Umugabo wo mu karere ka Rusizi witwa Nyabyenda Paulin aravugwago kuba yarakosheje umukobwa we Rosine inshuro ebyiri we akabihakana akavuga ko yatekewe umutwe.
Nk’ uko bigaragazwa n’ inyandiko, tariki 14 Mata 2016 nibwo Mbarimombazi Theogene yakoye umukobwa wa Nyabyenda witwa Rosine.
Umukwe wa Nyabyenda yohereje abasaza kwa sebukwe bajya gufata irembo nk’ ibisanzwe. Gusa ngo yaje kumenya ko hari undi musore wakoye uyu mukobwa ndetse bafitanye ubukwe umwaka utaha muri 2018.
Mbarimombazi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rusizi: Umugabo aravugwaho gukosha umukobwa we inshuro ebyiri nka Rusisibiranya
22 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Mu mafoto reba uko AbanyeCongo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira i Kigali Moise Katumbi utavuga rumwe na Kabila
29 April 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa 28 Mata 2018 nibwo Abanye Congo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira Moise Katumbi uri i Kigali mu nama ya " Ibrahim Governance Weekend".
Aba BanyeCongo bavuga ko barambiwe ubutegetsi bwa Joseph Kabila ndetse ko uwo bashaka ari Moise Katumbi wahoze ari Guverineri w’intara ya Katanga muri Congo mbere y’uko umubano we na Kabila uzamo agatotsi.
Uyu mugabo w’imyaka 54 wari ushagawe n’AbanyeCongo benshi yabatangarije itangazamakuru ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya (…) -
U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano yo kubaka umuhanda wag are ya moshi
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Tanzania byiyemeje gutangira kubaka inzira ya gari ya moshi Isaka-Kigali mu kwezi k’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2018.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye niwe washyize umukono ku masezerano agena uburyo uwo muhanda uzubakwa.
Ku ruhande rwa Leta ya Tanzania, ayo masezerano yashyizweho umukono na Ministiri w’icyo gihugu ushinzwe ibikorwa, gutwara abantu n’ibintu ndetse n’Itumanaho, (…) -
Musabimana wari umuyobozi w’ ishuri yatorewe kuba Meya wa Nyabihu
14 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 14 Gicurasi 2018 Musabimana Odette wari Umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Rega ADEPR mu Murenge wa Jenda, yatorewe kuyobora Akarere ka Nyabihu mu gihe cy’inzibacyuho.
-
Uwatwikishije ipasi umukozi wo mu rugo w’ imyaka 16 nta gihano yahawe
31 March 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ngoma rwakatiye Noella Ihirwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera iyicarubozo Synthia Umutoniwase wamukoreraga akazi ko mu rugo, gusa uwitwa Joseph watwikishije uyu mukozi ipasi nta gihano yahawe nyamara umuturanyi wahamijwe kumukanda amabere no kumupfura imisatsi yahanishijwe gufungwa umwaka n’ amezi atatu.
Kuba Noella yarakatiwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse bivuze ko atagezwa muri gereza.
Ibimenyetso umushinjacyaha (…) -
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya batarahiye tariki 31 Kanama
11 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri basimbuye abari abadepite bahawe indi mirimo.
Abo bayobozi ni Minisitiri w’ imari n’ igenamigambi Amb. Claver Gatete, Minisitiri w’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika (…) -
Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
26 April 2018, by Martin Munezero– Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu (…) -
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta
27 November 2017Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n’abakuru b’ibihugu 11 harimo na perezida w’u Rwanda Paul kagame.iki gikorwa k’irahira kikaba kizabera mu murwa mukuru I Nairobi.
Daily nation yanditse ko mu baperezida bitezwe ku munsi w’ejo harimo; Yoweri Museveni wa Uganda, Ian Khama wa Botswana, Paul Kagame w’u Rwanda, John Pombe Magufuli wa Tanzania, Edgar Lungu wa Zambia, Ismaïl Omar (…) -
Nyamagabe yabonye meya mushya usimbura Mugisha Philbert
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose Mureshyankwano ni umwe mu bitabiriye aya matora. Uwamahoro yabonye amajwi 324 kuri 337 bagombaga gutora naho Mujawayezu Louise agira amajwi 13 gusa.
Uwamahoro yasimbuye Mugisha Philbert wegujwe na njyanama y’ akarere ka Nyamagabe tariki 18 /11/2017 nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi y’ u Rwanda. (…)
Umuryango.rw
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame