Urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha NPPA bwatangiye gukora ku idosiye ya Twagirayezu Wenceslas ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ubushinjacyaha bwashyikirijwe idosiye ya Twagirayezu woherejwe n’igihugu cya Danemark
19 December 2018, by Martin Munezero -
‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima yirinze gutangaza niba ifite icyizere ko ubushakashatsi bwa RPHIA buzasanga SIDA mu Rwanda iri munsi ya 3%.
-
Amafoto:Reba Couple 5 z’abakobwa bitabiriye Miss Rwanda baryohewe mu rukundo
4 April 2023, by ISHIMWE JANEMu mafoto atandukanye ihere ijisho Couple za bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda baryohewe mu rukundo.
-
Ishuri ry’ imyuga Perezida Kagame yemereye Nyabihu rigiye kuzura
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu niho harimo kubakwa ishuri rikuru ry’ imyuga Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yemereye akarere ka Nyabihu mu mwaka 2015.
Biteganyijwe ko iri shuri rizatanga umusanzu ukomeye mu guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda.
Iri shuri ry’imyuga rya Nyahibu ryatangiye kubakwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2016.
Bamwe mu baturage biganjemo abaturanye naryo babonyemo akazi batangarije Umuryango ko byabafashije kugira ibyo bikemurira mu buzima bwabo bwa buri (…) -
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
20 September 2021, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe n’igihano guverinoma y’u Rwanda yahaye Paul Rusesabagina, ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika bwemewe n’amategeko.
Ibi bikubiye mu itangazo umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Ned Price,yashyize hanze urubanza rwa Rusesabagina rukimara gusomwa mu rukiko rukuru rw’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Aragira, ati: "Amakuru y’uko habuze umucyo muri uru rubanza ateye kwibaza ku kuri kw’igihano (…) -
Kenya: Impanga zisa cyane zongeye guhura nyuma y’imyaka 19 muganga akoze ikosa akazitandukanya [AMAFOTO]
19 April 2019, by Dusingizimana RemyAbakobwa babiri b’impanga, Melon Lutenyo na Sharon Mathias bavutse ari impanga muganga abatandukanya bamaze kuvuka abavanga n’undi mukobwa witwa Mevies Imbaya,bahuye nyuma y’imyaka 19 batandukanye.
-
Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi 7 muri 16 baherutse kwirukanwa n’ikipe ya APR FC [Yavuguruwe]
2 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatakaje abakinnyi 4 bakerekeza muri mukeba wayo APR FC,nayo yamaze gusinyisha abagera kuri 7 muri 16 iherutse kwirukana barimo Imran Nshimiyimana, Herve Rugwiro, Kimenyi Yves , Mirafa Nizeyimana, Savio Nshuti, Rusheshangoga Michel na Maxime Sekamana ni abakinnyi ba Rayon Sports.
-
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
25 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020,umugabo w’imyaka 61yahitanwe na Covid-19.Uyu mugabo yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo,bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15.
-
Min.Busingye yasobanuye iby’urukuta rwa Top Tower Hotel ruvugwaho guhitana umuntu
24 July 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Johnston Busingye ndetse unafite Polisi y’Igihugu mu nshingano ze yahakanye ko hari umuntu umwe wapfuye ari mu bikorwa byo gusenya Top Tower Hotel.
Mu minsi ishize, nibwo hatangiye ibikorwa byo gusenya inyubako yakoreragamo Hoteri Top Tower yari ku Kimihurura, ubu muri iyi minsi ya none ibi bikorwa bikaba birimbanyije.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi, (…) -
Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bahanaguweho ibyaha
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane tariki 6 Ukuboza 2018, Urukiko Rukuru rwagize abere Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bagirwa.
Umuryango.rw
‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi
Amafoto:Reba Couple 5 z’abakobwa bitabiriye Miss Rwanda baryohewe mu rukundo
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda