Batamuliza Isabelle, umwe mu bacururiza mu mujyi wa Huye, Umuryango we akaba aribo ba nyiri Hotel Faucon ataka igihombo gikomeye yatewe n’uko ubuyobozi bwafunze iyi hotel (kuva mu myaka ine ishize), gusa ubu ngo hari ikizere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Huye: Ataka igihombo gikomeye yatewe no gufunga Hotel Faucon, ariko afite ikizere
3 February 2019, by Ubwanditsi -
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga
16 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruheruka kwemeza ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko habaye uburangare bw’abaganga mu rupfu rwa Kamanzi Ngwinondebe Chantal.
Kamanzi wari ufite imyaka 54 yaganye ibitaro bya Baho International Hospital ku wa 7 Nzeri 2021, afite agapira ku nkondo y’umura kamufashaga kuringaniza urubyaro yifuza kugakuramo, apfa nyuma y’igihe gito agakuwemo.
Ku wa 26 Ukwakira 2021 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha urubanza rwaregwagamo (…) -
Musenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana
12 February 2019, by Martin MunezeroMusenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda ndetse ubumazemo igihe kinini yitabye Imana ku myaka 97 y’amavuko.
-
Ntiharamenyekana icyatumye amafi menshi yo mu mugezi wa Mukungwa apfira rimwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Musanze bwatagangaje ko hakirimo gukorwa iperereza ngo hamenyekanye icyateye amafi menshi yo mu mugezi wa Mukungwa gupfira rimwe.
-
Abanyeshuri 1700 bo mu bihugu 30 bagiye guhurira i Kigali baganire ku cyateza imbere Afurika
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira ibisubizo.
-
Pele ufatwa nk’umukinnyi w’ibihe byose mu mupira w’amaguru yahitanwe na kanseri
29 December 2022, by Dusingizimana RemyIcyamamare mu mupira w’amaguru Edson Arantes do Nascimento "Pelé" yitabye Imana ku myaka 82 y’amavuko azize uburwayi bwa kanseri.
Uyu mugabo watwaranye na Brazil ibikombe bitatu by’Isi, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’ikinyejana cya 20.
Amakuru y’urupfu rwa Pelé yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 29 Ukuboza 2022.
Al Jazeera yanditse ko amakuru y’itabaruka rye yemejwe n’Uhagararariye Inyungu ze, Joe Fraga.
Pelé yari amaze iminsi arwariye mu bitaro kuva mu Ugushyingo (…) -
Abagize guverinoma nshya igizwe n’abagore 13, n’abagabo 18 bamenyekanye
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAshingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :
I. Abaminisitiri :
1. Madamu UWIZEYE Judith, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika
2. Bwana GATETE Claver, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi
3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w’Ubucuruzi n‘Inganda (…) -
Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo
18 February 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
-
Kigali: Kwikingiza Covid-19 ku bafite imyaka igeze kuri 18 byatangiye ku bwitabire bwo hejuru
23 August 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwatangiye icyiciro cya 3 cyo gukingira Covid-19 mu buryo bwagutse mu mujyi wa Kigali kireba abantu bafite imyaka 18 kuzamura ndetse iyi gahunda yitabiriwe cyane.
-
Pro-femmes Twese hamwe yatoye abayobozi bashya Kanakuze akomeza kuyiyobora by’ agateganyo
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-femmes Twese Hamwe yatoye abagize inama y’ ubutegetsi ariko uwari umuyobozi wayo Kanakuze Jeanne d’ Arc akomeza kuyiyobora by’ agateganyo kuko uwari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yakuyemo kandidatire ye hasigaye igihe gito ngo aya matora abe.
Aya matora yabaye nyuma y’ inteko rusange y’ imiryango igize Profemmes Twese hamwe yabaye kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukuboza 2017.
Abatowe ni Madamu Ruboneza Suzanne ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere, Kayibanda (…)
Umuryango.rw
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga
Pele ufatwa nk’umukinnyi w’ibihe byose mu mupira w’amaguru yahitanwe na kanseri
Kigali: Kwikingiza Covid-19 ku bafite imyaka igeze kuri 18 byatangiye ku bwitabire bwo hejuru