Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by Ubwanditsi
Niyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
U Rwanda rwahakanye amakuru avuga ko hari Umunyarwandakazi warasiwe muri Uganda
7 September 2019, by Dusingizimana Remy
Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda Rtd. Maj. Gen. Frank Mugambage yahakanye yivuye inyuma amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru The New Vision ko umukobwa warasiwe I Mbarara kuwa Kane ari umunyarwanda.
-
Abasenateri batumije Minisitiri w’ Intebe Ngirente ngo atange ibisobanuro ku mibereho y’ abatwa
19 November 2018, by Nsanzimana Ernest
Nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo idasazwe ya Sena iyobowe na Senateri Uwimana Consolée, yasesenguye ibibazo bitandukanye byugarije abasigajwe inyuma n’amateka, abasenateri kuri uyu wa Mbere batumije Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, ngo asobanure ingamba guverinoma ifitiye ikibazo cy’imibereho y’abasigajwe inyuma n’amateka, ikomeje kuba mibi.
-
Itel yizihije imyaka icumi imaze mu Rwanda inamurika telefoni nshya zigezweho
30 October 2017, by Ubwanditsi
– Itel yizihije imyaka 10 imaze ikorera mu Rwanda mu birori byabereye muri Marriot Hotel kuwa gatandatu
– Knowless yaririmbiye abatumirwa zimwe mu ndirimbo ze zikunzwe cyane
– Abakozi ba Itel babaye indashyikirwa barahembwe
-
Rocky Kirabiranya usobanura Filime yaba agiye kurongora?Sobanukirwa n’inkomoko y’amazina atagira ingano akunze kwiyita
24 March 2019, by Martin Munezero
Kirabiranya Rocky ni Umunyarwanda umaze kubaka izina cyane mu gusobanura filime azikura mu ndimi z’ amahanga azishyira mu Kinyarwanda. Nubwo asobanura yitwa Rocky Kirabiranya siyo mazina yahawe n’ ababyeyi ahubwo ngo kuri we izina ni nk’ ipeti bityo yongera izina ku mazina ye buri uko yumva avuye ku rwego runaka ageze ku rundi.
-
Ingabire M. Immaculée yasabye Padiri Nahimana Thomas gutahuka
25 February 2021, by Martin Munezero
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire M. Immaculée, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho.
-
Jeannette Kagame yavuze impamvu u Rwanda ruteza imbere ubuzima
20 September 2017, by Nsanzimana Ernest
Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kutazacika intege mu rugamba guharanira ko Abanyarwanda bagira ubuzima bwiza.
Yabivugiye mu nama y’Ihuriro ry’Abagore b’Abaperezida b’Ibihugu by’Afurika (OAFLA) yabereye ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017, ahateraniye inama rusange y’Umuryango w’Abibumbye.
Jeannette Kagame yavuze ko urubyiruko ari rwo ruza ku isonga mu kurindwa indwara z’ibyorezo nka Virusi itera (…)
-
Meya Harerimana yabujije abaturage be kubwira abanyamakuru akababaro
4 January 2018, by Nsanzimana Ernest
Umuyobozi w’ akarere ka Rusizi Harerimana Frederic aravugwaho kuba amaze iminsi yangisha abaturage itangazamakuru aho ababwira ko itangazamakuru uretse kubandagaza nta kindi ryabamarira.
Ubu butuma uyu muyobozi amaze iminsi abuha abaturage mu nama zitandukanye yagiye ahuriramo nabo mu mirenge ya Bugarama, Bweyeye na Butare.
Ati “Ko mwahuye n’ ibiza, ababashije kubatabara si abayobozi? Abayobozi nibo batugejejeho raporo natwe tuzigeza ku nzego zose uko twicaye ahangaha. Ufite ikibazo (…)
-
Leta y’ u Rwanda yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri birenga 50 [REBA URUTONDE RWABYO]
16 August 2018, by Nsanzimana Ernest
Kuri uyu wa 16 Kanama 2018 Minisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri 57 mugihe kingana n’icyumweru.
-
Iyi nyubako twayubakiye kugira ngo ibihangange by’u Rwanda bibashe kuhitoreza no kuhatsindira-Perezida Kagame afungura Kigali Arena
9 August 2019, by Dusingizimana Remy
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Kanama 2019 nibwo Nyakubahwa perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Kigali Arena yubatswe mu mezi atandatu na Kompanyi y’ubwubatsi ya SUMMA y’Abanya Turkia ndetse ikaba iri mu ma stade mezi cyane muri Afurika.