Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe, Twayituriki Emmanuel, n’Umuyobozi w’amashami (Division Manager), Ngabonziza Jean Bosco, beguye ku mirimo yabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gitifu wa Nyamagabe n’ undi muyobozi beguye
26 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Niki cyo kwitega ku makipe ya Afurika agiye mu gikombe cy’isi yose atozwa n’abenegihugu?-Umusesenguzi Muhire Hassan
14 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutoza w’Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Kamonyi akaba n’Umwe mu basesenguzi b’umupira w’amaguru yaba mu Rwanda no ku isi yose,Muhire Hassan,yavuze ko abatoza bakomoka muri Afurika badakwiriye kureberwa ku ruhu ahubwo harebwa ubumenyi gusa yemeza ko bigoye ko bazakora ibitangaza mu gikombe cy’isi uyu mwaka.
Bwa mbere mu mateka y’igikombe cy’isi, amakipe 5 ahagarariye Africa azatozwa n’abenegihugu.
Ikipe ya Senegal izatozwa na Aliou Cissé wayikiniye,Tunisia izatozwa na Jalel (…) -
Minisitiri Gashumba yavuze uko abarimu bishe abanyeshuri b’ abatutsi batabishe ngo bapfe
11 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko yiga abarimu babigishaga bajyaga bafata umunyeshuri w’ umututsi bakamuha amanota 2/20 bakabimwerurira bavuga ko impamvu bamuhaye 2/20 ari uko ari umututsi asaba abakozi bakora muri Minisiteri ayoboye kuba abanyakuri.
-
Kuki igitero cy’ I Nyaruguru cyazamuye umwuka mubi hagati y’ u Burundi n’ Ububiligi ?
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestIbitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
-
Icyo gihe: Taliki 25/11/1997 Mzee Kabila yagize Gen James Kabarebe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo-Kinshasa
25 November 2018, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na Kabila.
-
Polisi yagize icyo ivuga ku mu masayi bivugwa ko yafashe azunguza inkweto imushyize muri pandagali ngo inanirwa kugenda
23 January 2019, by Martin MunezeroPolisi y’u Rwanda yakuye ho urujijo ku umumasayi byavuzwe ko yafashe azunguza yamushyira mu modoka ikanga kwaka.Mu minsi micye ishize mu mujyi wa Kigali humvikanye amakuru avuga ko Polisi yafashe umumasayi arimo kuzunguza, hanyuma Polisi imushyize mu modoka yanga kwaka aho bivugwa umumasayi yari yayiroze. Kuri ubu Polisi yagize icyo itangaza ikura benshi mu rujijo.
-
Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Isiraheli Rivlin na Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu-AMAFOTO
10 July 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere tariki 10 Nyakanga 2017.
Perezida Kagame yashimiye Perezida Rivlin ku ruhare igihugu cye gikomeje kugaragaza mu gushimangira umubano w’ibihugu byombi.
Yagize ati "U Rwanda ni igihugu cyafunguye amarembo muri bizinesi, twiteguye kwakira abikorera baturutse muri Isiraheli bakomeza kuza gushora imari mu (…) -
Ibyo wamenya ku mwavoka wa “Prince Kid” wigeze kuburanira Rusesabagina
11 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko urubanza rwa Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid’ rwari ruteganyijwe kuri uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022 ,rusubitswe bisabwe n’umwunganira mu mategeko witwa Me Nyembo Emelyne atarabona dosiye y’Ubushinjacyaha, twabakusanyirije bimwe byibanze wamenya kuri uyu mwavoka ugiye kuganira ’Prince Kid’.
Me Nyembo Emelyne uri kuganira Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid ‘ mu mategeko ku byaha akurikiranweho by’ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye bamwe mu bakobwa (…) -
Mu byaranze tariki 25 Kamena mu mateka, Perezida Kagame yayoboye inama y’ abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo bitandukanye
25 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri ku cyumweru tariki ya 25 Kamena, ni umunsi w’176 mu minsi 365 igize umwaka. Iminsi 189 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Kuri iyi tariki muri 2015, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yayobowe inama y’ abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yemeje ibyemezo n’ ibyanzuro bitandukanye.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka:
253: Papa Cornelius yishwe aciwe umutwe, yiciwe ahitwa Centumcellae. 1678: Venetian Elena Cornaro Piscopia, ukomoka muri Repubulika ya Venice ubu ni (…) -
Igitero cyagabwe i Nyaruguru: Umwe mu bishwe yari umurezi abashimuswe barekuwe
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestIfoto ya Maniraho Anathole wari umuyobozi ushinzwe amasomo muri GS Nyabimata wiciwe mu gitero i Nyabimata
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabili tariki 19 rishyira tariki 20 Kamena 2018 abantu bitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru bica abantu babiri bakomeretsa abandi barimo n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge.
Umuryango.rw
Niki cyo kwitega ku makipe ya Afurika agiye mu gikombe cy’isi yose atozwa n’abenegihugu?-Umusesenguzi Muhire Hassan
Ibyo wamenya ku mwavoka wa “Prince Kid” wigeze kuburanira Rusesabagina