Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyafatiye ibihano ikigo cya MTN Rwanda kizira kutuzuza ibyo cyemeye mu nshingano zacyo gihita gicibwa amande ya miliyari 7 na miliyoni 30 z’Amanyarwanda.
Iki kigo cya MTN gishinjwa kuba cyarashyizeho hanze y’igihugu, muri Uganda, serivisi z’ikoranabuhanga mu itumanaho, zirebererwa na MTN mu karere, kandi binyuranyije n’amabwiriza ya RURA. MTN ngo ibi ikaba yarabikoze itabanje kubiganiraho na RURA kandi yari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MTN Rwanda yaciwe amande ya miliyari zirenga zirindwi
17 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Bamwe mu bafungiwe muri za Kasho zitandukanye bagiye kurekurwa kubera Coronavirus
2 April 2020, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha Mukuru,Havugiyaremye Aimable, yandikiye ibaruwa abashinjacyaha bakuriye inzego zitandukanye z’ubushinjacyaha abasaba gukora urutonde rw’abafungiwe muri kasho bazira ibyaha bitabangamira umuryango nyarwanda bakarekurwa n’abandi baguma muri za kasho kubera ibyaha bikomeye bakoze.
-
Ifoto ya Anita Pendo igaragaza uburyo Yirya yasekeje abantu batari bake mu bayibonye(AMAFOTO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yashyize hanze ifoto agaragazamo ngo uburyo yirya ariko yasekeje abantu batari bake bayibonye,aho ndetse bagiye bayivugaho byinshi bigiye bitandukanye. Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo,abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto aho yavuganga ngo uburyo atariwe uzava kuri iyi si atiriye,aho yagize ati “Sinjye uzava kuri iyi si ntiriye diii..hahahahah”.
IYI NIYO FOTO YASKEJE ABANTU Y’UBURYO NGO ANITA (…) -
RDC: Inyeshyamba za RUD-URUNANA zasubiranyemo bituma abagera kuri 14 barimo uwari umuganga wa Gen.Afurika bahasiga ubuzima
1 December 2019, by Dusingizimana RemyInyeshyamba za RUD-URUNANA ziheruka gutakaza umuyobozi wazo Gen.Afurika Jean Michel zasubiranyemo zipfa ubugambanyi bituma zicana aho abagera kuri 14 barimo uwitwa Kapiteni Kabatsi wari muganga wa Gen.Afurika Jean Michel wishwe.
-
Perezida Kagame n’umufasha we Jeanette Kagame bizihije isabukuru y’imyaka bamaranye
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere ku wa 10 Kamena, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na madamu we Jeanette Kagame bujuje imyaka 30 batangiye kubana nk’umugabo n’umugore.
-
Amashusho agaragaza uko uwahoze mu ngabo z’u Rwanda yashimutiwe muri Uganda, yasabwe gukorana na RNC arabyanga
11 August 2017, by Iyamuremye JanvierMu nkuru icukumbuye y’ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa mu gihugu cya Uganda yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kanama 2017 isobanura ikanagaragaza uko byagenze kugirango Sgt (Rtd) Rene Rutagungira ashimutirwe muri Uganda; hejuru y’ibyo banavuganye n’impande zose zirebwa n’iki kibazo.
Iki kinyamakuru cyashyize hanze amashusho yafashwe intambwe ku yindi kugirango uyu musirikare w’ipeti rya sgt ariko wavuye mu ngabo afatirwe muri iki gihugu cya Uganda. Chimpreports yashyize hanze (…) -
Nkombo: Bibasiwe na korera bikekwa ko yavuye muri Congo
27 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi bugarijwe n’ uburwayi bwa korera bivugwa ko bwavuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo.
Umuganda rusange, aba baturage bakoze kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Kanama 2017, wari uwo gukora isuku ku nkengero z’ ikiyaga cya Kivu mu rwego rwo kwirinda umwanda kuko ariwo ntandaro ya korera.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nkombo Rwango Jean de Dieu yatangaje ko abaturage babiri aribo byamaze kumenyekana ko (…) -
Ibigo by’ amashuri Leta iherutse guhagarika by’ agateganyo byakomorewe
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestIbigo by’ amashuri yisumbuye 57 Leta y’ u Rwanda iherutse guhagarika by’ agateganyo bizira ko bitujuje ibisabwa kuri ubu byemerewe kongera kwakira abanyeshuri no gukomeza gukora.
-
Urubuga www.mdgrou.com rworohereje abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, nta kwirirwa wiruka imisozi
4 September 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, kugurishiriza no gukodeshereza ba nyir’imitungo, kurangira abagura amazu n’ibibanza, guhuza abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, gukora no gucunga imishinga n’ibindi.
-
Abafana ba Rayon Sports bamaze gukusanya miliyoni 2.644.618 FRW mu minsi 4 ....biyemeje gushaka 20
23 March 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi ba Rayon Sports bakomeje kwishakamo ubushobozi bwo gufasha ikipe yabo muri ibi bihe bibi isi yose yugarijwe na Coronavirus yatumye gahunda zose zirimo n’iz’imikino zihagarara.
Umuryango.rw
Urubuga www.mdgrou.com rworohereje abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza, nta kwirirwa wiruka imisozi