Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Mu mafoto reba ibyaranze uruzinduko rw’ iminsi ibiri rwa Gen Nyamvumba muri Centrafrique
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Patrick Nyamvumba yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yakoreraga muri Centrafrique.
-
Minisiteri y’ Ubutaka n’ amashyamba yakuweho imaze amezi 14 ebyiri zihindurirwa inyito
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestMuri Minisiteri ebyiri zari nshya muri guverinoma y’ u Rwanda imwe yakuwemo indi ihindurirwa inyito nk’ uko bigaragara muri guverinoma nshya igizwe n’ abagore n’ abagabo bangana 50%, 50% yatangajwe kuri uyu wa 18 Ukwakira 2018.
-
Menya bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen. Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2018, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
Nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, tariki ya 8 Mata 1994, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, ku rundi ruhande ingabo (…) -
Perezida Guelleh wa Djibouti na mugenzi we Niger bageze mu Rwanda [AMAFOTO]
10 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Niger Mahamadou Issoufou na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti bageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017, bitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika ‘Transform Africa’.
Kuri uyu wa Gatatu, nibwo Perezida Paul Kagame yatangijeinama mpuzamahanga ya ‘Transform Africa 2017’, ifite insanganyatsiko ya ‘Smart cities’, mu ntego yo kubaka imijyi ikoresha ikoranabuhanga mu gutanga serivisi, gucunga umutekano no gukurikirana ibikorwa bitandukanye, kandi igaturwa (…) -
P.Kagame yahishuriye ab’I Nyamasheke uko Twagiramungu ari mu bambere bifuje ko aba Perezida
29 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’igihugu, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Nyamasheke yagarutse kuri politiki mbi idaha abantu bose ubwisanzure, anakomoza kuri Twagiramungu uri mu bantu ba mbere bifuzaga ko Kagame aba Perezida w’Igihugu.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Kagame yari mu karere ka Nyamasheke aho yarikiranywe amashyi n’impindu, bamwe bati “Nta ntambara yadutera ubwoba turikumwe; nawe ati “Muramfite nanjye ndikumwe (…) -
PROMOSIYO BAHO NEZA NA STARTIMES//WATSINDIRA MOTO, TV, SMART PHONES N’IBINDI
15 June 2020, by UbwanditsiMu rwego rwo kurwanya Koronavirusi, StarTimes yahisemo kubaha ibihembo byafasha abaturarwanda kurwanya koronavirusi inashyira ibicuruzwa byayo kuri promosiyo yise BAHO NEZA NA STARTIMES. Ino promosiyo yatangiye taliki ya 15/06/2020 ikazarangira taliki 31/07/2020.
Abafatabuguzi ba StarTimes bazabona amahirwe yo gutsindira ibihembo byinshi bitandukanye buri ku cyumweru, birimo Televisiyo Digital za StarTimes, telefone za TECNO CAMON 12 Pro, za Firigo na Moto. Bino bihembo byose hamwe bifite (…) -
Abakoresha n’ abaturiye gare ya Kacyiru babangamiwe no kuba itangira ubwiherero
1 November 2017, by Nsanzimana ErnestGare ya Kacyiru ku munsi ikoreshwa n’ abarenga 1000, nta bwiherero ifite. Abayikoresha n’ abayituriye bavuga ko bibabangamiye kuko biteza umwana.
Abagenzi bakoresha iyi gare bavuga ko hari ubwo bategereza imodoka, hagashira nk’ iminota 30 imodoka itarabageraho. Ngo gutinda muri iyi gare hari ubwo bituma bakenera ubwiherero bakabubura.
Abakorera akazi ka buri munsi muri iyo gare. Ni ukuvuga abacuruzi ba za M2U n’ abatwara taxi voiture babwiye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko mbere (…) -
Perezida Kagame yerekeje muri Mozambike mu muhango w’Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta y’iki gihugu n’abatavuga rumwe nayo
6 August 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari umutwe w’inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Minisitiri Shyaka yijeje abatuye Bannyahe ko bazatuzwa neza
6 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuye imiryango 48 yari ituye ahitwa muri Bannyahe (Kangondo na Kibiraro ya mbere) bimuriwe i Busanza mu Karere ka Kicukiro, abamenyesha ko n’abari abaturanyi babo bose bazabasangayo mu bihe bitandukanye.
Umuryango.rw
PROMOSIYO BAHO NEZA NA STARTIMES//WATSINDIRA MOTO, TV, SMART PHONES N’IBINDI
Abakoresha n’ abaturiye gare ya Kacyiru babangamiwe no kuba itangira ubwiherero