Leta y’u Rwanda yiteguye kohereza mu kirere icyogajuru muri Gicurasi uyu mwaka rwakorewe ku bufatanye na leta Ubuyapani nyuma y’amasezerano ibihugu byombi byasinyanye mu mwaka ushize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rugiye kohereza bwa mbere icyogajuru mu kirere
25 January 2019, by Dusingizimana Remy -
Mpayimana yavuze ko natorwa azaha Abanyarwanda ubwato bujyana ibicuruzwa mu mahanga
27 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije Abanyarwanda ko nibamutora u Rwanda ruzagira ubwato buriho idarapo ry’ u Rwanda bujyana ibicuruzwa mu mahanga.
Ibi Mpayimana yabitangarije mu ntara y’ Iburasirazuba aho yiyamamarije kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2017. Kuri iyi tariki Mpayimana yiyamamarije Kirehe, Ngoma, Kabarondo, na Rwamagana.
Uyu mukandida yabwiye abaturage ko natorwa azateza imbere igihingwa cy’ urutoki abahinzi bakajya bohereza (…) -
Dore bimwe mu bintu 5 byavuzwe n’abapasiteri/kazi bo mu Rwanda bogafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka
17 May 2018, by Muhire JasonMu binyoma byavuzwe n’abapasiteri/kazi bigafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka turasangamo Gitwaza wavuze ko yahamagajwe na Papa akamubaza ibibazo 120 , Apotre Rwandamura wavuze ko nta mukene uzakandagira mu ijuru , Pasiteri igiharamagara wavuze ko yahuye n’Imana arayisetsa ndetse n’abandi .
-
Inyubako UTC ya Rujugiro si ukugurishwa gusa ahubwo ishobora no gusenywa
12 May 2017, by UbwanditsiInyubako ya Union Trade Center/ Foto:Mahoro Luqman
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasohoye itangazo rigaragaza urutonde rw’imitungo cyafatiriye kubera ba nyirayo barimo iki kigo ibirarane by’imisoro ndetse iki kigo kikaba cyasabye buri wese kuba atagura iyi mitungo cyangwa ngo ayikodeshe kuko ifatiriwe.
Mu mitungo yasohotse kuri uru rutonde harimo n’inyubako Union Trade Center (UTC) iri tangazo rivuga ko ari iy’umunyemali Ayabatwa Tribert Rujugiro.
Ba nyiri imitungo (…) -
Reba urutonde rw’abahanzi/kazi nyarwanda 23 utaruzi ko babyaye abana mbere yo gushinga urugo
13 July 2017, by Martin MunezeroHari umubare munini w’abakora umuziki mu Rwanda bakiri ingaragu. Bamwe muri bo ariko bamaze kwibaruka mbere yo kurushinga. Bamwe byagiye bijya hanze abantu bakabimenya ariko abandi bakabigira ibanga.
Nubwo hari abahanzi bibarutse mbere yo kurushinga, bamwe muri bo ntibaba bifuza ko amakuru y’uko babyaye cyangwa batandukanye n’abagore yajya hanze. Kuri uru rutonde rwakozwe na Umuryango.rw hariho bamwe mu bahanzi bashyize ku mugaragaro abana bibarutse, abandi babigira ubwiru gusa ntawe (…) -
Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bya gukomeza mu ibyo uhura nabyo( igice cya gatanu)/ Rev./Ev. Eustache Nibintije
29 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Amwe mu matungo yo mu ntara y’ iburasirazuba yashyizwe mu kato kubera uburenge
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara itangazo rihagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu ntara y’ iburasizuba.
Iryo tangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 17 Gicurasi 2017 rivuga ko iyo Minisiteri ifashe iki cyemezo nyuma yo kumenya ko amwe mu matungo yo mu karere ka Gatsibo arwaye indwara y’ uburenge. Guhagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ ayo matungo bigamije kwirinda ikwirakwirzwa ry’ iyo ndwara.
Minisiteri y’ ubuhinzi n’ (…) -
Perezida Kagame yasimbuje Umuyobozi Mukuru wa WASAC
2 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakuye James Sano ku mwanya w’ ubuyobozi bukuru bw’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC ashyiraho n’ abanyamabanga ba Leta muri Minisiteri nshya ebyiri ziherutse gushyirwaho.
James Sano yasimbujwe Bwana Aime Muzola nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ ibiro bya Minisitiri w’ intebe. -
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’ intebe mushya utari Murekezi
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAnastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda akaba yari no muri Guverinoma yaseshwe, yasimbujwe Dr. Ngirente Edouard nk’ uko bigaragara mu itangazo rya perezidansi y’ u Rwanda.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr. NGIRENTE Edouard. (…) -
Uko imyanzuro y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano wa 16 yashyizwe mu bikorwa
19 December 2019, by Dusingizimana RemyInama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa 58.
Umuryango.rw