Minisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu gihe cyose azamara kuri kuri uyu mwanya.
Ni mu kiganiro cyihariye yahaye RBA ari nacyo kibimburira ibindi byose, uyu mugabo w’imyaka 44 y’amavuko azagirana n’itangazamakuru. Muri iki kiganiro cyamaze iminota micye yasobanuye ko muri manda ahawe azaharanira gukorana na Guverinoma nshya akanagisha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ngirente yasubije abibaza niba yari yiteguye guhamagarwa na Kagame amusaba kuba Minisitiri w’Intebe-AMAFOTO+VIDEWO
30 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Bishop Sibomana Jean yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
15 June 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Gasabo kuri uyu wa 15 Kamena 2017, rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari Umuvugizi mukuru w’ itorero pentekote afungwa iminsi 30 y’ agateganyo.
Bishop Sibomana n’ abandi bahoze ari abayobozi bakuru ba ADEPR bakurikiranyweho kunyereza umutungo w’ itorero ubarirwa muri miliyari zisaga eshatu.
Uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’ abayobozi barimo Bishop Tom Rwagasana wahoze ari Umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, (…) -
"SOBANUKIRWA IBINTU Y’ INGENZI BYAGUKOMEZA MU IBYO UHURA NABYO":Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Kagame yasezeranyije Abanyarusizi amashanyarazi no kongera ubukerarugendo
28 July 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2017, Paul Kagame yiyamamarije mu karere ka Rusizi mu kibaya cyo mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagari ka Mashyuza.Ni nyuma y’uturere twa Rutsiro na Karongi aho yaganiriye n’abamushyigikiye.
Kagame mu Karere ka Rusizi yabemereye amashanyarazi anabasezeranya kongera ubukerarugendo, ngo ibyo avuga si ugushaka amajwi mu matora ahubwo bizakorwa afatanyije n’ Abanyarwanda bose.
Mbere yo guhabwa ikaze Kagame, yabanjirijwe na Depite Bamporiki Edouard wavuze (…) -
Impunzi zo muri Libya ziravuga ko kuzanwa mu Rwanda ari nko kuva I buzimu bagaruka I buntu
13 September 2019, by Dusingizimana RemyAbimukira bagera kuri 500 bagiye koherezwa mu Rwanda, umwe muri bo yabwiye BBC ko kubavana muri Libya ari nko gucika urupfu kuri bo, gusa ngo baranibaza byinshi kuri ejo habo.
-
Umuraperi Mwana Fa n’umujyanama wa Diamond babaye abadepite,Professor Jay arasohoka
30 October 2020, by Dusingizimana RemyHamis Mwinjuma, umuhanzi uzwi cyane nka Mwana FA yatorewe kujya mu nteko ishingamategeko ya Tanzania ahagarariye akararere ka Muheza, naho undi muhanzi Professor Jay wari usanzwe ari umudepite atsindwa amatora.
-
Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane tariki 13 Nzeli yakiriye indahiro z’ abacamanza mu rukiko rwa Gisirikare abasaba gutanga ubutabera bunoze.
-
“ Kora imyitozo ngororamubiri buri munsi”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
15 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Ange Kagame yasoje ikiciro cya gatatu cya Kaminuza
20 May 2019, by Martin MunezeroIngabire Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyikirijwe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza ya Columbia iherereye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
-
Ubuzima bw’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda mu matora ya 2017
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu.
Habineza Frank washinze akaba anayobora ishyaka ″Democratic Green Party of Rwanda″, yavutse tariki 22 Gashyantare 1977, avukira ahitwa Namutamba, mu Karere ka Mityana, Muri Uganda. Se umubyara ni Habakurama Jean na ho nyina ni Murorunkwere Josephine.
Urubuga Wikipedia ndetse n’ibitangazamakuru (…)
Umuryango.rw