Multi Design Group Ltd, sosiyete ifite urubuga www.mdgrou.com waguriraho, ugakodesha cyangwa ukagurisha umutungo utimukanwa udakoze ingendo yanatangiye gahunda yo gushyigikira abahanzi no gutera inkunga ibitaramo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers
11 October 2019, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Museveni baganira ku bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda
6 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro byibanze ku kwishyirahamwe kw’ ibihugu.
Nk’ uko Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga, Umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba akaba n’ Umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda Mme Louise Mushikiwabo yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko mu byo aba bayobozi baganiriyeho harimo ikibazo cy’ (…) -
Pro-Femmes Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi buri kubera mu miryango
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmurambo wa Mukeshimana ubwo wari umaze gukurwa mu karima k’ imboga
Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe igizwe n’ imiryango 57 iharanira iterambere ry’ umugore, kwimakaza umuco w’ amahoro no guteza imbere ihame ry’ uburinganire yamaganye urupfu rw’ umugore witwa Mukeshimana Marie Rose wishwe n’ umugabo we Karegeya Alfred akamuhamba mu mbuga agateraho imboga.
Byabereye mu karere ka Gasabo, umurenge wa Remera, akagari ka Nyabisindu, umudugudu w’ Amarembo ya Kabiri ku wa Gatandatu tariki (…) -
The Ben yagarutse I Kigali yongera kwakiranwa urugwiro
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi w’ Umunyarwanda Mugisha Benjamin, wiyise The Ben wari uherutse mu Rwanda mu ntangiriro z’ uyu mwaka wa 2017 kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama yongeye kugaruka mu Rwanda; inshuti, abakunzi n’ abavandimwe bakiranwa urugwiro nk’ uko byagenze ubushize.
Uyu muhanzi akigera ku kibuga cy’ indege I Kanombe yatangarije itangazamakuru ryari rihamutegerereje ko u Rwanda ari igihugu umuntu ageramo akumva aguwe neza.
Yagize ati “Nje mu Rwanda kabiri mu mwaka umwe!!!!ibi biranyereka agaciro (…) -
Itangazo: StarTimes iramenyesha abakiliya bayo ko izakora amavugurura ku muyoboro wa saterite taliki 09/09/2020
2 September 2020, by UbwanditsiBakiriya bacu,
Mu rwego rwo gukomeza kunoza serivisi tubagezaho, taliki ya 09/09/2020 kuva saa sita z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo hazakorwa amavugururwa ku muyobora wa saterite.
Ibi bizatera ingaruka kuri sinyali (Signal) bityo abadukurikirana bazahura n’imbogamizi ariko ni iby’akanya gato.
Dekoderi ubwazo zizikorera ivugururwa ubundi zisubize ku murongo. Nyuma y’ivugururwa, mukomeje kugira imbogamizi mukureba amashene mwahamagara ku murongo wa StarTimes kuri 078 815 (…) -
Mushikiwabo yaganiriye na Perezida wa Nigeria bakomoza no ku kibazo cy’abimukira
10 January 2018, by Iyamuremye JanvierMinistre w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Mme Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa kabiri yagiranye ibiganiro na perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari, aho yari amushyiriye ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.
Ibyo biganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi, ibibazo birimo n’icy’abimukira bari muri Libya aho perezida Buhari yizeje ko yafashe umwanzuro wo kwakira abanyanijeriya 5037 bari mu bimukira baheze muri icyo gihugu. (…) -
FPR itemeje Perezida Kagame nk’umukandida wayo byagenda gute muri PSD yo yamaze kumwemeza?
3 June 2017, by Joseph HakuzwumuremyiVincent Biruta, Perezida wa PSD
Kuri uyu wa gatandatu ishyaka PSD, Ishyaka rivuga ko riharanira demukarasi n’imibereho myiza ya Rubanda ryakoresheje kongere yo kwizihiza imyaka 26 rimaze ndetse no kumvikana ku umukandida uzarihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe kuri iyi mpeshyi.
Mu buryo budatunguranye ariko buteye kwibazaho mu migendekere yabwo, iri shyaka ryemeje ko umukandida waryo uzarihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku mpeshyi ari (…) -
Perezida Kagame yahuye na Macron, Netanyahu na Minisitiri w’Intebe w’Ububiligi(AMAFOTO+VIDEWO)
19 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame uri New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiranye ibiganiro na mugenzi we w‘ubufarana, Emmanuel Macron anabona n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye irateganya gutangira imirimo yayo kuri uyu wa kabiri i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika ikaba izaganira ku ngingo zitandukanye cyane cyane harimo ijyanye no gukora amavugurura adasanzwe mu mikorere ya LONI, harimo kureba umutekano uko uhagaze ku isi (…) -
TP Mazembe yongeye gutumirwa muri CECAFA I Kigali nyuma y’amahano iheruka kuhakorera
17 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya TP Mazembe iheruka gukorera amahano I Kigali muri 2010 ubwo umukinnyi wayo Tresor Mputu yakubitaga umusifuzi w’umunya-Ethiopia,yongeye gutumirwa muri CECAFA Kagame Cup uyu mwaka kugira ngo isimbure amakipe yo muri Tanzania yateye inyoni amahirwe yo kwitabira iri rushanwa.
-
Umuryango Sinapisi Rwanda wigeze kwakira ubutumwa buvuye kuri George W. Bush wizihije isabukuru y’ imyaka 25
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango Sinapisi Rwanda kuri uyu wa 9 Ukuboza 2017 wizihije imyaka 25 ishize ufasha abatishoboye, Sengayire wawushinze arashimwa bikomeye n’ abo yafashishije bakongera guseka bari bugarijwe n’ ibibazo.
Uyu muryango washinzwe mu 1992, na Sengayire Jean Baptiste. Abatangabuhamya bavuga ko yawushinze adafite amikoro.
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika wacyuye igihe George W. Bush ubwo aheruka gusura u Rwanda muri 2008 yaganirijwe ku bikorwa bya Sinapisi Rwanda ageze iwabo muri (…)
Umuryango.rw
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers