Kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, mu mirenge 30 yatoranyijwe mu turere twose tw’ u Rwanda haratangizwa ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge bugamije gukangurira Abanyarwanda kwimakaza no gusigasira ubumwe mu muryango, kwegera abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze no gufatanya nabo gusesengura ibibazo bibangamiye ubumwe mu muryango.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Unity Club Intwararumuri na NURC baratangira ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge mu gihugu hose
12 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma
28 February 2020, by UbwanditsiMe Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro kuri uyu wa kane taliki 27/2/2019 aho yadutangarije byinshi ku rupfu rwa Kizito Mihigo, amagambo bavuganye bwa nyuma ku cyumweru ndetse n’uko yari asanzwe amubona inshuro zose yamusuraga mu bijyanye n’akazi ko kumwunganira mu mategeko.
-
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana
2 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri yari imaranye imyaka 39 yose.
-
Banki nkuru ya Uganda yaciye intege abasaba ko akayabo kashyizwe mu mva Ssemwaga gakurwamo
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize muri Uganda habereye ibintu bitamenyerewe aho mu muhango wo gukura ikiriyo y’ umuherwe Ivan Ssemwaga, itsinda ry’ abaherwe bafashe amafaranga rikasasa mu mva ya Nyakwigendera.
Mu mafaranga yashyizwe muri iyo mva harimo n’ amashilingi ya Uganda, aribyo babaje bamwe mu baturage ba Uganda bituma basaba ko ako kayabo kakurwa muri iyo mva.
Banki Nkuru muri icyo gihugu yavuze ko amafaranga ari mu mva ye yamaze kwangirika ku buryo adashobora gukoreshwa.
Mu itangazo ryashyizwe (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)
25 April 2019, by UbwanditsiNkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho ,ubu tukaba tugiye gukomeza tugaruka ku gice cya gatatu cyayo.
-
KIGALI:Reba Video Ishimwe asobanura uburyo yamezemo umurizo(VIDEO+AMAFOTO)
17 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance avuga uko Imana yamuteje umurizo nk’igihano yarahawe bitewe nuko yari yaranze kuva mu byaha yarimo , agafatanya umurimo w’Imana n’ibyaha by’ubusambanyi , ubusinzi n’ibindi , nyamara ari umukozi w’Imana unafite inshingano mu Itorero yasengeragamo. Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuraperi w’umukobwa ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho (…) -
Press Release - Refresh your view with amazing TV series on StarTimes during the Christmas season
25 November 2020, by UbwanditsiAfrica’s leading pay-TV operator StarTimes has refreshed this year’s Christmas season with a line-up of great TV series.
-
Gasogi United yatandukanye na Lomami Marcel na Kalisa bayizamuye mu cyiciro cya mbere
16 August 2019, by Martin MunezeroNyuma yo kuzamura ikipe ya Gasogi United mu cyiciro cya mbere ndetse banegukanye igikombe, Lomami Marcel na Kalisa Francois bamaze gutandukana n’iyi kipe.
-
Impamvu yatumye Bruce Melody adashyirwa ku rutonde rw’abagomba kuzaririmbana na Jason Derulo muri Coke Studio ikomeje gutera benshi urujijo(AMAFOTO)
12 June 2017, by Martin MunezeroAmagambo akomeje kuvugwa n’abantu benshi batandukanye, aragaruka cyane ku kuba Bruce Melody atarabashije kugaragara ku rutonde rw’abahanzi ny’Afurika bazaririmbana na Jason Derulo, bibaza bati: Ese n’uko muzika nyarwanda iri ku rwego ruciriritse cyangwa n’uko tutavuga ururimi mpuzamahanga?
. Ese kuba Bruce Melody atarasohotse ku rutonde rw’abahanzi bagomba kuzaririmbana na Jason Derulo, ni ikibazo cya muzika Nyarwanda? Hashize Igihe kitari gito umuhanzi nyarwanda Bruce Melody yerekeje mu (…)
Umuryango.rw
Press Release - Refresh your view with amazing TV series on StarTimes during the Christmas season