Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda yagaragaje impamvu zituma agakoko gatera SIDA katakivugwa cyane harimo no kuba Leta yaramaze kumenya ahakeneye imbaraga kurusha ahandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINISANTE yavuze impamvu SIDA itakivugwa cyane
29 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Gashumba yasuye ibitaro bya Kabgayi mama we yakozemo bimubwira ukuntu bihomba miliyoni 5 ku kwezi
10 August 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ibitaro bya Kabgayi byatangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba ko buri kwezi bihomba miliyoni 5 bitewe n’ abarwayi babigana bakoze impanuka abandi bakabigana bakafite ubwisungane mu kwivuza.
Dr Philippe Nteziryayo uyobora ibi bitaro yabitangarije Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba kuri uyu wa Gatatu tariki 9 Kanama 2017.
Minisitiri Diane Gashumba yakiriwe n’ abayobozi batandukanye barimo n’ umushumba wa Dioseze ya Kabgayi Simragde Mbonyintege atemberezwa ibi (…) -
Kizza Besigye yavuze ku makuru yavuzwe ko yahuriye na Perezida Kagame muri Amerika
18 November 2019, by Dusingizimana RemyMu kiganiro kirambuye umunyapolitiki Kizza Besigye yagiranye n’ikinyamakuru The East African,yavuze ko amakuru yavuzwe n’ikinyamakuru The New Vision cya Leta ko yahuriye muri USA na Perezida Paul Kagame ari ibinyoma byambaye ubusa ndetse bitazigera bibaho.
-
Madame Louse Mushikiwabo yagize icyo asaba Abanyepolitiki ba D.R.Congo
11 January 2019, by Martin MunezeroUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga ururimi rw’ Igifaransa, Louise Mushikiwabo yasabye abanyapolitiki ba Repubulika Iharanira Demokarasi (DRC) kwirinda guteza imvururu mu baturage ahubwo abataranyuzwe bagakemura ibibazo mu biganiro.
-
Dr Apôtre Gitwaza nyuma yo guhanurira Afurika bikaba yahanuriye u Burundi ko bugiye kuba nka Dubai
9 April 2018, by Nsanzimana ErnestIntumwa y’ Imana Dr Apôtre Paul Gitwaza washinze idini ‘Zion Temple’ yahanuye ko U Burundi buzaba nka Dubai asaba abafiteyo amasambu kutayitesha. Mu myaka umunani ishize yavuze ko Imana yamubwiye ko imipaka ya Afurika igiye kuvanwaho ubu birimo gukorwa
Dubai ni umugi w’ iraha, uherereye muri Leta zunze Ubumwe z’ Abarabu. Niwo ubarizwa umuturirwa wa mbere muremure cyane ku Isi, ‘Burj Khalifa’ ufite metero 830 z’ uburebure ukagira n’ ibirwa byakozwe n’ abantu.
Ubwo yarimo yigisha Dr Apotre (…) -
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROBamwe mu bayobozi beza Afurika yagize ni abagore, ku mugabane wiganjemo abagabo, abagore baritinyutse cyane baharanira uburenganzira bwabo.
-
Abanyeshuri ba mbere batangiye kwerekeza ku mashuri yabo
15 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mata 2021,abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo, batangiye gusubira ku mashuri birinda gukererwa kugera ku masomo azatangira kuwa Mbere w’icyumweru gitaha.
-
Aba Perezida ba Afurika bemeje kunoza ubumwe no gufasha abimukira muri Libya
30 November 2017, by Iyamuremye JanvierInama yahuzaga Afurika n’Uburayi yasoje imirimo yayo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane i Abidjan muri Cote d’Ivoire abari bayiteraniyemo biyemeje gukemura ibibazo byihutirwa birimo icy’abanyafurika b’abimukira bo mu gihugu cya Libya.
Mu biganiro byabereye muri iyi nama, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yaragaragaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’amavugurura y’umuryango w’Afurika yunze ubumwe azafasha mu iterambere ry’Abanyafurika muri rusange, ibintu anemeza ko bizanagabanyiriza (…) -
Rujugiro asanga guteza cyamunara UTC ari ikinamico, ababajwe n’umuntu uzayigura
13 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert ufite inyubako ya UTC igiye gutezwa cyamunara kubera kutishyura imisoro, yatangaje afite icyizere cy’uko nta muntu uzagura iyi nzugo mu gihe cyose yaba akiri mu bibazo.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nzeri uyu mwaka, Rujugiro yumvikanye ku ijwi ry’Amerika asobanura byinshi ku bibazo bijyanye n’uko atabashishije kwishyura imisoro y’inyubako ya UTC nk’uko yabisabwaga na RRA.
Ku gicamunsi cyo Ku wa mbere w’iki cyumweru nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (…) -
Huye: (Video) Abagororwa bagerageje gutoroka baricwa. Umva uko byagenze n’ikiri gukorwa
24 January 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 5 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
Umuryango.rw
MINISANTE yavuze impamvu SIDA itakivugwa cyane
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]