Abaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 Kamena bongeye kuramukira mu myigaragambyo yo gushimira bamwe mu bakuru b’ibihugu byo muri EAC bashyigikiye u Burundi mu nama yabo ya 18, ariko bongera gutunga urutoki u Rwanda barushinja gushaka kujyana kuryamana kw’abahuje ibitsina mu Burundi. Issa Désiré MAZIMPAKA, umuyobozi w’ahitwa Mukaza, yavuze ko abaperezida bo muri EAC basanga ibihano u Burayi bwafatiye u Burundi bidakwiriye. Yibukije ko perezida (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abarundi mu myigaragambyo aho banashinja u Rwanda gushaka kujyana umuco w’abaryamana bahuje ibitsina mu Burundi(AMAFOTO)
5 June 2017, by Martin Munezero -
Rusesabagina yasabye imbabazi Perezida Kagame mbere yo kurekurwa [Urwandiko rwe]
24 March 2023, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 24 Werurwe 2923,nubwo Perezida Kagame yahaye imbabazi Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara nyuma yo kuzimusaba.
Mu ibaruwa Rusesabagina yandikiye Umukuru w’Igihugu ku wa 14 Ukwakira 2023, Rusesabagina avuga ati “nciye bugufi nsaba imbabazi”.
Uyu yavuze ko yifuza gusanga Umuryango we kuko arwaye indwara nyinshi.
Yakomeje ati "ndakwizeza ko nta zindi gahunda za politiki mfite kandi ibibazo bya politiki bivuga ku Rwanda nzabitera umugongo." (…) -
Abagize guverinoma nshya igizwe n’abagore 13, n’abagabo 18 bamenyekanye
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAshingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :
I. Abaminisitiri :
1. Madamu UWIZEYE Judith, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika
2. Bwana GATETE Claver, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi
3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w’Ubucuruzi n‘Inganda (…) -
“Sobanukirwa aho kunesha kwawe guturuka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi ku Mbuga Nkoranyambaga hiriwe hacicikana inkuru y’abagore n’abakobwa 15 bafatiwe mu Murenge wa Rwezamenyo bagiye kongera no kugabanya ibice by’imibiri yabo birimo amabere n’ikibuno.
-
Amwe mu mateka ya Rtd Hubert Gashagaza wamaze gushyingurwa [AMAFOTO]
20 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 20 Nzeli 2018 nibwo Rtd CSP Hubert Gashagaza yashinguwe mu cyubahiro mu Irimbi rya Rusororo nyuma y’ umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye mu rusengero rw’ Abadivantisiti arinaryo dini nyakwigendera yasengeragamo.
-
Umuyobozi wa Rayon Siporo nyuma yo gutabwa muri yombi ashobora gukatirwa imyaka 10
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports Kimenyi Vedaste, kuri ubu ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta. Aramutse ahamwe n’ icyaha bishobora gutuma akatirwa kugeza ku myaka 10 y’ igifungo.
Kimenyi Vedaste, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize akurikiranyweho kunyereza umutungu mu kigo cya Leta kishinzwe ingufu REG EDCL yakoreraga. Afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Hitayezu Emmanuel (…) -
Menya byinshi kuri Samusure wize amashuri atatu abanza gusa akaba n’umukozi wo mu rugo aho yishimira ibyo amaze kugeraho
13 February 2019, by Martin MunezeroKalisa Ernest uzwi nka Samusure cyangwa Rulinda nk’amazina yamamayeho muri sinema nyarwanda, ni umunyempano ukomeye kuko ari n’umuririmbyi, umucuranzi, umushyushyarugamba, umunyarwenya akaba n’inzobere mu kuvuga amazina y’inka. Uburyo ibi byose yabigezeho ubu akaba aterwa ishema n’iterambere agezeho, biragoye kubihuza no kuba yarize amashuri atatu gusa abanza.
-
#MissRwanda2021:Ibiteye amatsiko ku buzima bwa Ishimwe Sonia,Uburanga n’Imiterere ye[AMAFOTO]
25 February 2021, by Martin MunezeroAbakobwa 37 nibo batoranyijwe mu cyumweru gishize bakuwe mu barenga 400 bari biyandikishije muri iri rushanwa bakanahatana bohereje amashusho,Umukobwa witwa Ishimwe Sonia nawe uri mu batoranyijwe,ni umwe muri 37 batoranyijwe twifuje kubagezaho ibyihariye kuri we mutari mumuziho,ndetse tukazajya tugenda tubagezaho n’iby’abandi.
Umuryango.rw
Rusesabagina yasabye imbabazi Perezida Kagame mbere yo kurekurwa [Urwandiko rwe]
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere