Mu ijoro ryakeye nibwo Inama y’abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zemerewe gutwara 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RURA yasubije abanyarwanda bakekaga ko ibiciro by’ingendo birazamurwa kubera kugabanya abagenzi mu modoka rusange
15 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Rutsiro: Umusore n’ umukobwa bapfuye bitunguranye habura iminsi 3 ngo bakore ubukwe
18 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmusore n’ umukobwa bo mu murenge wa Gihango akarere ka Rutsiro bitabye Imana bitunguranye habura iminsi itatu gusa ngo basezerane imbere y’ Imana, urupfu rwabo rwashenguye abaturage by’ umwihariko abo mu miryango yabo.
-
Imyitozo y’Ingabo z’u Rwanda ubwo zagaragarizaga Perezida Kagame ubuhanga n’ubushobozi zifite
11 November 2017, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yitabiriye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda y’urukomatane rw’intwaro, mu kigo cya gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Ni imyitozo imugaragariza ubuhanga n’ubushobozi bw’ingabo mu bya gisirikare. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa Village urugwiro, Iyi n’imyitozo igizwe n’ibice bitandukanye birimo icy’ingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Mu busanzwe ingabo zikoresha uburyo bukomatanyije mu (…)
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Aba Offisiye ba polisi 1015 barimo na Theos Badege
12 January 2018, by Iyamuremye JanvierAha ni muri 2015, Ubwo Perezida Kagame yari mu muhango wo kuzamura amapeti ku bapolisi bakuru bari bashoje amahugurwa
Kigali, 11 Mutarama 2018; Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yazamuye mu ntera Aba Offisiye ba Polisi y’u Rwanda 1015, abandi 111 bashyirwa mu kiruhuko cy’ izabukuru. Mu bazamuwe mu ntera harimo Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Theos Badege wari ufite ipeti rya ACP wahawe CP.
Assistant Commissioner of Police (ACP) bazamuwe kw’ipeti rya Commissioner of Police (…) -
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
23 January 2020, by UbwanditsiHari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C230 iri kugurishwa kandi ku giciro kiza. Iyi modoka yakozwe muri 2002, ni automatique ikanywa essence kandi ifite ibyangombwa byose by’imodoka zikozwe vuba, airbags ku mugenzi, kwa chauffeur, mu nzugi z’abagenzi, climatiseur, uburyo n’amatara bwo kwirukana ibihu, radio ivuga neza cyane, moteri n’ikizu cyayo byose bikiri bishya kandi ikanywa neza kuko moteri yayo ifite cylinders enye. Umunyenga (confort) no kugenda neza mu muhanda byo ni (…)
-
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022
17 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTGatandatu tariki ya 12 Gashyantare 2022 nibwo habaye amajonjora y’abakobwa bazahagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022. Mu bakobwa baciye imbere y’akanama nkemurampaka harimo na Umutoniwase Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
-
Minisitiri Mutimura yahagaritse abarimu 5 na diregiteri
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nama yahuje abayobozi b’ ibgo by’ amashuri byo mu karere ka Rubavu yitabirire na Minisitiri w’ uburezi Dr Eugene Mutimura n’ abayobozi b’ ikigo cy’ ikigihu REB gishinzwe guteza imbere uburezi hafatiwemo icyemezo cyo guhagarika abarimu batanu n’ Umuyobozi w’ ishuri.
-
Umuryango w’ umuturage warasiwe I Gikondo ntiwemeranya n’ urukiko ruvuga ko Nyakwigendera yari afite umugore
24 June 2017, by Nsanzimana ErnestKalisa Aimé mukuru wa Nyakwigendera Ntivuguruzwa Aimé
Umuvandimwe wa Ntivuguruzwa Aimé Yvan warasiwe I Gikondo mu karere ka Kicukiro ntiyemeranya n’ imvugo irimo gukoreshwa mu rubanza ruregwamo abasirikare babiri bakekwaho kwica murumuna we.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena nibwo urukiko rwa gisirikare rwaburanishije urubanza rw’ abasirikare babiri bato bakekwaho kwica barashe Ntivuguruzwa Aimé Yvan wari umuvandimwe wa Kalisa Aimé. Abo basirikare ni Ishimwe Claude na (…) -
Urutonde rw’ impunzi zishaka gusubira iwabo ruriho 11 000
19 June 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi zigera ku bihumbi 11 nizo ziyandikishije ko zishaka gusubira iwabo mu gihe Leta y’ u Rwanda n’ ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye bari batanze uburenganzira busesuye ngo impunzi yose yumva ikeneye gusubira iwabo yiyandikishe.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes
17 February 2021, by UbwanditsiThings get serious for Premier League clubs in the Europa League
This week, English Premier League clubs Arsenal and Manchester United clash with Benfica and Real Sociedad in the last 32 of the UEFA Europa League. Tottenham Hotspur face Austrian club Wolfsburger AC in Budapest, while Leicester City travel play against Slavia Prague.
When it comes to footballing pedigree and tradition, Benfica and Arsenal are right up there with the best, and on Thursday they face each other in the first (…)
Umuryango.rw
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Mercedes Benz iri kugurishwa ku giciro cyiza
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022