Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri basimbuye abari abadepite bahawe indi mirimo.
Abo bayobozi ni Minisitiri w’ imari n’ igenamigambi Amb. Claver Gatete, Minisitiri w’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya batarahiye tariki 31 Kanama
11 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
26 April 2018, by Martin Munezero– Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu (…) -
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta
27 November 2017Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n’abakuru b’ibihugu 11 harimo na perezida w’u Rwanda Paul kagame.iki gikorwa k’irahira kikaba kizabera mu murwa mukuru I Nairobi.
Daily nation yanditse ko mu baperezida bitezwe ku munsi w’ejo harimo; Yoweri Museveni wa Uganda, Ian Khama wa Botswana, Paul Kagame w’u Rwanda, John Pombe Magufuli wa Tanzania, Edgar Lungu wa Zambia, Ismaïl Omar (…) -
Nyamagabe yabonye meya mushya usimbura Mugisha Philbert
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose Mureshyankwano ni umwe mu bitabiriye aya matora. Uwamahoro yabonye amajwi 324 kuri 337 bagombaga gutora naho Mujawayezu Louise agira amajwi 13 gusa.
Uwamahoro yasimbuye Mugisha Philbert wegujwe na njyanama y’ akarere ka Nyamagabe tariki 18 /11/2017 nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi y’ u Rwanda. (…) -
Abaregwa gushaka gutorokesha Nyakwigendera Kizito Mihigo Basabiwe Gufungwa Imyaka 7 n’Igice
12 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira igifungo cy’imyaka irindwi n’igice n’ihazabu ya miliyoni ebyiri n’igice ku bagabo babiri baregwa muri dosiye y’umuhanzi w’icyamamare Nyakwigendera Kizito Mihigo.
Undi mugabo wa gatatu we busaba ko yafungwa amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.
Bose baregwa ko mu mwaka wa 2020 bashatse gutorokesha Kizito Mihigo baciye mu nzira zitemewe n’amategeko. Abaregwa n’ababunganira mu mategeko barasaba ko amategeko yakurikizwa (…) -
Ange Kagame yasoje ikiciro cya gatatu cya Kaminuza
20 May 2019, by Martin MunezeroIngabire Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyikirijwe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza ya Columbia iherereye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
-
“Nta mpamvu y’uko Afurika n’u Burayi byarebana nk’ibitezanya ibibazo” Perezida Kagame
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame asanga bidakwiye ko umugabane w’ u Burayi n’ uwa Afurika birebana nk’ ibitezanya ibibazo kubera ikibazo cy’ abimukira.
Ibi yabitangarije I Bruxelles mu gihugu cy’ u Bubiligi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena aho yitabiriye inama ngarukamwaka yatumiwemo na Perezida wa Komisiyo Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi Jean-Claude Juncker.
Muri iyi nama, Perezida Kagame yavuze ku uguteza imbere abikorera, guteza imbere uburinganire bw’abagabo n’abagore, guteza (…) -
Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize
12 May 2021, by UbwanditsiMuri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gicurasi, 2021 yavuze ko agera kuri miliari 5 na miliyoni 700 babuze irengero ryayo.
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 166 y’Itegekonshinga ry’u Rwanda, iyi raporo yashyikirijwe imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko.
Iyi raporo igaragaza ibyavuye mu bugenzuzi bwerekeye imikoreshereze y’umutungo (Financial Audit), (…) -
Nyarugenge: Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko atajya ahabwa umwanya wo kubonana n’abamwunganira
16 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba w’imyaka 54 kuri uyu wa gatanu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hasubukuwe urubanza rwe aho yajururiye icyemezo cy’urukiko rwibanze rwa Kicukiro.
Urubanza rwa Col Tom Byabagamba rwatangiye kuburanishwa ubujurire hifashishijwe ikoranabuhanga rya Webex. Ubushinjacyaha bwo ku rwego Rwisumbuye bwa Nyarugenge bwaburanye buri mu biro byabwo naho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko, Me Paul Ntare na Me Gakunzi Gasore Valery bo baburanye bari kuri gereza Kanombe. (…)
Umuryango.rw
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
Abaregwa gushaka gutorokesha Nyakwigendera Kizito Mihigo Basabiwe Gufungwa Imyaka 7 n’Igice