Ubwo yasengeraga Perezida Kagame ugiye kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere, Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim yashimiye Imana ko yahaye amahoro u Rwanda mu gihe cy’amatora kandi ko yaruhaye umuyobozi abaturage bifuzaga, abari muri sitade ntibihanganira ko hari hagati mu isengesho bakoma amashyi y’urufaya.
Mu isengesho rye ryibanze ku magambo aboneka muri Korowani avuga ko iyo umuntu akoze neza agomba gushimwa kandi ko mu gihe utabasha gushima umuntu n’Imana uba utayishima, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Reba isengesho ryose basengeye Perezida Paul Kagame warahiriye kuyobora u Rwanda
18 August 2017, by Martin Munezero -
Felix Tshisekedi yemejwe bidasubirwaho ko ariwe perezida mushya wa RDC
20 January 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwigenga rurinda itegeko Nshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe watsinze burundu amatora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,atsinze Fayulu na Shadary.
-
Gaby Kamanzi w’ imyaka 36 ategereje umugabo w’umugisha azerekwa mu nzozi (AMAFOTO)
13 June 2017, by Martin MunezeroUmuririmbyikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana Gabby Irene Kamanzi, kuri uyu wambere taliki ya 12 Kamena 2017 yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 36 amaze abonye izuba.
Uyu mukobwa ni umwe mubahanzi kazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakunzwe cyane mu Rwanda, ku myaka 36 y’amavuko aracyari ingaragu, burigihe iyo abajijwe kubijyanye n’urukundo cyangwa se igihe yaba yitegura kuba yashaka uwo bazabana akaramata agusubizako agitegereje umugabo w’umugisha Imana izamwereka mu (…) -
Perezida Kagame yaburiye abayobozi batanga serivisi zitanoze
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ inzego z’ ibanze kurushaho gutanga serivisi zinoze ababurira ko atakomeza kubibasaba ahubwo hari igihe kizagera akisaba icyo akwiriye gukora.
Ubutumwa Perezida Kagame yabutanze kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hatangazwaga uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo ya 2016/17. Abayobozi bakongera gusinyana n’ umukuru y’ imihugu imihigo ya 2016/2017.
Perezida Kagame yashimiye uturere twaje imbere mu kwesa imihigo, (…) -
Gitifu w’ akarere ka Gicumbi yatawe muri yombi ataramara umwaka muri akazi
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’u Rwanda yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi na babiri mu bakozi bakurikiranyweho kunyereza umutungo no gukora inyandiko mpimbano.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi Bernard Bihezande na Jacques Nkezurundi, umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu karere ndetse n’ umukozi mu ishami ry’imiyoborere batawe muri yombi kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2017.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru CIP Innocent Gasasira yatangaje ko aba (…) -
Abanyamategeko bakomeye muri Uganda basabye Leta kurekura Abanyarwanda baherutse gufatwa
30 May 2019, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abanyamategeko bakomeye muri Uganda ryasabye Leta ya Museveni kurekura abanyarwanda 2 baherutse gufatirwa muri iki gihugu bagiye mu birori bya batisimu,bakabafungira ahantu hatazwi.
-
Perezida Kagame yihanganishije Brukina Faso ku bw’ igitero cyaguyemo 16
3 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akana n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze Ubumwe Paul Kagame yoherereje Brukina Faso ubutumwa bw’ akababaro nyuma y’ igitero cy’ iterabwoba cyagabwe mu murwa mukuru wa Burukina Faso Ouagadougou kikagwamo 16 barimo umunani mu bagabwe icyo gitero.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku rubuga rwa twitter yagize ati “Twihanganishije abaturage ba Brukina Faso batakaje ubuzima uyu munsi mu gitero I Ouagadougou. Mfatanyije n’ umuvandimwe wanjye Perezida Roch Marc (…) -
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
28 July 2020Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa Kigali rwagati yahanutse yitura hasi ahita apfa.
-
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League
6 October 2020, by Dusingizimana RemyUbwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa akomeye.
-
Ubukene ntabwo butubereye, turashaka kubuca burundu- Paul Kagame
26 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi yabwiye abaturage ba Nyabihu ko bwaki ikwiye gucika uko byagenda kose. Yanavuze ko ubukene atari ikintu buri wese yakwiratana ahubwo ko bukwiye gucika burundu.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa 26 Nyakanga 2017 mu bikorwa byo kwiyamamariza yagiriye mu ntara y’Iburengerazuba. Kuri gahunda y’umunsi, Paul Kagame ariyamamariza mu Karere ka Musanze, ahave ajya Nyabihu hanyuma asoreze Rubavu.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye ashimira abaturage kuba baje (…)
Umuryango.rw
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League