Tariki 13 Mata 2018 Ikinyarwamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ Umunyarwandakazi Uwase Bernadette wari uzwi ku izina rya Muganga wiciwe mu gihugu cya Malawi. Umuryango w’ uyu mukobwa wongeye gutangariza iki kinyamakuru ko hari amakuru avuga ko Nyakwigendera Bernadette yishwe n’ umukunzi we Nsengiyumva Jean Claude uvuka ahahoze ari Perefegitura ya Kibungo
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umunyarwandakazi uherutse kwicirwa urw’ agashinyaguro muri Malawi birakekwa ko yishwe n’ umukunzi we [AMAFOTO]
24 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Salome Nyirarukundo uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yahawe amasezerano muri APR
31 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmukinnyi w’ umunyarwandakazi uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yasinye amasezerano yo kongera gukinira ikipe ya APR mu gihe kingana n’ imyaka itatu. Nyirarukundo yari amaze imyaka ibiri yirukanywe muri iyi kipe.
Ku wa Gatandatu, tariki 27 Gicurasi 2017 ubwo Perezida Kagame yaganiraga n’ intore z’ abakinnyi, abanyamakuru n’ abahanzi nibwo yashimiye umukinnyi Salome Nyirarukundo.
Nyirarukundo yashimiwe kuba yaritwaye neza akeguna isiganwa ryaberaga Berkhane muri Morocco muri uyu (…) -
Imyanzuro y’Umwiherero wa 16 w’Abayobozi b’Inzego zitandukanye z’Igihugu wabaye taliki 9 kugeza 11 Werurwe 2019
12 March 2019, by UbwanditsiKuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16 w’Abayobozi wayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
-
Miss Rwanda Nimwiza Meghan wifuje kongera guhura na Mwiseneza Josiane byarangiye bahuye baranasabana[AMAFOTO]
11 February 2019, by Martin MunezeroNimwiza Mighan wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2019 ku nshuro ye ya mbere nyuma y’irushanwa rya Miss Rwanda.
-
Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye
14 November 2022, by Dusingizimana RemyUmudepite witwa Gamariel Mbonimana, uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko yafashwe atwaye imodoka yasinze, yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko ibaruwa y’ubwegure bwe.
Umudepite Perezida Kagame yavuze ko yafashwe na Polisi inshuro 6 yasinze ni Bwana Gamariel Mbonimana wo muri Parti Libéral (PL).
Aganira na RBA, Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko ibaruwa uyu mudepite yanditse yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Iki kinyamakuru cyatangaje ko (…) -
Ubuzima bwiza bwo mu Isi butegura ubwo mu Ijuru – Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakangurira abayobozi n’Abanyarwanda muri rusange gukora neza, abantu bakagira ubuzima bwiza ku Isi, bakabaho neza, kuko ngo abona bimeze nk’itike y’indege izafasha abantu kugera mu buzima bwigishwa n’abihayimana n’abavugabutumwa.
Umukuru w’Igihugu yabivuze ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze ku wa Gatatu tariki ya 28 Werurwe 2018.
Umukuru w’ igihugu yakomoje ku bijyanye n’ubuzima nyuma y’ubwa hano ku Isi bukunze kwigishwa (…) -
Abana 7 babaga mu mashyamba ya Kongo bahujwe n’imiryango yabo [AMAFOTO]
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Komisiyo y’igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare, Madame Mukantabana Séraphine arasaba abana n’abakuru bakiri mu mashyamba ya Kongo gutahuka kuko mu Rwanda ari amahoro. Ibi yabivugiye mu karere ka Musanze kuwa 05 Ukwakira 2017 mu gikorwa cyo gushyikiriza abana 7 babaga mu mashyamba ya Kongo imiryango yabo.
Aba bana uko ari 7 bari baburanye n’ababyeyi babo mu mashyamba ya Kongo kuko ababyeyi babo batahutse bo bagasigarayo . Nk’ uko (…) -
Perezida wa Tunisia na Museveni bari k’ urutonde rw’ abaperezida ba Afurika bakuze kurusha abandi
29 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu ifoto ubanza ni Perezida wa Tunisia, ukuriwe na Perezida Buhari wa Nigeria, na Museveni wa Uganda na Paul Mbia wa Cameroun
Mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumbye yasabye urubyiruko rw’ Afurika ubwo hasozwaga inama y’ abaharanira impunduka mu isi ‘world changers summit’ kutemera ko abanyapolitiki bakuze bakomeza kuyobora.
-
Itegeko rirengera umuhanzi n’ igihangano cye ryateje impaka umwe ati ‘izo ndirimbo zabo tuzazisiba’
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbahanzi na bamwe mu bakoreshwa ibihangano byabo ntibavuga rumwe ku kwishyura igihangano cyakoreshejwe.
Ikigo cy’ igihugu gitsura amajyambere , kirimo gutegura itegeko rigena uko igihangano kizajya kirindwa kugira ngo kigirire umumaro nyira cyo n’ abamukomokaho.
Mu bindi bihugu byamaze kugerwaho nk’ aho usanga abo mu muryango wa Michael Jackson, Bob Marley n’ abandi babona amafaranga aturutse mu bihangano byabo n’ ubwo bamaze kwitaba Imana.
Iri tegeko rivuga ko iyo hashize imyaka 50 (…) -
Mashami yatangaje impamvu yanze guhamagara bamwe mu bakinnyi bari bamaze iminsi bigaragaza mu Rwanda
27 August 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yatangaje ko impamvu atahamagaye bamwe mu bakinnyi bamaze iminsi bitwara neza mu Rwanda barimo Nsabimana Eric Zidane n’abandi ari uko babonye ntacyo babafasha ndetse ngo bamwe yababikiye imikino yo gushaka itike ya CHAN.
Umuryango.rw
Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye