Nyuma y’ umunsi umwe gusa ishyaka riharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage PSD ritangaje ko umukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere ari Paul Kagame, mugenzi waryo PL, Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu naryo ryatangaje umukandida waryo ari Paul Kagame.
PL yatangarije uyu mwanzuro muri kongere idasanzwe y’ ishyaka yateranye kuri uyu wa 4 Kamena 2017. Abayoboke ba PL bitabiye iyi kongere bose bashyigikiye umwanzuro wo guhagararirwa na (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
PL yunze mu rya PSD ku ngingo yo kuzashyigikira Paul Kagame mu matora
4 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cy’ u Rwanda
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’Igihugu.
-
Mohammed Morsi wahiritswe ku butegetsi bwa Misiri yapfiriye mu rukiko
17 June 2019, by Dusingizimana RemyUwahoze ayobora Misiri akaza guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2013, Mohamed Morsi, yitabye imana ari mu rukiko kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2019.
-
Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo
17 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyabigwi muri ruhago Cristiano Ronaldo ,nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich City ibitego 3-2 mukino wa Premier League ,Cristiano Ronaldo yemerewe agahimbazamusyi k’ibihumbi 850 by’amapawundi, ni ukuvuga miliyoni zirengaho gato 850 FRW.
-
Umuhigo wa Minisitiri Sezibera wasimbuye Mushikiwabo
20 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri mushya w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Richard Sezibera ni umwe mu ba Minisitiri bashya barahiriye imirimo mishya kuri uyu wa 19 Ukwakira 2018 akaba yiyemeje gutanga umusanzu we kumukubaka ‘U RwandaTwifuza’.
-
Aba Perezida ba Afurika bemeje kunoza ubumwe no gufasha abimukira muri Libya
30 November 2017, by Iyamuremye JanvierInama yahuzaga Afurika n’Uburayi yasoje imirimo yayo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane i Abidjan muri Cote d’Ivoire abari bayiteraniyemo biyemeje gukemura ibibazo byihutirwa birimo icy’abanyafurika b’abimukira bo mu gihugu cya Libya.
Mu biganiro byabereye muri iyi nama, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yaragaragaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’amavugurura y’umuryango w’Afurika yunze ubumwe azafasha mu iterambere ry’Abanyafurika muri rusange, ibintu anemeza ko bizanagabanyiriza (…) -
Idamange yahakanye ibyo ashinjwa byose mu rukiko avuga ko ibyo yavuze yabitewe n’agahinda ka Guma mu rugo
4 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane,nibwo Madamu Idamange Iryamugwiza Yvonne yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aho akurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, gukubita no gukomeretsa ku bushake, gutesha agaciro ibimenyetso bya Jenoside no gutanga sheki itazigamiye.
-
AS Kigali yaguze umukinnyi wakinnye muri Afurika y’epfo (amafoto)
12 July 2017Ikipe ya AS Kigali ikomeje kugaragaza ubushake bwo kugura abakinnyi bakomeye ku munsi w’ejo taliki ya 11 Nyakanga yaguze undi rutahizamu w’Umugandewitwa Frank Kalanda wakinnye mu makipe akomeye yo mu bagande nka Vipers na Uganda Revenue Authority ndetse aca muri Afurika y’epfo mu ikipe y free States Stars ndetse yakiniye ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes.
Iyi kipe yakaniye gutwara igikombe cya shampiyona umwaka utaha ikomeje kwibikaho abakinnyi bakomeye aho kugeza magingo aya imaze (…) -
Miss Mutesi Aurore yongeye kuvuga ukwiye kwegukana PGGSS7
21 June 2017, by Iyamuremye JanvierNyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2012, Mutesi Aurore yagaragaje ko ashyigikiye umuhanzi Christopher mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star iri kuba ku nshuro ya Karindwi.
Miss Mutesi Aurore, ni umwe mu bakobwa b’ibyamamare badakunda kumvikana mu itangazamakuru bavuga ku by’umuziki n’abahanzi.Uyu mukobwa yavuze byeruye ko Christopher ukunze kwiyita Topher ariwe ukwiye kwegukana iki gikombe muri uyu mwaka.
Uyu mukobwa wiga mu ishami ry’ubwubatsi muri Turukiya, yanditse ku rukuta rwe (…) -
Ikigo cy’ urubyiruko cya Karago ntikigira amazi n’ amashanyarazi
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestIryo bara ry’ umweru ubona rihinguka munsi y’ ikigo cy’ urubyiruko cya Karago ni amazi y’ ikiyaga cya Karago
Urubyiruko rwo mu murenge wa Karago rubavuga ko rwugarijwe n’ ubwigunge ruterwa n’ uko ikigo cy’ urubyiruko kiri muri uwo murenge uherereye mu karere ka Nyabihu mu ntara y’ Iburengerazuba kitagira umuriro w’ amashyanyarazi ntikinagire amazi meza.
Nubwo bimeze gutya ariko ntibibuza ko icyo kigo gikorerwamo amahugurwa atandukanye, ibintu abategura ayo mahugurwa bavuga ko ari (…)
Umuryango.rw
Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo