Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
NI GUTE WAHANGANA N’ IBIBAZO URIMO igice cya 5 – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
19 May 2019, by Rev./Ev. Eustache Nibintije -
Abayoboke ba PL basobanuriwe ibikubiye muri gahunda ya guverinoma y’ imyaka 7
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ inteko ishinga y’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ ishyaka w’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu/PL Mukabalisa Donatille yasobanuriye abagize Inama y’Igihugu y’ iri shyaka ibikubiye muri gahunda ya guverinoma y’ imyaka irindwi iri imbere.
Hari mu nama abagize Inama y’Igihugu y’ iri shyaka bahuriyemo tariki ya 05 Ugushyingo 2017.
Perezida w’Ishyaka PL yongeye gushimira abagize Inama y’Igihugu y’Ishyaka PL uko bitwaye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, bakamamaza (…) -
Startimes izerekana Europa League itoroheye Tottenham ya Jose Mourinho
1 December 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi b’ifatabuguzi rya Startimes bahishiwe imikino ibanziriza iya nyuma mu matsinda ya UEFA Europa League aho Jose Mourinho na Tottenham ye basabwa gutsinda bakagera mu mikino ya 1/32 cy’iri rushanwa.
-
RIB yafunze umuyobozi wa P&A group ushinjwa ubwambuzi bushukana
16 January 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Shema Prince w’imyaka 20 ukurikiranweho icyaha cy’ubushukanyi bugamije kwambura iby’abandi.
Uyu ngo yakoresheje kompanyi ye yitwa P&A group abeshya abaturage ko abatumiriza imodoka mu mahanga nyamara agamije kubarya amafaranga.
Umuvugizi wa RIB,Dr. Murangira Thierry yavuze ko bari bamaze kwakira ibirego bitanu by’abamuhaye amafaranga abizeza kubatumiriza imodoka ariko ntibazibone.
Uyu aje akurikira amakuru y’uko Kompanyi ya Tom Transfers (…) -
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
U Burundi butisubiyeho bushobora kuvanwa muri EAC
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Burundi gishobora kuvanwa mu Umuryango w’ ibihugu byo muri Afurika y’ Iburasirazuba EAC nibikomeza kugaragara ko kiri kudindiza imishinga ihuriweho n’ ibihugu no kutitabira inama z’ uyu muryango.
-
Madamu Jeannette Kagame yasabiye abana ijambo mu igenamigambi
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUbwo hizihizwaga umunsi w’umwana w’umunyafurika, umufasha wa Perezida wa Repubulika y’uRwanda Jeannnette Kagame yasabye inzego z’ubuyobozi kujya zizirikana abana bato mu gihe zikora igena migambi kuko ari bo gishoro cy’ejo hazaza.
-
MissRwanda2021:Ali Kiba nawe yagaragaje umukobwa ashyigikiye
25 February 2021, by Martin MunezeroUmuhanzi Ali Kiba ukomoka muri Tanzania yatangaje ko ashyigikiye umukobwa witwa Umutesi Lea urimo guhatanira irushanwa rya Miss Rwanda 2021.
-
Umukecuru w’ imyaka 80 Perezida Kagame yahaye amarinete arakataje mu gushyigikira uburezi
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru Bwabuhe w’ imyaka 80 y’ amavuko Perezida Kagame yemereye amarinete ubwo aheruka mu karere ka Nyaruguru arashimira Perezida Kagame ko amarinete yayahawe bidatinze ubu akaba akataje mu kwiga Ururimi rw’ Icyongereza.
-
Mukakarangwa uherutse kwirukanwa mu Kigo cy’Igihugu cy’Amakoperative yatawe muri yombi
14 October 2019, by Dusingizimana RemyUwahoze ashinzwe Ishami rishinzwe guhuza ibikorwa bya SACCO mu Kigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA),madamu Mukakarangwa Francisca Emmanuel, yatawe muri yombi kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize.
Umuryango.rw
RIB yafunze umuyobozi wa P&A group ushinjwa ubwambuzi bushukana