Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka na Minisitiri y’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta basuye akarere ka Gicumbi basanga ishoramari mu mugi wa Gicumbi risinziriye.
Ni mu nama yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeli 2017 igamije gusuzumira hamwe amahirwe ari mu karere ashobora gukurura ishoramari bareba n’ibimaze gukorwa mu kuvugurura umujyi wa Gicumbi n’ishoramari muri rusange.
Iyi nama mpuzabikorwa ku iterambere ry’ akarere ka Gicumbi yitabiriwe n’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Kaboneka na Minisitiri Busingye basanze Gicumbi isinziriye
20 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
5 April 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira umushinga we yari yaratangiye wo kubaka amazu aciriritse kandi yorohereza abanyarwanda gutura neza badahenzwe.
-
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukundo rw’ibyamamare nikimwe mubintu usanga cyivugwa cyane mu myidagaduro nyarwanda , kuva aho aho iyo couple yamenyekaniye kugeza aho bakoreye ubukwe , ariko usanga akenshi ibyamamare nyarwanda bitandukanye bidakundwa guhirwa cyane n’urukundo kuko usanga batandukana hadaciye kabiri .
N’ubwo abakundanye bahana isezerano bashimangira ko ntawe uzahemukira undi, ko bazihanganirana, umugani w’ikinyarwanda ubisobanura neza ko ‘Nta zibana zidakomanya amahembe.’ Hari agirana ibibazo (…) -
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda 2017-2024
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierIgitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi rimaze ku butegetsi imyaka irenga 20.
Ku itariki ya 3 kanama abanyarwanda baba mu mahanga bitoreye umukuru w’Igihugu ku ya 4 Kanama 2017, ababa mu gihugu nabo bashimangira ibyo bamwijeje, Paul Kagame yegukana aya matora ku majwi asaga 98%.
Nkuko Itegekonshinga (…) -
Nyarugenge: Urikiko rwategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusiviri
23 April 2021, by UbwanditsiKu gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rya Nyarugenge umucamanza yategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusivili n’urwo rukiko mu mizi kuko rubifitiye ububasha.
Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’aho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko basabye ko ataburanishwa n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko kandi atashinjwa n’ubushinjacyaha bwo ku rwego rwisumbuye bwa Nyarugenge kuko izo nzego ari inzego za gisiviri kandi akaba yaravugaga ko ari umusilikali.
Tom (…) -
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]
23 September 2021, by Dusingizimana RemyIbimenyetso by’ibanze byakwereka umuhisi n’umugenzi ko ubuzima mu Ntara ya Cabo Delgado bwatangiye kugaruka ugereranyije n’uko mu minsi ishize bwari bumeze. Nko mu ntangiriro z’umwaka ushize, nta muntu washoboraga kugenda nyuma ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Muri Palma, ku muhanda abacuruzi batangiye kwisuganya, batandika amavuta, ifu n’ibindi byo kurya. Ku rundi ruhande, abakora uburobyi hafi aho na bo ibikorwa barabirimbanyije nta nkomyi ndetse hasigaye hari n’imodoka nke zitwara (…) -
#Umushyikirano 2017: Bamporiki yakomoje ku myitwarire y’ Amavubi
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru w’Itorero ry’Igihugu, Bamporiki Edouard, yavuze ko urubyiruko rw’u Rwanda rukwiye kuvoma guhiganwa mu muco Nyarwanda, mbere watozwaga mu Itorero ry’Igihugu ariko abazungu bakaza kurica ngo babashe kucyigarurira.
Yabivugiye mu kiganiro yatanze kuri wa 20 Ukuboza 2017 mu mushyikirano wa 15. Muri iki kiganiro ku nsanganyamatsiko igira iti ‘‘Urubyiruko nk’izingiro ry’iterambere” yari kumwe na Minisitiri w’Urubyiruko, Mbabazi Rosemary na rwiyemezamirimo Jaures Habineza. (…) -
Polisi iranyomoza amakuru y’ uko umushoferi uzajya afatwa avugira kuri telefone atwaye azajya acibwa F100 000
8 February 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko umushoferi uzajya afatwa avugira kuri telefone atwaye imodoka azajya acibwa amande y’ ibihumbi 100 aho kuba ibihumbi 10 nk’ uko bisanzwe.
SSP JMV Ndushabandi yatangarije UMURYANGO ko ayo makuru y’ uko amande acibwa umushoferi ufashwe avugira kuri telefone yikubye inshuro 10 atari ukuri, gusa yongera ko bibaye ntacyo byaba bitwaye kuko kuvugira kuri telefone utwaye ari (…) -
DUTERE INTAMBWE TWINJIRE MU MASEZERANO – Rev/Ev Eustache Nibintije
27 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki.
-
U Rwanda rwatangaje impamvu inama ya kabiri yiga ku masezerano ya Angola itabaye
21 October 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier,yatangaje ko u Rwanda rutegereje ubutumire bwa Uganda ku byerekeye inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Uganda yo kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]