Apostle Rwandamura Charles, R. Pastor Nyamurangwa Fred, Bishop Rugagi Innocent, Rev Ntambara Emmanuel, Pastor Dura James na Pastor Kalisa Shyaka Emmanuel batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu bakurikiranyweho gutambamira gahunda yo kugenzura insengero zitujuje ibyangombwa no gukoresha inama mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Mu itangazo yashyize ahagaragara Polisi y’Igihugu yavuze ko abatawe muri yombi bose bashinjwa ko ‘baremye itsinda bagatangira n’inama zitemewe bagamije gutambamira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bishop Rugagi n’ abandi ba pasiteri 5 batawe muri yombi
5 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ishuri ry’ imyuga Perezida Kagame yemereye Nyabihu rigiye kuzura
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu niho harimo kubakwa ishuri rikuru ry’ imyuga Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yemereye akarere ka Nyabihu mu mwaka 2015.
Biteganyijwe ko iri shuri rizatanga umusanzu ukomeye mu guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda.
Iri shuri ry’imyuga rya Nyahibu ryatangiye kubakwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2016.
Bamwe mu baturage biganjemo abaturanye naryo babonyemo akazi batangarije Umuryango ko byabafashije kugira ibyo bikemurira mu buzima bwabo bwa buri (…) -
Ubushinjacyaha bwashyikirijwe idosiye ya Twagirayezu woherejwe n’igihugu cya Danemark
19 December 2018, by Martin MunezeroUrwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha NPPA bwatangiye gukora ku idosiye ya Twagirayezu Wenceslas ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi
10 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima yirinze gutangaza niba ifite icyizere ko ubushakashatsi bwa RPHIA buzasanga SIDA mu Rwanda iri munsi ya 3%.
-
Ifoto y’Umunsi: Perezida Kagame na Museveni basuhuzanyije mbere y’inama y’I Gatuna [AMAFOTO]
21 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Perezida João Lourenço, perezida Felix Tshisekedi na perezida Museveni bahuriye I Gatuna kuri uyu wa Gatanu mu biganiro byo kuzahura umubano w’U Rwanda na Uganda umaze imyaka 3 utameze neza.
-
Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikeneye interineti yihuta ngo itere imbere
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ Umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe AU yavuze ko bitewe n’ uburyo Afurika iteye, uko ituwe hakenewe umurongo mugari wa internet Brodband ngo ishobore nguhangana n’ ibibazo biyugarije.
-
Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU
11 April 2022, by Joseph IradukundaKuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo abatereranwe n’ingabo za Loni zari zishinzwe kugarura amahoro (MINUAR) kuri ETO Kicukiro.
-
Reba videwo y’umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe mushya Dr.Ngirente Edouard
30 August 2017, by Martin MunezeroMu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.
Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w’intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.
REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W’IRAHIRA RYA MINISITIRI W’INTEBE MUSHYA
Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe (…) -
Gakenke: Imiryango 9 yashyikirijwe inka yemerewe na Mme J.Kagame
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Nemba, mu karere ka Gakenke, imiryango icyenda (9) ya shyikirijwe inka bemerewe na Madamu Jeannette Kagame. Abagize iyi miryango bishimiye izo nka bavuga ko imibereho igiye guhinduka kuri bo ndetse n’abana babo ngo ntibazongera kugaragaza ibibazo biterwa n’imirire mibi.
-
Uwakize indwara yo kujojoba arasaba abayirwaye kutayihishira
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmwe mu babyeyi 9 bakize indwara yo kujojoba izwi ku izina rya fistule arasaba abayirwaye kutayihishira aka wa mugani w’ Ikinyarwanda ngo “ushaka gukira indwara arayirata”.
Uyu mubyeyi utuye mu karere Nyaruguru, avuga ko yabyariye mu bitaro bya Munini bihereye muri ako karere, akabyara bamuteruye mu nda umwana wapfuye, hanyuma akagira ikibazo cyo kujojoba.
Avuga ko yatinyaga kujya aho abantu bari kubera ko yagiraga impumuro itari nziza bitewe n’ ubwo burwayi. Uyu mubyeyi avuga ko ikibazo (…)
Umuryango.rw
‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi
Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU