Minisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy’ Ubuholandi rukagabanya imfungwa n’ abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri, sitade cyangwa inkambi zo kwakiriramo impunzi mu gihe cya vuba.
Gereza zo mu Buholandi zagabanutsemo imfungwa. Muri 2006 zari 20,463 muri 2016 zari zimaze kugera ku 10,102.
Minisitiri Busingye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe yoherereje ubutumwa bwa Pasika ku nzego zifite aho zihuriye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli
1 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Zimbabwe: Umugaba Mukuru w’Ingabo yeguye
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierConstantino Chiwenga wari umugaba w’ingabo mu gihugu cya Zimbabwe yamaze kwegura kuri iyi mirimo guhera kuri uyu wa 18 Ukuboza,2017 nk’uko byemejwe na Guverinoma ya Zimbabwe.
Constantino avuye kuri uyu mwanya nyuma yo gufasha bikomeye Perezida mushya wa Zimbabwe,Emmerson gufata ubutegetsi akaba n’inshuti y’akadasohoka y’igisikare cya Zimbabwe n’icy’u Bushinwa.
Umukuru w’Ingabo yeguye mu gihe biri kuvugwa ko yaba agiye kugirwa Visi-Perezida wa Zimbabwe nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru (…) -
“Aho abandi bagenda bisanzwe, twe dukwiye kwiruka ngo tugere aho bageze” Perezida Kagame
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMu kiganiro n’Abanyarwanda cyahise kuri radiyo na Tereviziyo by’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kuzagendera ku muvuduko urenze uwo basanzwe bagenderaho mu rwego rwo kugera ku byiza birushijeho.
Ibi yabitangarije abanyarwanda ubwo yari mu kiganiro cyatambutse bitangazamkuru bya Leta y’u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru.
Perezida Kagame yasubije uwari umubajije icyo yifuza ku banyarwanda nibaramuka bamutoreye kongera kuyobora u Rwanda kuri manda ya gatatu, aho (…) -
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROBamwe mu bayobozi beza Afurika yagize ni abagore, ku mugabane wiganjemo abagabo, abagore baritinyutse cyane baharanira uburenganzira bwabo.
-
Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyAbangavu n’ingimbi bafite hagati y’imyaka 12 na 18 benshi bari ku mashuri yisumbuye, batangaje ko biteguye gufata urukingo rwa Covid-19, ni nyuma y’aho guhera muri iki Cyumweru Mu mujyi wa Kigali abari muri iki cyiciro bazatangira guhererwa uru rukingo ku mashuri.
-
Ethiopia: Abasore babyukiye kuri amabasade y’Uburusiya bisabira kuyirwanira[AMAFOTO]
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUrubyiruko rw’abasore rwo mu gihugu cya Ethiopia rwabyukiye kuri ambasade y’Uburusiya i Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata 2022 , nyuma y’igihuha cyasakajwe kivuga ko Uburusiya bukeneye abantu bo kujya kurwana muri Ukraine.
Umuvugizi w’iyo ambasade, Maria Chernukhina yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko nta Rubyiruko rushakwa n’Uburusiya ruturutse muri Ethiopia.
Yagize ati” Dufite abashyitsi benshi kuri ambasade baje kutwereka ko (…) -
Umudepite yasabye ko u Rwanda rwajya ruhinga hejuru y’ amazu
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmwe mu badepite umunani bagize komisiyo y’ ubuhinzi n’ ubworozi Hon. Hindura Jean Pierre yatanze igitekerezo asaba ko Abanyarwanda bajya bahinga hejuru y’ ibisenge by’ amazu, guverinoma ivuga ko igiye kubyigaho.
Iki gitekerezo gitanzwe mu gihe mu Rwanda hakomeje kugaragara ikibazo cy’ ubwiyongere bw’ abaturage nyamara ubutaka bwo guhingaho bukagenda bugabanyuka.
Kimwe mu bituma ubutaka bwo gukoreraho imirimo y’ ubuhinzi n’ ubworozi bugabanyuka harimo kuba bumwe muri ubu butaka bwagenewe (…) -
Siporo rusange ngarukakwezi yongerewe amasaha, P. Kagame yarabisabye
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga bya moteri ‘Car free day’ igiye kujya iba kabiri mu kwezi. Perezida Kagame mu kwezi gushize yasabye ko iyi siporo yongererwa amasaha.
Muri Car free Day yo kuri iki Cyumweru tariki 7 Mutarama 2018, Umuyobozi w’ umugi wa Kigali Pascal Nyamulinda yamenyesheje abitabira siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga, n’ abatuye umugi wa Kigali ko iyi siporo izajya iba ku cyumweru cya mbere cy’ (…) -
Ikibazo cy’abatuye I Runyombyi kizacyemurwa mu murongo Perezida yagihaye - Meya Habitegeko
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’aho hari abaturage bo mu kagali ka Runyombyi mu murenge wa Busanze banze kwimuka ku musozi bimurwagaho n’uwabatsinze mu manza avuga ko akomoka ku mutware wahayoboye ,kuri ubu buyobozi bw’akarere buravuga ko hatangiye inzira yo gusubirishamo urubanza,kandi bikananyura no mu nzira umukuru w’igihugu yatanze kuri iki kibazo.
Aba baturage banze kuva aha mu isambu bavuga ko ari gakondo yabo bimurwamo n’uwayitsindiye uvuga ko nawe akomoka ku mutware wayoboye, nk’uko byakomeje kugarukwaho (…) -
Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure’
25 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy’ abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y’ imyanya y’ imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
Umuryango.rw
Ibyo wamenya ku bagore 5 bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umugabane wa Afurika[AMAFOTO]
Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo
Ethiopia: Abasore babyukiye kuri amabasade y’Uburusiya bisabira kuyirwanira[AMAFOTO]