Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga ururimi rw’ Igifaransa, Louise Mushikiwabo yasabye abanyapolitiki ba Repubulika Iharanira Demokarasi (DRC) kwirinda guteza imvururu mu baturage ahubwo abataranyuzwe bagakemura ibibazo mu biganiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Madame Louse Mushikiwabo yagize icyo asaba Abanyepolitiki ba D.R.Congo
11 January 2019, by Martin Munezero -
Umunyamakuru wa BBC Phocas Ndayizera akurikiranyweho iterabwoba
28 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamakuru Phocas Ndayizera babuze mu Cyumweru gishize kuri iki gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 28 Ugushyingo yeretswe abanyamakuru, afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ngo ari gukorwaho iperereza ku byaha by’iterabwoba akekwaho.
-
Exclussive: Twaganiriye na Kayirebwa Marie Paul Keesha wamamaye mu ndirimbo Ikinyafu uri mu bahatanira MissRwanda2021
24 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTKayirebwa Marie Paul uzwi kukazina ka Keesha ni Umwe mubanyamideli bagezweho kandi bari kumenyekana cyane mu myidagaduro ya hano mu Rwanda. ni umwe kandi mubakobwa 37 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’ URwanda 2021.
-
Huye: (Video) Abagororwa bagerageje gutoroka baricwa. Umva uko byagenze n’ikiri gukorwa
24 January 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 5 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
-
Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro byahananuwe
15 February 2021, by UbwanditsiDore Diru, Dore Diru.
Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.
Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet.
Cyangwa se ugure dekoderi ya DTH (ikoresha igisane cyangwa Dish) wishyuye amafaranga 6500 Rwf maze wongereho 8500 Rwf bya abonema ya Smart Bouquet. (…) -
Minisitiri Gashumba yasuye ibitaro bya Kabgayi mama we yakozemo bimubwira ukuntu bihomba miliyoni 5 ku kwezi
10 August 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ibitaro bya Kabgayi byatangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba ko buri kwezi bihomba miliyoni 5 bitewe n’ abarwayi babigana bakoze impanuka abandi bakabigana bakafite ubwisungane mu kwivuza.
Dr Philippe Nteziryayo uyobora ibi bitaro yabitangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba kuri uyu wa Gatatu tariki 9 Kanama 2017.
Minisitiri Diane Gashumba yakiriwe n’ abayobozi batandukanye barimo n’ umushumba wa Dioseze ya Kabgayi Simragde Mbonyintege atemberezwa ibi (…) -
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Adeline Rwigara ngo abantu 4 si rubanda ahubwo byari ukuganyira inshuti
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bitabye urukuko ngo bakomeze kuburanishwa nyuma y’ uko barekuwe by’ agateganyo. Saa mbili za mu gitondo bari bageze mu cyumba cy’ iburanisha aho basanze abantu benshi baje gukurikirana uru rubanza.
-
Umunya-Uganda yafatiwe mu Rwanda afite icyuma gihindura telephone zihamagariye mu mahanga zikamera nk’ iziri mu gihugu imbere
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunya-Uganda witwa Nabide Majidu wari ufite icyuma gikoreshwa mu itumanaho rya telefone kizwi nka SIM box cyangwa SIM Bank, gikoreshwa mu guhindura telefoni zihamagara ziturutse mu mahanga zikagaragara nk’iziri mu gihugu.
-
“Imana iyo iguhaye umugisha ukarega agatuza igateraho umugeri’ Past. Rutayisire
21 November 2018, by Nsanzimana ErnestRev.Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko mu gihe cyose umuntu abonye umugisha uva ku Mana aba akwiye kwicisha bugufi akirinda kwishyira hejuru kuko ngo ashobora kurega agatuza Imana ikagatera umugeri, ikamucisha bugufi nkuko yacishije bugufi umwami Nebukadinezari.
Umuryango.rw