Kuri uyu mugoroba tariki ya 20 Mata 2022, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aritabira ibiganiro ku mpinduramatwara mu bukungu rishingiye ku ikoranabuhanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama iteganyijwe kuri uyu munsi yateguwe na Banki y’Isi
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
U Rwanda rugiye guca ukubiri no gutumiza I Mahanga indorerwamo z’ amaso [Amafoto]
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017, mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Laboratoire iri ku rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo z’ amaso.
Ni Laboratoire yubatswe ku bufatanye bwa Leta y’ u Rwanda n’ ikigo cy’ Abanyamerika Onesight gifasha mu buvuzi bw’ amaso.
Iyo Laboratoire izajya ikorera muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubuvuzi UR-CMHS.
Umuyobozi wungirije w’ iyi kaminuza Dr Francoise Kayitare yavuze ko kubera iyo (…) -
Abacunga inyubako UTC ya Rujugiro bazamuye igiciro cy’ubukode hafi 400%, abahakoreraga barataka igihombo
6 July 2017, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera ku madorali 40 kuri metero kare imwe (40$/m2).
Mu ibaruwa Umuryango ufitiye kopi ubuyobozi bwa UTC buragira buti:”Ubuyobozi bwa Union Trade Center (UTC) bunejejwe no kubamnyesha ko ibiciro by’ubukode bw’amangazine ndetse n’ibiro byo gukoreramo byahindutse ku uburyo ubu igiciro cy’ubukode kuri (…) -
Imikino y’igikombe yose Europa League, FA Cup na Copa Del Rey ikomeza guhera uyu munsi izanyura kuri shene za StarTimes
15 April 2021, by UbwanditsiBakunzi b’umupira w’amaguru, imikino ya nyuma y’igikombe Europa League, FA Cup n’umukino wa nyuma wa Copa Del Rey yose iza guhera uyu munsi kugeza ku cyumweru ushobora yose kuyirebera kuri Startimes kandi uko wishyura ifatabuguzi ukaba ushobora gutsindira n’ibihembo binyuranye.
Dore uko imikino ihagaze muri iyi weekend guhera uyu munsi tariki 15/4 kugeza ku cyumweru tariki 18/4 mu marushanwa I burayi.
Uyu munsi taliki 15/04: Europa League bakina imikino yo kwishyura ¼ cyirangiza (…) -
Ingabire Victoire yavuze ko adafite ubwoba bwo kongera gufungwa
21 September 2018, by Martin MunezeroIngabire Victoire Umuhoza, umuyobozi w’Ishyaka FDU Inkingi ritemerewe gukorera mu Rwanda, nyuma yo gufungurwa ku bw’imbabazi za Perezida Paul Kagame, yatangaje ko adafite ubwoba bwo kongera gufungwa ndetse ashimangira ko uko yari ameze ubwo yafungwaga ari ko akimeze.
-
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo
27 April 2019, by UbwanditsiHamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza n’umushoramali Denis Karera nk’ingurane y’ubutaka bwabo ashaka kubakaho amazu agezweho.
-
‘Gusebanya’ cyakuwe mu mushinga w’ itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange...ntabwo bivuze ko kitazahanwa
28 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo ya politiki n’uburinganire bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry’igihugu Depite Kayiranga Alfred Rwasa ubwo abadepite bari bagiye gutora itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange yavuze ko icyaha cyo gusebanya cyakuwemo.
Hon Rwasa yagize ati “Icyaha cyo gusebanya cyakuwe mu itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange, ariko ntabwo bivuze ko kitazahanwa. Kizahanwa n’ amategeko yandi arimo n’ ay’ itangazamakuru”
Mu minsi ishize inzego zitandukanye (…) -
Cameroon, Somalia presidents speak on World Press Freedom Day
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestPresidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views known.
-
Perezida Museveni yitabye umwami wa Buganda amusaba ko amusubiza imitungo ye yigabijwe na Leta ya Uganda
5 February 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa kabiri, umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni yagendereye Umwami wa Buganda Kabaka Ronald Muwenda Mutebi bemeranya ko leta ya Uganda igomba kugarura imitungo y’ibwami yari yarigabije.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na perezida wa Ethiopia wasuye u Rwanda
16 March 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Ethiopia Madamu Sahle-Work Zewde uyu munsi yasuye u Rwanda agirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame muri Village Urugwiro.
Umuryango.rw
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama iteganyijwe kuri uyu munsi yateguwe na Banki y’Isi
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo