Inyeshyamba za RUD-URUNANA ziheruka gutakaza umuyobozi wazo Gen.Afurika Jean Michel zasubiranyemo zipfa ubugambanyi bituma zicana aho abagera kuri 14 barimo uwitwa Kapiteni Kabatsi wari muganga wa Gen.Afurika Jean Michel wishwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RDC: Inyeshyamba za RUD-URUNANA zasubiranyemo bituma abagera kuri 14 barimo uwari umuganga wa Gen.Afurika bahasiga ubuzima
1 December 2019, by Dusingizimana Remy -
Huye: Umunyerondo w’umwuga yasanze umuturage mu rugo rwe aramukubita amugira intere
26 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Nzamurambaho bahimba Kabayija urwariye mu bitaro bya CHUB avuga ko umunyerondo witwa Sumayire yamusanze mu rugo rwe aramukubita agambaniwe n’umuturanyi we witwa Bizimana Jean Claude bafitanye ikibazo.
-
Abasaga miriyoni 6 bamaze guta ingo zabo bahunga imirwano ihora mu majyaruguru ya RDC
16 April 2022, by Joseph IradukundaAbaturage babarirwa mu bihumbi n’ibihumbi, bamaze guteshwa ingo zabo bakitsindagira mu mabanga y’imisozi mu ntara ya Ituri,iherereye mu majyaruguru ya Repubrika ya Demokarasi ya Congo (RD Congo).
-
Nyuma y’imyaka irenga 60 mu cyiciro cya mbere ikipe ya Kiyovu sports isubiye mu cyiciro cya kabiri
15 June 2017Ikipe ya Kiyovu Sports bidasubirwaho isubiye mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Rayon Sports 2-1 ku mukino wari wavuzweho byinshi mbere y’uko ukinwa.
Nubwo abafana ba kiyovu Sports bari biteze ko ikipe yabo yakora ibitangaza igatsinda Rayon Sports kuri uyu mukino wa nyuma ntabwo bibahiriye kuko ibitego cya Tidiane Kone ku munota wa 32 na Kwizera Pierrot ku munota wa 71 kuri kimwe cya Lomami Andre bibaye nk’umukono ubamanura mu Cyiciro cya kabiri.
Kiyovu sports yaje (…) -
Min.Busingye yasobanuye iby’urukuta rwa Top Tower Hotel ruvugwaho guhitana umuntu
24 July 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Johnston Busingye ndetse unafite Polisi y’Igihugu mu nshingano ze yahakanye ko hari umuntu umwe wapfuye ari mu bikorwa byo gusenya Top Tower Hotel.
Mu minsi ishize, nibwo hatangiye ibikorwa byo gusenya inyubako yakoreragamo Hoteri Top Tower yari ku Kimihurura, ubu muri iyi minsi ya none ibi bikorwa bikaba birimbanyije.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi, (…) -
‘U Rwanda ntirukeneye gushimirwa ko rwarekuye by’ agateganyo abakekwaho ibyaha’ Minisitiri Evode
7 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe itegeko Nshinga n’andi matageko ntiyemeranya n’ abarimo gushimira u Rwanda kuba rwararekuye by’ agateganyo Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bakurikiranwe badafunze.
-
Kizito Mihigo na Ingabire Victoire bamaze gusohoka muri gereza [AMAFOTO]
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMugitondo cyo kuri uyu wa 15 Nzeli 2018 nibwo Umuhanzi Kizito Mihigo n’umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire nyuma y’aho Perezida Kagame ahaye imbabazi imfungwa n’abagororwa 2138.
Muri aya masaha ya saa ine nibwo uyu muhanzi wari warakatiwe imyaka 10 y’ igifungo n’ uyu munyapolitiki wari warakatiwe imyaka 15 basohotse muri gereza ya Mageragere.
Kizito Mihigo wari umaze imyaka 4 muri gereza, ku wa 27 Gashyantare 2015 ni bwo Urukiko Rukuru rwamuhamije icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi (…) -
Pasiteri Kamanzi wari umuhuzabikorwa wa Rwanda Shima Imana yitabye Imana
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2018 nibwo amakuru y’ urupfu rwa Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana yamenyekanye.
-
Rubingisa Pudence niwe watorewe kuyobora umujyi wa Kigali
17 August 2019, by Dusingizimana RemyRubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari bahanganye wagize amajwi 22.
-
Rayon Sports yimuye italiki yagombaga gutangarizaho umutoza wayo mushya
20 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwimura igihe bwagombaga gutangariza ku mugaragaro umutoza mushya usimbura Robertinho watandukanye nayo mu minsi ishize.
Umuryango.rw
Abasaga miriyoni 6 bamaze guta ingo zabo bahunga imirwano ihora mu majyaruguru ya RDC