Manchester United na Liverpool baraza guhura muri Premier League Kuwa mbere, mu mukino wo Mubwongereza ku makipe abiri akomeye. Umukino uratangira: 21:00
Aya makipe yombi afite akazi gakomeye ko gukora aho bari gushaka intsinzi za mbere za Premier League.
Byabaye ibihe bibi kuri Erik ten Hag nk’umutoza wa Manchester United, aho ikipe ye iri ku mwanya wa nyuma bwa mbere mu binyacumi bitatu.
Nyuma yo kubabazwa no gutsindwa na Brighton ku mukino w’umunsi wa mbere, aho ba Red devils (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro
22 August 2022, by Ubwanditsi -
Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma
28 February 2020, by UbwanditsiMe Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro kuri uyu wa kane taliki 27/2/2019 aho yadutangarije byinshi ku rupfu rwa Kizito Mihigo, amagambo bavuganye bwa nyuma ku cyumweru ndetse n’uko yari asanzwe amubona inshuro zose yamusuraga mu bijyanye n’akazi ko kumwunganira mu mategeko.
-
Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika
9 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2 muri Afurika.
Mu bigenderwaho mu gukora uru rutonde harimo ubushobozi, imikorere, gukurikiza amategeko n’umusaruro zitanga.
Umuryango ukora iyi raporo wifashishije abashakashatsi. Washinzwe mu 2013 ufite icyicaro muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Singapore niyo iyoboye (…) -
Manchester United with back to the wall in Europa League
16 March 2021, by UbwanditsiAC Milan are set to welcome to the English Premier League powerhouse Manchester United for a Europa League round of 16 showdown at San Siro. Bruno Fernandes’ team is entering this return leg with back to the wall after failing to win the first leg against their former player Zlatan Ibrahimovic.
Just seconds separated Marcus Rashford’s Manchester United from travelling to Italy for Thursday’s return leg of the round of the last 16 in the Europa League feeling hopeful of advancing against AC (…) -
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022
17 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTGatandatu tariki ya 12 Gashyantare 2022 nibwo habaye amajonjora y’abakobwa bazahagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022. Mu bakobwa baciye imbere y’akanama nkemurampaka harimo na Umutoniwase Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
-
Bugesera: Abakobwa 5 batwaye inda gutotezwa bituma bava mu ishuri
8 November 2017, by Iyamuremye JanvierMu ntara y’Iburasirazuba- Mu Karere ka Bugesera Mu Murenge wa Gashobora; abagore babiri bari Abanyeshuri muri Groupe Scolaire Dihiro baravuga ko batotejwe n’imiryango yabo bakimara gusama,umwe yarabyaye undi nawe aritegura kwibaruka.
Umwe w’imyaka 15 y’amavuko n’undi w’imyaka 19 y’amavuko bavuye mu ishuri nyuma yo guterwa inda n’abanyeshuri biganaga mu bihe bitandukanye.
Uw’imyaka 15 y’amavuko ati “Narigaga ku kigo cya Dihiro mu wa mbere nari mparangije uretse ko iwacu twari abakene (…) -
Perezida Kagame yagizwe umuyobozi w’umwaka muri Afurika
20 December 2018, by Martin MunezeroIkinyamakuru cyandikirwa ku mugabane wa Afurika ariko kikaba ari umutungo wa Euronews cyagize perezida Kagame umuyobozi w’Umwaka kubera ibikorwa bitandukanye yakoreye u Rwanda ndetse na Afurika.
-
Perezida Mnangagwa yatangaje ikintu gikomeye perezida Kagame yasabiye Zimbabwe mu nama ya G7
2 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’igihugu cya Zimbabwe Emerson Mnangagwa yabwiye abanyamakuru ko perezida Kagame ari umwe mu bakuru b’ibihugu bifuza ko Zimbabwe ikurirwaho ibihano yafatiwe aho yabisabwe mu nama iherutse guhuza ibihugu 7 bikize ku isi bizwi nka “G7”.
-
Abadepite bagiye gusura ikimoteri cya Nduba amasazi abasanganira batarakigeraho
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestIkibazo cy’ ikimoteri cya Nduba kibangamiye ubuzima bw’ abaturage n’ ibidukikije kimaze kuba ikibazo ngarukamwaka muri byo Komisiyo y’ abadepite bakurikirana ikoreshwa ry’ umutungo wa Leta PAC. Perezida wa PAC Nkusi Juvenal yavuze ko bagiye kugisura amasazi akinjira mu modoka yabo batarageraho aho kiri.
-
Musanze: Polisi yaguye gitumo abantu 23 bari gusengera mu cyumba begeranye bayisubiza ko bari kugira ngo COVID-19 icike
14 May 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze,yafashe abantu 23 barimo gusengera mu rugo rw’umuturage witwa Habumurenyi Jean Damascene wo mu kagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze begeranye kandi bibujijwe kubera ingamba Leta yafashe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
Umuryango.rw
MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro
Navutse ndi Muzima! Twaganiriye na Fredda ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga uri mu bahatanira Miss Rwanda 2022