Muri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gicurasi, 2021 yavuze ko agera kuri miliari 5 na miliyoni 700 babuze irengero ryayo.
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 166 y’Itegekonshinga ry’u Rwanda, iyi raporo yashyikirijwe imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko.
Iyi raporo igaragaza ibyavuye mu bugenzuzi bwerekeye imikoreshereze y’umutungo (Financial Audit), (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize
12 May 2021, by Ubwanditsi -
Nyarugenge: Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko atajya ahabwa umwanya wo kubonana n’abamwunganira
16 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba w’imyaka 54 kuri uyu wa gatanu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hasubukuwe urubanza rwe aho yajururiye icyemezo cy’urukiko rwibanze rwa Kicukiro.
Urubanza rwa Col Tom Byabagamba rwatangiye kuburanishwa ubujurire hifashishijwe ikoranabuhanga rya Webex. Ubushinjacyaha bwo ku rwego Rwisumbuye bwa Nyarugenge bwaburanye buri mu biro byabwo naho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko, Me Paul Ntare na Me Gakunzi Gasore Valery bo baburanye bari kuri gereza Kanombe. (…) -
Abadakunda u Rwanda babonye impamba yabo-Perezida Kagame
1 January 2020, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2020,Nyakubahwa perezida Kagame yavuze ko umwaka ushize wagenze neza ku Banyarwanda n’inshuti zarwo ariko abarwifuriza inabi nta mahirwe bagize kuko babonye impamba yabo.
-
Perezida Kagame yitabiriye isangira ryahembewemo ikigo cyafashije u Rwanda kurwanya kabore
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cyo muri Nigeria kigamije guteza imbere ubuhinzi, The International Institute of Tropical Agriculture (IITA) cyahawe igihembo cy’umwaka (Africa Food Prize) gihabwa uwahize abandi mu guteza imbere ubuhinzi bugamije kwihaza mu biribwa muri Afurika.
-
Perezida Kagame yasabye Minisante na Polisi guhagurukira mu maguru mashya ikibazo cyo KWITUKUZA
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko ikibazo cyo kwihindura uruhu ‘KWITUKUZA’ Minisiteri y’ Ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bagihagurukira kuko bifite ingaruka ku buzima.
-
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]
23 September 2021, by Dusingizimana RemyIbimenyetso by’ibanze byakwereka umuhisi n’umugenzi ko ubuzima mu Ntara ya Cabo Delgado bwatangiye kugaruka ugereranyije n’uko mu minsi ishize bwari bumeze. Nko mu ntangiriro z’umwaka ushize, nta muntu washoboraga kugenda nyuma ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Muri Palma, ku muhanda abacuruzi batangiye kwisuganya, batandika amavuta, ifu n’ibindi byo kurya. Ku rundi ruhande, abakora uburobyi hafi aho na bo ibikorwa barabirimbanyije nta nkomyi ndetse hasigaye hari n’imodoka nke zitwara (…) -
Sebeya yinjiye muri Petit Seminaire ya Nyundo yangiza byinshi abanyeshuri barimo kwimurwa [AMAFOTO]
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryo kuri uyu wa 6 rishyira ku wa 7 Gicurasi 2018 umugezi wa Sebeya mu karere ka Rubavu wuzuye winjira mu ishuri rya petit Seminaire yo ku Nyundo wangiza ibikoresho by’ ikigo n’ iby’ abanyeshuri abanyeshuri barimo gushakirwa aho baba bagiye kuba.
-
Musenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana
12 February 2019, by Martin MunezeroMusenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda ndetse ubumazemo igihe kinini yitabye Imana ku myaka 97 y’amavuko.
-
Mu bakobwa 100 b’ abanyarwandakazi 7 batwara inda zitateganyijwe
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare y’ abagana serivise zo kuboneza urubyaro mu Rwanda igenda izamuka gusa ngo mu basore n’ inkumi iyi mibare iracyari inyuma bikaba na kimwe mu bituma abakobwa b’ abanyarwandakazi 7,3% batwara inda batabiteganyije.
-
Mu rubanza rw’ abari abayobozi ba ADEPR umushinjacyaha yahindutse umushinjura
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestNtibikunze kubaho ariko biremewe ko umushinjacyaha ashobora gushinjura. Mu iburanisha rya 2 mu rubanza mu mizi ruregwamo abari abayobozi ba ADEPR Ubushinjacyaha Emmenuel Nkubito yavuze ko nta bimenyetso bihamya ibyaha bihari.
Umuryango.rw
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]
Mu bakobwa 100 b’ abanyarwandakazi 7 batwara inda zitateganyijwe