Umusore n’ umukobwa bo mu murenge wa Gihango akarere ka Rutsiro bitabye Imana bitunguranye habura iminsi itatu gusa ngo basezerane imbere y’ Imana, urupfu rwabo rwashenguye abaturage by’ umwihariko abo mu miryango yabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rutsiro: Umusore n’ umukobwa bapfuye bitunguranye habura iminsi 3 ngo bakore ubukwe
18 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Imyitozo y’Ingabo z’u Rwanda ubwo zagaragarizaga Perezida Kagame ubuhanga n’ubushobozi zifite
11 November 2017, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yitabiriye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda y’urukomatane rw’intwaro, mu kigo cya gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Ni imyitozo imugaragariza ubuhanga n’ubushobozi bw’ingabo mu bya gisirikare. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa Village urugwiro, Iyi n’imyitozo igizwe n’ibice bitandukanye birimo icy’ingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Mu busanzwe ingabo zikoresha uburyo bukomatanyije mu (…)
-
Me Mutunzi wigeze kuganira Leon Mugesera mu mategeko yitabye Imana
23 April 2018Me Mutunzi Donat wigeze kunganira mu mategeko Dr Léon Mugesera, yapfuye bivugwa ko yiyahuye, aho yari afungiye kuri Sitasito ya Polisi ya Ndera, akurikiranyweho ibyaha by’urukozasoni bikoresheje ingufu.
-
Leta ya Uganda yemeje ko itazi aho Ben Rutabana ari isaba urukiko ibyumweru 2 byo kumushaka
27 February 2020, by Dusingizimana RemyAbaburanira leta ya Uganda bananiwe kwerekana Ben Rutabana, mu gihe byari byitezwe ko agezwa imbere y’urukiko rukuru rw’igihugu rukorera Mu murwa mukuru Kampala, kuri uyu wa kane.
-
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
23 January 2020, by UbwanditsiHari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C230 iri kugurishwa kandi ku giciro kiza. Iyi modoka yakozwe muri 2002, ni automatique ikanywa essence kandi ifite ibyangombwa byose by’imodoka zikozwe vuba, airbags ku mugenzi, kwa chauffeur, mu nzugi z’abagenzi, climatiseur, uburyo n’amatara bwo kwirukana ibihu, radio ivuga neza cyane, moteri n’ikizu cyayo byose bikiri bishya kandi ikanywa neza kuko moteri yayo ifite cylinders enye. Umunyenga (confort) no kugenda neza mu muhanda byo ni (…)
-
Umuryango w’ umuturage warasiwe I Gikondo ntiwemeranya n’ urukiko ruvuga ko Nyakwigendera yari afite umugore
24 June 2017, by Nsanzimana ErnestKalisa Aimé mukuru wa Nyakwigendera Ntivuguruzwa Aimé
Umuvandimwe wa Ntivuguruzwa Aimé Yvan warasiwe I Gikondo mu karere ka Kicukiro ntiyemeranya n’ imvugo irimo gukoreshwa mu rubanza ruregwamo abasirikare babiri bakekwaho kwica murumuna we.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena nibwo urukiko rwa gisirikare rwaburanishije urubanza rw’ abasirikare babiri bato bakekwaho kwica barashe Ntivuguruzwa Aimé Yvan wari umuvandimwe wa Kalisa Aimé. Abo basirikare ni Ishimwe Claude na (…) -
Urutonde rw’ impunzi zishaka gusubira iwabo ruriho 11 000
19 June 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi zigera ku bihumbi 11 nizo ziyandikishije ko zishaka gusubira iwabo mu gihe Leta y’ u Rwanda n’ ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye bari batanze uburenganzira busesuye ngo impunzi yose yumva ikeneye gusubira iwabo yiyandikishe.
-
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Toyota Corolla iri kugurishwa
22 January 2020, by UbwanditsiHari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Toyota Corolla iri kugurishwa. Iyi modoka ni automatic, yakorewe mu Bufaransa, ni nshyashya, ifite pulaki RAE.... n’ibindi byangombwa byose(assurance na controle technique).
Aya ni amafoto yayo ndetse na bimwe mu biyiranga. Andi makuru wakenera wahamagara kuri iyi nomero: 0781475975.
TOYOTA COROLLA LIFTBACK 1,6 Automatic, 107HP,1999 Details • Etat Occasion • Contrôle technique récent Oui • Kilometrage 125 000 km
Transmission • (…) -
Kamonyi: Nsabimana yasezeranye imbere y’ amategeko n’ uwo byari byavuzwe ko ari mushikiwe
21 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeli umusore witwa Nsabimana yasezeranye imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bari bagiye gusezerana tariki 22 Kamena bigapfa ku munota wa nyuma.
Tariki 22 Kamena isezerano ry’ aba bombi ryakomye mu nkokora n’ amakuru yagugaga ko Nkundubutatu ari mushiki wa Nsabimana.
Muri Werurwe uyu mwaka nibwo Nsabimana n’ umukunzi we Nkundubutatu batangiye kubana nk’ umugore n’ umugabo. Ubwo bari bagiye gusezerana muri Kamena hari amakuru yavugaga ko uyu mukobwa (…) -
Abasirikare bakekwaho kwica Ntivuguruzwa baranzwe no kuvuguruzanya mu rukiko
23 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestAbasirikare bato Nshimyukiza Jean Pierre na Ishimwe Claude baburanye umwe yemera ibyaha byose aregwa undi yemera icyaha kimwe gusa. Aba basirikare bagaragaje kudahuza aho umwe yavugaga ingingo mugenzi akayivuguruza nyamara bombi bari kumwe ubwo ibyaha byabaga
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena uyu mwaka, urukiko rwa Gisirikare rwaburanishije urubanza ubushinjacyaha buregamo abasirikare babiri bakurikiranyweho ibyaha bine birimo n’ icyaha cyo kwica Ntivuguruzwa Aimé Yvan. Umwe mu (…)
Umuryango.rw
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza