Philippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari inama y’ umunyapolitiki izahabera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Dushobora kugira igihugu cyiza n’ amategeko meza kirimo abantu babi’ Mpayimana
11 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yahaye impanuro Abanyarwanda bagerageza Imana mu masengesho[AMAFOTO]
29 October 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Imana yahaye abanyarwanda ibikenewe byose kugirango biteze imbere akabasaba gukoresha uburyo n’ubushobozi bwose yabahaye bakiteza imbere aho guhora bayitakambira bayisaba kugira ibyo ibaha n’ibyo ibakorera, ibyo avuga ko ari ukuyigondoza.
-
Musanze: Ba bayobozi n’aba DASSO bagaragaye bakubita abaturage bongeye gutabwa muri yombi nyuma yo kurekurwa n’urukiko
12 June 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze na bagenzi be bari bamaze iminsi muri gereza bashinjwa gukubita no gukomeretsa, bari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho noneho bakekwaho ruswa no gushaka gutoroka ubutabera.
-
Kongera ibyo kurya bigenewa impunzi za Kiziba ntibiri hafi aha
22 February 2018, by UbwanditsiIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) rirahamagarira impunzi z’abanyekongo zigaragambije mu nkambi ya Kiziba kugarura ituze no kugaragaza ikibazo kizugarije mu nzira z’ibiganiro .
Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, tariki 22 Gashyantare 2018 uyu muryango wavuze ko utewe impungenge n’amakuru ko iyi myigaragambyo ishingiye ku kwinubira ibyo kurya bigenerwa impunzi yabayemo ibikorwa by’urugomo utasobanuye.
Uyu muryango wasabye impunzi kubaha amategeko (…) -
Minisitiri Amb.Nduhungirehe yavuze ko ibihugu bigize EAC bitafatira umwe mu banyamuryango ibihano
7 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko kubera ukuntu umuryango w’ibihugu by’Afurika yunze ubumwe uteye bitashoboka ko abanyamuryango bafatira ibihano igihugu kimwe.
-
ADEPR yatoye abayobozi bashya basimbura ba Bishop Sibomana
17 March 2018, by Nsanzimana ErnestBiro nyobozi ya ADEPR
Nyuma y’ amezi icyenda itorero ADEPR riyobowe n’ ubuyobozi bw’ inzibacyuho kuri uyu wa 17 Werurwe 2018 kuri Dove Hotel habereye amatora y’abayobozi batanu bagize biro Nyobozi igomba gusimbura iy’abamaze amezi icyenda bayobora mu nzubacyuho.
Umuvugizi wa ADEPR watowe ni Karuranga Euphrem; Umwungirije Rev. Karangwa John; Umunyamabanga Mukururu, Pasiteri Gatemberezi Muzungu Paul; Ushinzwe ubutegetsi n’imari, Umuhoza Aurélie naho Pasiteri Ntaganda Jean Paul yatorewe (…) -
Umuyobozi wa Rayon Siporo nyuma yo gutabwa muri yombi ashobora gukatirwa imyaka 10
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports Kimenyi Vedaste, kuri ubu ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta. Aramutse ahamwe n’ icyaha bishobora gutuma akatirwa kugeza ku myaka 10 y’ igifungo.
Kimenyi Vedaste, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize akurikiranyweho kunyereza umutungu mu kigo cya Leta kishinzwe ingufu REG EDCL yakoreraga. Afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Hitayezu Emmanuel (…) -
Visi Perezida wa Rayon Sport Gacinya Denis arafunze
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza, 2017 Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi Gacinya Chance Denis umunyemari akaba na Visi Perezida wa Rayon Sports.
ACP Theos Badege, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda yatangarije RuhagoYacu ducyesha iyi nkuru ko Gacinya Denis yatawe muri yombi gusa ko byinshi ku byo akurikiranyweho byabazwa ubushinjacyaha.
Yagize ati: “Ni byo Gacinya Denis ari mu maboko ya Polisi ku busabe bwa parike. Hari ibyo akurikiranyweho iperereza riracyakomeza”. (…) -
U Rwanda n’ Ubushinwa bemeranyije ubufatanye mu nzego nyinshi [VIDEO]
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu munsi wa Kabiri ari nawo usoza uruzinduko rw’ iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda , Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping yashimiye Perezida Kagame kuba u Rwanda rutekanye kandi rukataje mu iterambere anavuga ko ahaye ikaze u Rwanda mu bufatanye n’ Ubushinwa.
-
Ibintu bitanu bitandukanya Jenoside yakorewe Abatutsi n’izindi zabayeho
10 April 2023, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda bamaze imyaka 29 bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 igahitana abarenga miliyoni mu minsi ijana gusa.
Nubwo Jenoside zabaye mu isi ari nyinshi,Jenoside yakorewe abatutsi irihariye kuko yakozwe n’ingeri zitandukanye kuva ku bana kugera ku bakuru ndetse igakorwa n’abanyarwanda ubwabo bitandukanye n’izindi aho abantu bicaga abo mu kindi gihugu.
Tugiye kurebera hamwe impamvu zigaragaza umwihariko wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Kwica benshi mu gihe gito (…)
Umuryango.rw
Ibintu bitanu bitandukanya Jenoside yakorewe Abatutsi n’izindi zabayeho