Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda Minisante yatangaje ko igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi budakoresha imiti buzwi nka Reflexology, iyakuramyakura.
Iyi Minisiteri yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Kamena 2017.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisante ushinzwe ubuvuzi rusange Dr Patrick Ndimubanzi yabwiye abanyamakuru ko hari abakora ubu buvuzi batabifitiye impabumenyi abandi bakabukora nabi.
Uyu muyobozi yavuze ko mu igenzura bakoze basanze (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta y’ u Rwanda igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi bukoresha iyakuramyakura
9 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa
5 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi y’ibirohwa nyuma y’uko imiyoboro y’amazi meza bavomaga yangijwe ubwo hakorwaga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize.
Aba baturage biganjemo abo mu mudugudu w’Agasharu, Kanyinya, Mpinga na Rwabuye bavuga ko bari basanzwe bakoresha amazi yazanywe n’abafurere batuye muri uwo murenge wa Mbazi akaza kwangizwa n’imashini zakoraga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize ubu ngo bakaba bari guhura n’ (…) -
Muhanga: Abangavu 291 baheruka kubyara batiteguye, irari ry’ibigezweho ku isonga y’iki kibazo
26 August 2019, by UbwanditsiUmuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice yavuze mu ibarura bakoze mu mezi atatu ashize bareba imibare y’abana babyariye iwabo bakiri bato mu karere kose basanze abari munsi y’imyaka 18 baheruka kubyara nyuma yo guterwa inda zitateganyijwe basaga 291, imibare avuga iri ku kigero kinini.
-
Karongi: Umwarimu arashinja Gitifu na DASSO kumukubita bakamumena ubugabo
22 April 2020, by Dusingizimana RemyUmwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye mu Karere ka Karongi yatangaje ko yakubiswe na Gitifu w’Umurenge wa Gishari afatanyije na DASSO, bari bamaze umwanya banywa inzoga mu kabari birangira bamumenye ubugabo.
-
Minisante yanyomoje ibivugwa ko kutanywa inzoga bishobora gutera umubiri kubura arukoro
17 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda ishishikariza Abanyarwanda kwirinda ibiyobyabwenge kuko ntakiza cyabyo ahubwo byica abantu bikanadindiza iterambere.
Iyi Minisiteri yanyomoje ibikunze kuvugwa n’ abantu badandukanye bavuga ko kutanywa inzoga bishobora gutuma umuntu agerwaho n’ ingaruka zitewe n’ uko umubiri wabuze umusemburo.
Umuyobozi w’ Ishami rivura indwara zo mu mutwe Dr Jean Damascene Iyamuremye yavuze ko arukoro/umusemburo ari ngombwa mu mubiri, gusa ngo ntawe ukwiye kwishora mu (…) -
Ambasade ya Israel yahaye inkunga y’udupfukamunwa 4000 umuryango AVEGA n’abagore bacururiza mu isoko rya Kimironko
27 April 2020, by Dusingizimana RemyAmbasade ya Israel mu Rwanda yahaye inkunga y’udupfukamunwa ibihumbi 4000 abanyarwandakazi barimo Abanyamuryango ba AVEGA bahawe utugera ku bihumbi 2000 mu gihe utundi ibihumbi 2000 twahawe abagore bacururiza ibiribwa mu isoko rya Kimironko.
-
Karongi: Umunyeshuli wa IPRC Karongi yarohamye mu kiyaga cya Kivu arapfa
27 October 2019, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Gilbert Hirwa w’imyaka 21 wigaga muri IPRC Karongi yaraye arohamye mu kiyaga cya Kivu, ubwo yari kumwe na bagenzi be babiri bari bazi ko azi koga, bakaza kumukuramo yapfuye.
-
Rayon Sports yeretse ibigwi byayo Heroes FC ikomeza gusatira APR FC
8 December 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yanyagiye Heroes yazamutse uyu mwaka ibitego 4-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, bituma ifata umwanya wa kabiri bidasubirwaho yari imaze iminsi isangiye na Police FC.
-
Nanditse nciye bugufi ko mu bihe byose twiteguye gufatanya- Ubutumwa Perezida wa Misiri yasigiye mugenzi we w’u Rwanda
16 August 2017, by Iyamuremye JanvierUbutumwa Perezida wa Misirri, Abdel fattah Al-Sisi yasigiye mugenzi we w’u Rwanda, mu gitabo cy’abashyitsi ku kibuga Mpuzamahanga cya Kanombe ubwo yasozaga uruzindo rwe mu Rwanda.
Mu butumwa Perezida Sisi yasize mu gitabo cy’abashyitsi basuye u Rwanda yagize ati "
Mu izina ry’Imana nyir’imigisha, nyir’imbabazi; Nyakubahwa, muvandimwe kandi nshuti, Paul Kagame; nyemerera mbagezeho mwe ubwanyu n’abaturage icyubahiro no gutangazwa n’Igihugu cyanyu gikomeye, nsaba Imana ko yakirinda (…) -
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34: Byinshi kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike
27 August 2021, by Dusingizimana RemyIKIGANIRO IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34 kigaruka kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike mu ntambara ya Cabo Delgado! Ese ko bishoboka cyane ko RDF izatsinda Urugamba, Mozambike yo izabasha gutsinda Intambara, hari gukorwa iki ngo abaturage ba Delgado batazasigara nk’abanya Afganisitani bari bariringiye Amerika yaje igatsinda urugamba ariko Abatalibani ubu akaba aribo batsinze Intambara?
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#35: Gen Innocent KABANDANA uyoboye ingabo za RDF (…)
Umuryango.rw
Leta y’ u Rwanda igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi bukoresha iyakuramyakura
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34: Byinshi kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike