Umuhanzi akaba n’ umwanditsi w’ ibitabo Ngarambe Francois Xavier avuga ko uko yavutse, uko yarezwe n’ aho yakuriye ari byo byatumye ahimba indirimbo ‘Umwana ni umutware’ imwinjiriza hafi miliyoni 2 ku mwaka.
Nk’ uko Ngarambe yabitangarije UMURYANGO ubutuma buri muri iyi ndirimbo butuma bayikoresha ku maradiyo n’ amateleviziyo kenshi kuko buhura n’ amateka ya benshi bukanabakora ku mutima.
Ati “Umwana ni umutware niyo ndirimbo benshi bazi nk’ aho ari yonyine ngira, mfite n’ izindi ariko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
NGARAMBE, amateka ye ari mu byatumye aririmba ngo ‘UMWANA NI UMUTWARE’
5 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi wa Cote d’ Ivoire
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cya Cote d’ Ivoire aho yitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi
Ku kibuga cy’ indege, Félix-Houphouët-Boigny giherereye Abidjan mu murwa mukuru wa Cote d’ Ivoire, Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara.
Iyi nama ‘AUEU SUMMIT’ igiye kuba ku nshuro ya 5 ifite insangamatsiko igira iti ‘Gushora imari mu rubyiruko, bigamije ahazaza heza’
Perezida Kagame yagiye muri Cote d’ Ivoire avuye mu gihugu cya (…) -
Gisagara :Umugore aravuga ko umugabo we amukubita akabeshyera inka
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestAlexia Tuyishimire umaranye imyaka isaga umunani n’umugabo we avuga ko amuhohotera bikabije kugera n’aho aheruka kumukubita agahera mu nzu akamubuza kugira uwo abibwira akajya agenda avuga ko ari inka yamwishe.
Uyu mubyeyi w’abana batatu utuye mu murenge wa Save kagari ka Shyanda umudugudu wa kirehe avuga ko umugabo we witwa Habimana Eugene bamaranye imyaka umunani amuhohotera mu buryo burimo kumukubita, kumubuza kwandikisha abana, kumutwikira imyenda, kumubuza kugera aho abandi bari nko (…) -
Perezida Trump yibasiye Obama wavuze ko ubutegetsi bwe ari ubwo ’kwigaragaza kuri televiziyo’ gusa
20 August 2020, by Dusingizimana RemyBarack Obama yashinje Donald Trump wamusimbuye ku butegetsi avuga ko afata kuba perezida w’Amerika nk’"ikindi kiganiro cyo kwigaragaza kuri televiziyo", mu ijambo risesereza yavugiye mu nama nkuru y’ishyaka ry’abademokarate isoza imirimo yayo kuri uyu munsi.
-
Urukiko rugiye gusuzuma niba Diane Rwigara na Adeline Rwigara bashobora kurekurwa by’ agateganyo
2 October 2018, by Nsanzimana ErnestAdeline Rwigara n’ umukobwa we Diane Rwigara kuri uyu wa Kabili tariki 2 Ukwakira bagejejwe imbere y’ urukiko rukuru ngo baburane ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo.
-
Imodoka yarimo abantu 7 yaguye mu mugezi wa Base bituma abagera kuri 3 bakomereka cyane
1 September 2019, by Dusingizimana RemyImodoka y’ivatiri yarimo abantu 7 yaguye mu mugezi wa Base uherereye mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gashenyi bituma abagera kuri 3 barakomereka cyane.
Ahagana saa 18h00 zo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 31 Kanama 2019, nibwo iyi modoka yavaga I Musanze yerekeza I Kigali yataye umuhanda igwa mu mugezi wa Base biviramo abantu 3 gukomereka cyane mu gihe abandi 4 batakomeretse cyane bajyanwa mu bitaro bya Nemba I Gakenke.
Nkuko amakuru agera ku umuryango abitangaza,uyu mushoferi yataye (…) -
Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize
12 May 2021, by UbwanditsiMuri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gicurasi, 2021 yavuze ko agera kuri miliari 5 na miliyoni 700 babuze irengero ryayo.
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 166 y’Itegekonshinga ry’u Rwanda, iyi raporo yashyikirijwe imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko.
Iyi raporo igaragaza ibyavuye mu bugenzuzi bwerekeye imikoreshereze y’umutungo (Financial Audit), (…) -
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
24 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutabera yemeje ko Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana ‘Sankara’ bari mu bantu basaga 370 barekuwe kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Werurwe 2023,ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye by’iterabwoba.
Umuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo yashyize hanze amabaruwa Paul Rusesabagina na Nsabimaba Callixte uzwi nka Sankara bandikiye Perezida Kagame basaba imbabazi ngo barekurwe.
Rusesabagina yavuze ko yicuza kuba ingabo FLN z’umutwe wa (…) -
Hari inzu nziza igurishwa iri mu Kagarama// Hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
16 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Kagarama muri metero makumyabiri (20 metre) uvuye ku muhanda bari gushyiramo kaburimbo ahantu heza cyane.
Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi n’ijana na makumyabiri (1120 m2 ) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 6, douche 3, saloon, aho kurira(Dinner room) , igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.
Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu (…) -
Amakuru mashya :Hasohotse amajwi bivugwa ko ari aya Prince Kid atereta Miss Muheto Divine[video]
28 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma yaho Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Kagame Ishimwe Dieu Donnée ukekwaho gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda ku mbugankoranyamaba hakomeje gusakazwa amajwi akekwako ariyo yamufungishije.
Umuryango.rw
Perezida Trump yibasiye Obama wavuze ko ubutegetsi bwe ari ubwo ’kwigaragaza kuri televiziyo’ gusa
Mukuralinda yasubije abavuga ko Rusesabagina yafunguwe kubera igitutu cya US
Amakuru mashya :Hasohotse amajwi bivugwa ko ari aya Prince Kid atereta Miss Muheto Divine[video]