko ibiregwa abantu 7 bikurwaho kuko abakora (…)
Umuryango.rw
CHUB: Umwe mu banyeshuli bariye ibiryo bihumanye yaguye mu bitaro bigakekwa ko atitaweho bihagije n’abaganga