Umusirikare wa RDF wari wambaye imyenda isanzwe [civil] yatezwe n’abajura baramwambura,birangira arashe umwe mu bamwambuye,nyuma yo kumusaba ibyo yamwibye akanga.
Ibi byabaye nka saa saba n’igice zo mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Mata 2023,mu mudugudu wa Gatwaro,mu kagari ka Kibuye,Umurenge wa Bwishyura wo mu karere ka Karongi.
Amakuru avuga ko aba bajura bateze uyu musirikare wa RDF baramwambura hanyuma umwe muri bo arafatwa ajyanywa ku murenge wa Bwishyura.
Abahaye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Karongi:Umusirikare yarashe umwe mubo ashinja kumwambura aramwica
13 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Ni ryari u Rwanda ruzaba rudakeneye inkunga z’ amahanga?
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu gito kiri mu nzira y’amajyambere ariko kirimo kwihuta mu iterambere kibikesha ubuyobozi bwiza. ‘Kwigira no kwihesha agaciro’ ni imvugo buri Munyarwanda amaze kumva inshuro nyinshi kuko ari kenshi zigaruka mu mbwirwaruhame z’ abayobozi bakuru b’ iki gihugu.
Ese igihe ntarengwa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko kizagera iki gihugu cyaramaze kwihaza mu ngengo y’ imari kizagera byaragezweho?
-
Meya Mbabazi n’ abari bamwungirije beguriye rimwe
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier n’abamwungirije babiri beguye ku mirimo yabo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Werurwe 2018.
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango, Gasasira Rutagengwa Jérôme, yatangaje ko aba bayobozi bose beguye nyuma y’uko bahejwe mu Nama Njyanama y’Akarere yateranye uyu munsi, bazira kuba hari amakosa menshi yabagaragayeho mu ikorwa ry’imishinga itandukanye.
Twangirimana Epimaque niwe wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe (…) -
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
3 November 2019, by UbwanditsiMukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. Amaranye ubwandu bwa Sida imyaka irenga 20 kandi aracyakomeye! Yaduhaye ubuhamya bw’uko yamenye ko yanduye, uko yabyakiriye, uko abo babana bamufataga ndetse n’icyo yakoze ngo iki cyorezo cyarimo kimara abantu abantu icyo gihe ngo we kitamuhitana.
-
Robot yitwa Sophia yatangaje benshi kubera imbwirwaruhame yatanze muri #TAS2019
15 May 2019, by Dusingizimana RemyImashini kabuhariwe ifite ubwenge budasanzwe yitwa “Sophia”,yashimishije abitabiriye inama ya Transform Africa 2019,ubwo yabagezagaho imbwirwaruhame mu ndimi zitandukanye zirimo n’Ikinyarwanda.
-
Huye: Akarere kari gusabira inkunga ya mituweli abaturage barenga gato ibihumbi 80
26 October 2018, by UbwanditsiAnge Sebutege Meya w’Akarere ka Huye
Mu ntangiriro z’umu kwezi Akarere ka Huye kareruye kandikira abafatanyabikorwa kabasaba inkunga ya miliyoni zirenga gato 241 yo kwishyurira mutuelle abaturage batishoboye barengaho gato ibihumbi 80 bari mu miryango ibihumbi 20 nabyo birengaho gato.
-
‘Gushyira divayi nshya mu macupa ashaje ntacyo byatugezaho’ Perezida Kagame, I Berlin
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestKagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
-
Uburinganire burifuzwa mu buyobozi bushya bwa FERWAFA
14 November 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo ishinzwe gutegura amatora ya Perezida w’ ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda irasaba ko kanditatire y’ urutonde rw’ abifuza kuyobora FERWAFA igomba kuba iriho abagabo n’ abagore kuko ihame ry’ uburinganire bw’ abagabo n’ abagore mu Rwanda ridakwiye gutera imbere mu zindi nzego ngo mu siporo risigare inyuma.
Ibi komisiyo y’ amatora ishinzwe gutegura amatora ya Perezida wa FERWAFA yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Ugushyingo mu kiganiro yahaye abanyamakuru. (…) -
Umutoza Masoudi Djuma arongeye yubaka amateka muri Rayon Sports
17 May 2017, by Martin MunezeroBidasubirwaho, Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2016-2017 nyuma yo gutsinda Mukura VS ibitego 2-1 bya Moussa Camara mu mukino w’ikirarane wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Gatatu.
Iyi ntsinzi ni amateka akomeye kuri Masoudi Djuma kuko yakoze amateka yo kuba yarahesheje Rayon Sports igikombe cya shampiyona mu 2004 ari umukinnyi none nyuma y’imyaka 13 abisubiyemo ari umutoza mukuru.
Kuva uyu mugabo ukomoka i Burundi yafata Rayon Sports umwaka ushize (…) -
Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida Nkurunziza ryamugize Umuyobozi waryo w’Ikirenga uzavanwaho n’urupfu gusa
12 March 2018, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu mu nama y’Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida w’Uburundi Petero Nkurunziza hafatiwemo umwanzuro uvuga ko Perezida Nkuruziza abaye Umuyobozi w’Ikirenge w’iri shyaka ndetse nta n’undi wamusimbura uzabaho kuko bose ariwe ubaruta.
Iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahuje abayobozi bakuru b’iri shyaka kuwa gatanu no kuwa gatandatu I Buye mu Ntara ya Ngozi aho Perezida Nkurunziza avuka. Nk’uko tubikesha inkuru ya Jeune Afrique, ivuga ko ku umugoroba wo kuri uyu wa gatandatu AFP (…)
Umuryango.rw
Karongi:Umusirikare yarashe umwe mubo ashinja kumwambura aramwica
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)