Mukagasana, ni umukecuru wo mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza, ahazwi nk’I Nyamiyaga. Amaranye ubwandu bwa Sida imyaka irenga 20 kandi aracyakomeye! Yaduhaye ubuhamya bw’uko yamenye ko yanduye, uko yabyakiriye, uko abo babana bamufataga ndetse n’icyo yakoze ngo iki cyorezo cyarimo kimara abantu abantu icyo gihe ngo we kitamuhitana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
3 November 2019, by Ubwanditsi -
Umwe mu batorokanye Gereza na Ntamuhanga Cassien yafatiwe mu kabari
4 April 2018, by Martin MunezeroUmugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka Gicumbi.
Uyu mugabo yari yatorotse gereza mu ijoro rishyira ku wa 31 Ukwakira 2017, aho Urwego rw’Igihugu rw’Imfungwa n’Abagororwa, RCS, rwaje kwemeza ko hamwe n’abo bajyanye bakoresheje imigozi bakurira urukuta rwa gereza.
Umuvugizi wa RCS, CIP Sengabo Hillary, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko mu (…) -
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi rigiye gutangira
21 June 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasade ya Israel mu Rwanda yatangaje ko Ambasaderi Belaynesh Zevadia uhagarariye Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi zizabera ku Mulindi kuva tariki 22 – 27 Kamena 2017.
Nk’ uko bikubiye mu itangazo rigewe abanyamakuru iyi ambasade yashyize ahagaragara ngo Amb. Zevadia guhera ku cyumweru tariki 25 Kamena kugeza tariki 27 azagirana ikiganiro n’ abanyamakuru babyifuza. Iki kiganiro kizibanda ku bikorwa igihugu cya Israel gifatanyamo n’ u Rwanda aribyo by’ ubuhinzi bw’ (…) -
Uko Uwizeyimana yarokoye abatutsi 119 adakoresheje imbunda
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestAloys Uwemeyimana, wari utuye mu Murenge wa Nzahaha, mu Karere ka Rusizi yabashije kurokora abatutsi 119 muri Jenoside yakorewe abatutsi avuga ubutwari budasaba ibihumbi by’ingabo ziguherekeje.
Uwemeyimana asanga bisaba kugira umutima wa kimuntu ku buryo wakwemera no guhara ubuzima bwawe ukarokora abandi bibaye ngombwa.
Gukiza abandi no kubarinda byabaye imwe mu ndangagaciro ze abikesha umuryango w’Abasaveri na Croix Rouge yinjiyemo ubwo yari mu idini ry’Abagatolika. Kurengera abandi (…) -
Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Abanyekongo batwika imodoka za MONUSCO
2 November 2022, by Dusingizimana RemyMuri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo abaturage baraye batwitse imodoka 2 z’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kurinda amahoro muri icyo gihugu (MONUSCO).
Izo modoka zatwikiwe ahitwa Kanyaruchinya mu birometero 5 ugana mu mujyi wa Goma.
Ababibonye bavuze ko abaturage bazitwitse bashinjaga ingabo za MONUSCO kugemurira ibikoresho bya gisirikare inyeshyamba za M23.
Ijwi ry’amerika rivuga ko ahagana saa tanu z’ijoro aribwo imodoka za MONUSCO zaturukaga Kiwanja zerekeza I Goma zageze (…) -
Robot yitwa Sophia yatangaje benshi kubera imbwirwaruhame yatanze muri #TAS2019
15 May 2019, by Dusingizimana RemyImashini kabuhariwe ifite ubwenge budasanzwe yitwa “Sophia”,yashimishije abitabiriye inama ya Transform Africa 2019,ubwo yabagezagaho imbwirwaruhame mu ndimi zitandukanye zirimo n’Ikinyarwanda.
-
“Ikibazo cy’ imirire mibi gihagaze nabi mu bana” Dr Gashumba
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba asanga ababyeyi n’ inzego z’ ubuyobozi bakwiye kurushaho guhagurukira ikibazo cy’ imirire mibi mu bana kuko ahenshi mu gihugu iki kibazo gihagaze nabi cyane.
Ibi Minisitiri Gashumba yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hagaragazwaga aho gushyira mu bikorwa gahunda yo kugabanya umubare w’ abana bagwingira bigeze.
Umugore n’ umugabo batanze ubuhamya muri uyu muhango bagaragaje ko kwita ku mwana no kumurinda kugwingira (…) -
Kizito Mihigo, umwe mu bazize ibibazo Kayumba Nyamwasa wahunze kuri iyi taliki yateje ku Rwanda
25 February 2020, by UbwanditsiTaliki 17/2/2020 nibwo Kizito Mihigo byavuzwe ko yiyahuriye muri kasho ya Polisi I Remera, uru rupfu ruba iherezo ry’ibibazo by’imanza, igifungo no guhangayika yari amazemo imyaka 6 nyuma yo gukekwaho gukorana na bamwe mu bagize umutwe wa RNC no kugambira kwica umukuru w’Igihugu, ibyaha yemeye ndetse bikanamuhama mu nkiko.
-
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba
6 July 2017, by Renzaho FerdinandKoreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyavuze ko igisasu Koreya ya Ruguru yagerageje kuri uyu wa 4 Nyakanga, Amerika itaragira ubushobozi bwo kugisama gusa ivuga ko ikomeje ubushakashatsi bwo gushaka uko yasama igisasu nk’ iki gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane.
Iki gisirikare (…) -
Jeannette Kagame yatashye amazu y’ amasaziro yatwaye miliyari 2 Rwf [AMAFOTO]
3 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmufasha wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 3 Nyakanga 2018 yafunguye ku mugaragaro icumbi ryiswe “Impinganzima Hostel” rigiye gucumbikira abakecuru n’abasaza bagera kuri 80 basigaye badafite imiryango yo kubitaho.
Umuryango.rw
Umukecuru w’I Nyanza amaranye SIDA imyaka irenga 20 agikomeye, ese yabigenje ate? Avuga ko inzu abamo ariyo kibazo (Video)
Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Abanyekongo batwika imodoka za MONUSCO