Kuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Patrick Nyamvumba yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yakoreraga muri Centrafrique.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mu mafoto reba ibyaranze uruzinduko rw’ iminsi ibiri rwa Gen Nyamvumba muri Centrafrique
9 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Bamwe mu bahoze muri FDLR batahutse
17 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yemeje amakuru avuga ko bamwe mu bahoze ari abarwanyi b’ umutwe urwanya Leta y’ u Rwanda FDLR batahutse .
-
Rwamagana FC yongeye gutuma abafana ba APR FC bashidikanya ku ikipe yabo [UKO TOMBOLA YA 1/16 YAGENZE]
8 June 2019, by Dusingizimana RemyMu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro,Rwamagana itahabwaga amahirwe yatsinze APR FC igitego 1-0 ituma abafana ba APR FC bacika ururondogoro banenga umutoza wabo Zlatko Krmpotic wakinishije abakinnyi badasanzwe bakina.
-
Nyuma y’ikipe ya Arsenal hari n’indi kipe ikomeye i Burayi yasabye kwamamaza ’Visit Rwanda’
24 January 2019, by Martin MunezeroIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatangaje ko hari indi Kipe yo u mugabane w’Ubulayi yasabye ko nayo yakwamamariza Visit Rwanda, nyuma ya Arsenal yasinyanye amasezerano na RDB azarangira hagati ya 2020 na 2021.
-
Kuva ku muryango wa Paul Kagame kugeza ku muturage intero n’imwe-Amafoto y’ubudasa
17 July 2017, by Iyamuremye JanvierIminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi byatangiriye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu turere umunani tuyigize hasigaye gusa akarere ka Muhanga.Ku Cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2017,umukandida Paul Kagame yiyamamarije mu turere twa Nyamagabe, Huye na Kamonyi. Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yabwiye abaturage (…) -
Umubyeyi wijejwe inkunga na Minisiteri y’ ubutabera arifuza amafaranga cyangwa amatungo magufi
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbakozi ba Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa 21 Kamena 2018 bibutse abazize Jenoside bo mu karere ka Huye mu Murenge wa karama ahahoze hitwa Komine Runyinya bashyikiriza Meya w’Akarere ka Huye inyandiko yemeza ko bazaremera umwe mu baturage barokotse Jenocide bo mu Murenge wa Karama.
-
Kenya: Impanga zisa cyane zongeye guhura nyuma y’imyaka 19 muganga akoze ikosa akazitandukanya [AMAFOTO]
19 April 2019, by Dusingizimana RemyAbakobwa babiri b’impanga, Melon Lutenyo na Sharon Mathias bavutse ari impanga muganga abatandukanya bamaze kuvuka abavanga n’undi mukobwa witwa Mevies Imbaya,bahuye nyuma y’imyaka 19 batandukanye.
-
Rwamagana yongeye kuba iya mbere mu mihigo, Nyanza iba iya nyuma
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka ushize.
-
Perezida Kagame yagaragaye I Rubavu anyoga igare [AMAFOTO]
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yagaragaye ahitwa Bruxelles mu karere ka Rubavu anyoga igare, amakuru aravuga ko we n’ umushyitsi bari kumwe basuye ingagi mu birunga.
Abaturage bakimara kubona ko ari Perezida Kagame urimo kunyoga igare mu muhanda Nyamyumba - Gisenyi werekeza kuri Brasserie begereye umuhanda ari benshi arahagarara arabazuhuza bamugaragariza urugwiro n’ ibyishimo.
Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko ufite amakuru yizewe ko mu gitondo cyo kuri uyu wa (…) -
Rusizi: Ikamyo yagonze ivatiri umugore n’ umugabo barapfa, abana barakomereka
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestIkamyo yataye umukono wayo igongana n’ ivatiri yari itwawe n’ umugore, uyu mugore n’ umugabo yari atwaye barapfa , umushoferi w’ ikamyo atabwa muri yombi n’ inzego z’ umutekano. Abana bane barakomeretse.
Umuryango.rw