Umurambo w’umusaza witwa Halindintwali Zaburoni wo mu kagali Ka Ruragwe bawusanze mu Mugezi wa Musogoro ku nkombe z’uyu Mugezi ku ruhande rw’akagali ka Kibirizi .
Umugezi wa Musogoro ukunda kuzura cyane mu gihe cy’imvura nyinshi kandi igihe wuzuye kuwa mbuka bigasaba ko utambukira aho ubonye hose. Musogoro ikaba ari umwe mu migezi ni yiroha muri Nyabarongo.
Bamwe mu baturage bashobora kuba aribo bamuheruka bwa nyuma baganiriye n’Umuryango bavuga ko kuwa gatatu Zabuloni yiriwe ku isoko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Karongi: Umurambo wa Halindintwali Zabuloni bawusanze mu Mugezi wa Musogoro
24 March 2023, by Sylvain NGOBOKA -
UEFA Nations League preview - Top class action in the Nations League
6 October 2020, by UbwanditsiWhen Europe’s governing football body UEFA introduced the Nations League, they did so to enable countries to play competitive matches in between major tournaments.
And a look at some of the fixtures of matchday three and four in the competition, would suggest they have achieved their goal.
On Sunday the two leading teams in Group 3 of the top tier of the Nations League, France and Portugal, face each other in the Stade de France in Saint-Denis.
Together with Belgium, they are the only (…) -
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
24 August 2022, by Joseph IradukundaIkigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.
-
Ubufaransa bwegukanye igikombe cy’isi bwaheruka 1998
15 July 2018, by Dusingizimana RemyIbyishimo ni byose ku Bafaransa bari hirya no hino ku isi kuko begukanye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri mu mateka yabo nyuma yo gutsindira Croatia ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade Luzhniki ibitego 4-2.
-
RDF yavuze ku musirikare wa RDC warasiwe ku mupaka w’u Rwanda ari kurasa abapolisi
17 June 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, umusirikare wa DRC witwaje imbunda yinjiye ku mupaka w’u Rwanda wa Petite Barrière arasa abapolisi babiri b’u Rwanda arabakomeretsa.
Mu kwitabara no kurinda abaturage bambukaga, umupolisi w’u Rwanda yahise amurasa arapfa.
Itangazo ry’Ingabo z’u Rwanda ryasohotse kuri uyu wa Gatanu, rivuga ko ahagana Saa 08:45 z’igitondo, umusirikare wa FARDC utatangajwe amazina, yinjiye ku mupaka wa “Petite Barrière” arasa ku nzego z’umutekano z’u Rwanda no ku baturage (…) -
Abahoze ari abayobozi ba FDLR bashinjwe uruhare mu bwicanyi bwakorewe abari abakozi ba BRALIRWA n’impunzi z’i Mudende
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri,tariki 10 Werurwe mu Rugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rukorera mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, hatangiye iburanisha mu mizi ry’urubanza ruregwamo uwahoze ari umuvugizi wa FDLR, Nkaka Ignace wamenyekanye nka La Forge Fils Bazeye, ndetse n’uwahoze ashinzwe ubutasi muri uyu mutwe, Lt. Col. Nsekanabo Jean Pierre, wamenyekanye nka Abega.
-
Icyo gihe: Kuva taliki 02 Mata 2014 ababanaga na Kizito Mihigo bibazaga aho yarengeye n’icyo yabaye
2 April 2018, by Joseph HakuzwumuremyiHabura iminsi itanu ngo icyumano cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20 gitangire, Kizito yarabuze haba ku kazi, aho atuye, mu muryango we ndetse no mu nshuti ze za hafi, buri wese yibazaga aho ahererereye n’icyo yabaye dore ko na Polisi icyo yatangazaga ko itazi aho aherereye.
Mu iperereza Umuryango wakoze icyo gihe, wanzuye ko nta handi hantu Kizito yaba ari uretse kuba afunzwe na Polisiariko bishoboka ko Polisi yanze kubivuga kubera kwanga ko byavangira imyiteguro (…) -
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
-
Ibibazo biri hagati y’Ubuganda n’u Rwanda birenze intambara y’amagambo: Amb Nduhungirehe
12 March 2019, by UbwanditsiMu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe yabwiye abanyamukuru ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda bikomeye cyane bitafatwa nk’intambara y’amagambo isanzwe.
-
Nkore iki? Natanye umugore abana nkurikira inkumi none nabuze inzira nyuramo ntahuka
11 July 2019, by UbwanditsiNashatse umugore turabyarana nyuma nza kubenguka undi mukobwa mwirukaho ndetse umugore mutana abana. Ubu uwo nari narakurikiye ntitukiri kumwe, ku kazi byabaye ibibazo, nifuza gutaha ariko nabuze inzira nyuramo. Ese azanyakira? Nanyura mu zihe nzira?
Uwatwandikiye yabivuze muri aya magambo:
Umuryango.rw
Karongi: Umurambo wa Halindintwali Zabuloni bawusanze mu Mugezi wa Musogoro
UEFA Nations League preview - Top class action in the Nations League
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
RDF yavuze ku musirikare wa RDC warasiwe ku mupaka w’u Rwanda ari kurasa abapolisi