Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017 ni umunsi utazibagirana mu mateka y’u Rwanda ukaba ibisubizo ku banyarwanda kuko uwo bitoreye yemeye ko agiye gukomezanya imbaduko muri manda y’imyaka irindwi, 2017-2024.
Umuhango w’irahira rye wafashe iminota irindwi n’amasegonda arindwi (7’07) gusa. Perezida Kagame yarihiye muri Stade Amahoro ahari ingabo z’u Rwanda zakoze akarasisi zigera hafi kuri 830, zari mu masibo 16, arimo 4 yari yambaye nk’ingabo zigiye ku rugamba, ingabo zari ziyobowe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
AMAFOTO+ VIDEWO utabonye mu irahira rya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Abanyarwanda bahoze muri FDLR bakomeje gutaha ku bwinshi , ubu bageze ku 1500
28 November 2018, by Nsanzimana ErnestAbandi Banyarwanda 800 bahoze muri FDLR bageze mu Rwanda biyongera kuri 700, bose baraturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abamaze kugera mu kigo cya Mutobo mu majyaruguru y’u Rwanda bakaba barenga 1500.
-
Umwarimu wigishije Perezida Kagame mu mwaka wa gatandatu n’uwa karindwi yubakiwe inzu nziza-AMAFOTO
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyabutsitsi Augustin w’imyaka 74 y’amavuko wigishije Perezida Paul Kagame mu wa gatandatu no mu wa Karindwi w’amashuri abanza, yishimira ko yongeye guhura nawe akanamwubakira inzu nziza atuyemo n’umuryango we.
Umusaza Nyabutsitsi yigishije Perezida Kagame mu ishuri ribanza rya Rwengoro, mu nkambi y’impunzi ya Gahunge, mu Karere ka Kabalore mu gihugu cya Uganda.
Ubwo ikinyamakuru izubarirashe.rw ducyesha iyi nkuru cyasuraga uyu musaza mu myaka ibiri ishize, yavugaga ko yifuza bikomeye (…) -
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko yatunguwe cyane n’urwego rw’imitegurire yayiranze, agaragaza isomo amahanga akwiye kwigira ku Rwanda.
-
"Gukora ikintu mu gihe cyacyo ni umuyoboro w’ubutsinzi": Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUyu munsi nabateguriye inyigisho ifite umutwe ugira uti:" Ukwiriye kwitoza gukora ikintu mu gihe cyacyo kuko ari umuyoboro w’ubutsinzi ". Ijambo “ Procrastination mu rurimi rw’ Icyongereza riva ku ijambo ry’ lkilatini “ Procrastive”, ngerageje kurisobanura mu kinyarwanda akaba ari ukureka gukora ikintu mu gihe cyacyo ukiteganyiriza kuzagikora ikindi gihe kandi bishobora kugira ingaruka mbi.
-
Ibyamamare/kazi nyarwanda mu mazi abira kubera Ikigare cya Mwiseneza Josiane naho umuvuze nabi we ari gutukwa ibitutsi bidasanzwe[AMAFOTO]
12 January 2019, by Martin MunezeroKuva Miss Rwanda yatangira umukobwa witwa Mwiseneza Josiane agatangira kuvugwa , ubu ibindi byamamare Nyarwanda biri mu mazi abira kubera uyu mukobwa wihariye imitima y’abanyarwanda kwisi hose.
-
Uwari Gitifu wa Gisagara yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwakatiye Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara gufungwa iminsi 30.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017, urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwafashe umwanzuro wo gufunga by’ agateganyo iminsi 30, Mukiyehe wari gitifu w’ akarere ka Gisagara.
Me Pascal Munyemana wunganira Mvukiyehe mu mategeko yatangarije UMURYANGO ko umukiriya we yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo gusa avuga ko bataramenya niba bazajurira. (…) -
Urukiko rwategetse ko Bayigamba wabaye Minisitiri akurikiranwa adafunze
18 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Robert Bayigamba wahoze ari minisitiri w’urubyiruko,umuco na siporo mu Rwanda arekurwa agakurikiranwa adafunze kuko nta mpamvu zikomeye ngo rwabonye akwiye gukomeza gufungwa.
-
AZAM Media Ltd yahagaritse burundu imikoranire yayo na FERWAFA
30 August 2019, by Dusingizimana RemyKompanyi ya AZAM Media Ltd yamaze kwandikira FERWAFA iyimenyesha ko yahagaritse burundu amasezerano yo gutera inkunga shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
5 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu gihugu, hamwe na Perezida Hage Geingob wa Namibia n’umugore we Monica Geingos,ubwo yababwiraga ko bakwima amatwi ubabwira ngo bajye ku kazi kuri uyu wa Gatanu.
Umuryango.rw
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare