Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Sobanukirwa aho kunesha kwawe guturuka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 June 2019, by Rev./Ev. Eustache Nibintije -
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi ku Mbuga Nkoranyambaga hiriwe hacicikana inkuru y’abagore n’abakobwa 15 bafatiwe mu Murenge wa Rwezamenyo bagiye kongera no kugabanya ibice by’imibiri yabo birimo amabere n’ikibuno.
-
Amwe mu mateka ya Rtd Hubert Gashagaza wamaze gushyingurwa [AMAFOTO]
20 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 20 Nzeli 2018 nibwo Rtd CSP Hubert Gashagaza yashinguwe mu cyubahiro mu Irimbi rya Rusororo nyuma y’ umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye mu rusengero rw’ Abadivantisiti arinaryo dini nyakwigendera yasengeragamo.
-
Umuyobozi wa Rayon Siporo nyuma yo gutabwa muri yombi ashobora gukatirwa imyaka 10
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports Kimenyi Vedaste, kuri ubu ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta. Aramutse ahamwe n’ icyaha bishobora gutuma akatirwa kugeza ku myaka 10 y’ igifungo.
Kimenyi Vedaste, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize akurikiranyweho kunyereza umutungu mu kigo cya Leta kishinzwe ingufu REG EDCL yakoreraga. Afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Hitayezu Emmanuel (…) -
Menya byinshi kuri Samusure wize amashuri atatu abanza gusa akaba n’umukozi wo mu rugo aho yishimira ibyo amaze kugeraho
13 February 2019, by Martin MunezeroKalisa Ernest uzwi nka Samusure cyangwa Rulinda nk’amazina yamamayeho muri sinema nyarwanda, ni umunyempano ukomeye kuko ari n’umuririmbyi, umucuranzi, umushyushyarugamba, umunyarwenya akaba n’inzobere mu kuvuga amazina y’inka. Uburyo ibi byose yabigezeho ubu akaba aterwa ishema n’iterambere agezeho, biragoye kubihuza no kuba yarize amashuri atatu gusa abanza.
-
Huye: Bamwe bamaze umwaka bavoma ibirohwa
5 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu murenge wa Mbazi mu karere ka Huye baravuga ko bafite ikibazo cyo kuvoma amazi y’ibirohwa nyuma y’uko imiyoboro y’amazi meza bavomaga yangijwe ubwo hakorwaga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize.
Aba baturage biganjemo abo mu mudugudu w’Agasharu, Kanyinya, Mpinga na Rwabuye bavuga ko bari basanzwe bakoresha amazi yazanywe n’abafurere batuye muri uwo murenge wa Mbazi akaza kwangizwa n’imashini zakoraga imihanda yo mu midugudu mu mwaka ushize ubu ngo bakaba bari guhura n’ (…) -
Muhanga: Abangavu 291 baheruka kubyara batiteguye, irari ry’ibigezweho ku isonga y’iki kibazo
26 August 2019, by UbwanditsiUmuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice yavuze mu ibarura bakoze mu mezi atatu ashize bareba imibare y’abana babyariye iwabo bakiri bato mu karere kose basanze abari munsi y’imyaka 18 baheruka kubyara nyuma yo guterwa inda zitateganyijwe basaga 291, imibare avuga iri ku kigero kinini.
-
Karongi: Umwarimu arashinja Gitifu na DASSO kumukubita bakamumena ubugabo
22 April 2020, by Dusingizimana RemyUmwarimu wigisha mu ishuri ryisumbuye mu Karere ka Karongi yatangaje ko yakubiswe na Gitifu w’Umurenge wa Gishari afatanyije na DASSO, bari bamaze umwanya banywa inzoga mu kabari birangira bamumenye ubugabo.
-
Minisante yanyomoje ibivugwa ko kutanywa inzoga bishobora gutera umubiri kubura arukoro
17 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda ishishikariza Abanyarwanda kwirinda ibiyobyabwenge kuko ntakiza cyabyo ahubwo byica abantu bikanadindiza iterambere.
Iyi Minisiteri yanyomoje ibikunze kuvugwa n’ abantu badandukanye bavuga ko kutanywa inzoga bishobora gutuma umuntu agerwaho n’ ingaruka zitewe n’ uko umubiri wabuze umusemburo.
Umuyobozi w’ Ishami rivura indwara zo mu mutwe Dr Jean Damascene Iyamuremye yavuze ko arukoro/umusemburo ari ngombwa mu mubiri, gusa ngo ntawe ukwiye kwishora mu (…)
Umuryango.rw
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere