Azzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe byatumye yegukana Tour du Rwanda 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mugisha Samuel yegukanye Tour du Rwanda 2018
12 August 2018, by Dusingizimana Remy -
Imodoka ya Trinity yaritwaye abagenzi iva Kampala yerekeza i kigali yakoze impanuka ikomeye[AMAFOTO]
17 February 2019, by Martin MunezeroNk’uko byemezwa na SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney, Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, avuga ko imodoka yo mu bwoko bwa Trinity yavaga Kampala yerekeza mu Rwanda yakoze impanuka igahitana umushoferi wayo, abandi bataramenyekana barakomereka mu buryo bukabije.
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, (…) -
Perezida Kagame yavuze inyungu ziri mu bufatanye bwa Afurika na BRICS
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye ari bwo buzaha umurongo ubukungu no mu myaka iri imbere.
-
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihugu nikibona aho gikura kizongerera umushahara abaganga n’abo mu nzego z’ubutabera nkuko cyabikoze ku barimu.
Ati "Abo bandi nabo hari igihe twigeze kureba ko twagira icyo dukora ngo hagire icyiyongeraho ku buzima bwabo cyangwa icyo bahembwa.Harimo (…) -
Nyarugenge: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwayikoze
17 August 2020, by Dusingizimana RemyImibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ni yo imaze kuboneka mu byobo byamenyekanye ko byajugunywemo abantu mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Kagari ka Kivugiza, Umurenge Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge.
-
ADEPR: Bishop Sibonama, Rwagasana na bagenzi babo bireguye kubyaha baregwa
29 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano.
-
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
11 September 2020, by Dusingizimana RemyUwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza” utarahamwe n’icyaha na kimwe kandi wahawe n’ibihembo mpuzamahanga, bigaragaza ubunyangamugayo bwe.
-
Rayon Sports yeretse ibigwi byayo Heroes FC ikomeza gusatira APR FC
8 December 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yanyagiye Heroes yazamutse uyu mwaka ibitego 4-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, bituma ifata umwanya wa kabiri bidasubirwaho yari imaze iminsi isangiye na Police FC.
-
Somalia: Indege yari itwaye ibikoresho byo kurwanya coronavirus yahanutse
5 May 2020, by Dusingizimana RemyAbategetsi muri Somalia batangaje ko indege y’ubwikorezi itwaye ibikoresho by’ubufasha mu kurwanya coronavirus yahanutse igashwanyuka mu ijoro ryo kuwa mbere.Abantu batandatu bari bayirimo ntawarokotse.
Umuryango.rw
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
Nyarugenge: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwayikoze
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe