Mu rwego rwo kurushaho gukora itangazamakuru kinyamwuga, gukorera neza kandi vuba abafatanyabikorwa, guteza imbere no kumenyekanisha ibikorwa by’ibigo bya Leta n’abikorera, ibinyamakuru Ukwezi.rw, Umuseke.rw, Umuryango.rw na Bwiza.com, byishyize hamwe bitangiza ihuriro rizabifasha gutera indi ntambwe mu mwuga w’itangazamakuru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire ibinyamakuru bine byigenga byishyize hamwe
25 April 2019, by Ubwanditsi -
Mpayimana agiye kugerageza amahirwe ye mu matora y’abadepite
18 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmukandida wigenga, Mpayimana Phillippe, yamaze gutangaza ko agiye guhatana mu matora y’abadepite ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2018, ni nyuma y’uko atsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 03 na 04 kanama uyu mwaka.
Mu matora aheruka, Perezida Kagame wari umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi yaje ku isonga n’amajwi 98.79, Mpayimana wari umukandida wigenga aza ku mwanya wa kabiri n’amajwi 0.73% naho Dr Frank Habineza watanzwe n’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera (…) -
Abayobozi basaga 400 bamaze kwerekeza mu mwiherero wa 17 I Gabiro [AMAFOTO]
15 February 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi basaga 400 bo mu nzego zitandukanye z’igihugu bamaze kwerekeza mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu mwiherero wabo ugiye kuba ku nshuro ya 17 bazamaramo iminsi 4.
-
Nyanza: Umusore akurikiranyweho kwica nyirakuru wamureze kuva afite amezi abiri
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore witwa Irakoze Arsene wo mu karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica nyirakuru Murekatete Bernadette w’ imyaka 68 y’ amavuko wamureze kuva afite imyaka ibiri.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017 nibwo amakuru y’ uko Irakoze yishe nyirakuru yamenyekanye. Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 12 wabanaga n’ uyu mukecuru ahagana saa kumi n’ ebyiri za mu gitondo amaze kwibohora imigozi avuga ko yari yaboheshejwe na Irakoze niwe watabaje abaturanyi basanga Murekatete yashizemo (…) -
Eng. Sagashya nyuma yo kwirukanwa mu kazi n’ umugi wa Kigali arafunze
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestEng. Didier Sagashya Umunyamabanga nshingwabikorwa uherutse kwirukanwa n’ umugi wa Kigali yatawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda, afunganywe n’ abakozi babiri bivugwa ko yategetse guca amadosiye.
Polisi y’ u Rwanda yavuze ko imukurikiranyeho icyaha kusibanganya ibimenyetso no konona inyandiko.
Ibi bitangajwe nyuma y’ iminsi ibiri Eng. Sagashya yirukanywe burundu ku mwanya w’ umunyamabanga nshingwa bikorwa w’ umugi wa Kigali.
Perezida wa Njyanama y’Umujyi wa Kigali Me Rutabingwa (…) -
“Sobanukirwa uburyo wamanika ibibazo byawe ku ijambo ry’ Imana nkuko wiyambura imyenda yawe ukayimanika ahantu runaka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
17 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
‘Kudutera uturutse hanze biragoye’ Perezida Kagame
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta mwanzi watera u Rwanda aturutse hanze y’ igihugu ngo abishobore ko ahubwo umwanzi ukomeye ari uwaturuka imbere mu gihugu.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2017 ubwo ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda ryizihizaga imyaka 30 rishinzwe.
Yagize ati “Indake iri hano iri muri twe, ikizaturinda kikarinda ibyo twubaka kiri muri twe hano muri mwe. Nitwirinda ya mico mibi, tukuzuzanya, tukagira ubumwe, tukagira imyitwarire (…) -
Rujugiro asanga guteza cyamunara UTC ari ikinamico, ababajwe n’umuntu uzayigura
13 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert ufite inyubako ya UTC igiye gutezwa cyamunara kubera kutishyura imisoro, yatangaje afite icyizere cy’uko nta muntu uzagura iyi nzugo mu gihe cyose yaba akiri mu bibazo.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nzeri uyu mwaka, Rujugiro yumvikanye ku ijwi ry’Amerika asobanura byinshi ku bibazo bijyanye n’uko atabashishije kwishyura imisoro y’inyubako ya UTC nk’uko yabisabwaga na RRA.
Ku gicamunsi cyo Ku wa mbere w’iki cyumweru nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (…) -
Uturere twasimbuje abayobozi batandukanye begujwe n’abeguye mu minsi ishize
27 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019, hirya no hino mu gihugu habaye amatora yo gusimbuza abayobozi b’uturere baherutse kwegura no kweguzwa mu ntangiriro.Abayobozi b’uturere batowe uyu munsi bose n’abagore.
-
Abasirikare bakekwaho kwica Ntivuguruzwa baranzwe no kuvuguruzanya mu rukiko
23 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestAbasirikare bato Nshimyukiza Jean Pierre na Ishimwe Claude baburanye umwe yemera ibyaha byose aregwa undi yemera icyaha kimwe gusa. Aba basirikare bagaragaje kudahuza aho umwe yavugaga ingingo mugenzi akayivuguruza nyamara bombi bari kumwe ubwo ibyaha byabaga
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena uyu mwaka, urukiko rwa Gisirikare rwaburanishije urubanza ubushinjacyaha buregamo abasirikare babiri bakurikiranyweho ibyaha bine birimo n’ icyaha cyo kwica Ntivuguruzwa Aimé Yvan. Umwe mu (…)
Umuryango.rw
Kigali: Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire ibinyamakuru bine byigenga byishyize hamwe