Uwahoze ari Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Koffi Annan, hamwe n’abandi 8 bahoze ari abakuru b’ibihugu bya Afurika bagaragaje ibitekerezo n’ibyifuzo byabo ku bibazo bya politiki biri muri repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Nk’umuntu uharanira demokarasi ya Afurika, Bwana Koffi Annan yavuze ko barajwe ishinga n’ibibazo bya Politiki biri muri DRC cyane ko bishobora guhungaanya umutekano, n’amahoro mu karere k’ibiyaga bigari no muri Afurika muri rusange.
Mu nyandiko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
DRC: Koffi Annan n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bya Afurika barasaba Leta ya Kabila kubahiriza amasezerano yo kuwa 31 Ukuboza
16 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Kimenyi Yves yafashije Rayon Sports kubona itike iyerekeza ku gutwara igikombe cy’Agaciro ku nshuro ya 3 yikurikiranya
13 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyezamu Kimenyi Yves wa Rayon Sports utari uzwiho gukuramo penaliti cyane,yifatiye ku gahanga Police FC akuramo penaliti zayo ebyiri,atuma ikipe ye igera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Agaciro ishobora gutwara ku nshuro ya 3 yikurikiranya.
-
Bamwe mu bahoze muri FDLR batahutse
17 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yemeje amakuru avuga ko bamwe mu bahoze ari abarwanyi b’ umutwe urwanya Leta y’ u Rwanda FDLR batahutse .
-
Nyuma ya Dr Dusabe na Bakesha , Umunyarwandakazi Bella Gaelle yapfiriye muri Amerika bitunguranye
11 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe.
Bimenyekanye ku munsi wa Gatatu hamenyekanye urupfu rwababaje benshi rw’ umuganga w’ umudogiteri Dr Dusabe Reymond wakoraga mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. Dr Dusabe yiciwe muri Afurika y’ Epfo n’ abantu bataramenyekana gusa umwe ukekwaho uruhare mu rupfu rw’ uyu muganga yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe (…) -
Rayon Sports igiye gusinyisha undi mukinnyi ukina mu Burundi
26 July 2017Mu mwaka ushize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umusore Bimenyimana Bonfils Caleb wakinaga mu Burundi biranga bitewe n’impamvu nyinshi zirimo n’amasomo gusa kuri ubu biri kuvugwa ko uyu musore yaba yageze mu Rwanda aje gusinyira Rayon sports amasezerano y’imyaka ibiri.
Amakuru Umuryango ukesha ikinyamakuru Umuseke aravuga ko uyu musore w’umunyarwanda wakuriye mu Burundi wari umaze iminsi aganira n’ ikipe ya APR Fc yaba yageze mu Rwanda ndetse n’ibiganiro byarangiye (…) -
Rubingisa Pudence niwe watorewe kuyobora umujyi wa Kigali
17 August 2019, by Dusingizimana RemyRubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari bahanganye wagize amajwi 22.
-
The Ben agiye gutaramira muri Canada
26 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Nyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika,Mugisha Benjamin, uzwi ku izina rya The Ben yatumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku banyarwanda baba muri Canada.
Iki gitaramo cyiswe ‘The Ben in Liberation Celebration’ kizaba tariki ya 8 Kamena 2017, kibere ahitwa Gatineau umwe mu mijyi ya Québec ho muri Canada. Kizatangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (6 PM).
Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Izubarirashe.rw The Ben yavuze ko ari ubwa mbere agiye muri aka (…) -
Perezida Kagame yitabiriye inama ya 14 y’umuhora wa ruguru
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye inama y’umuhora wa ruguru, igamije kwihutisha iterambere no koroshya urujya n’uruza rw’abantu muri aka karere.
-
Biravugwa ko Sergeant Robert ukekwaho gusambanya umwana we yatorokeye muri Uganda
24 November 2020, by Dusingizimana RemySergeant Major Kabera Robert uzwi mu muziki nka “Sergeant Robert” uri gushakishwa n’ubutabera bw’ingabo z’u Rwanda kubera icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana we w’imyaka 15,biravugwa ko yaciye mu nzira zitemewe ahungira muri Uganda.
Ku munsi w’ejo nibwo Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangazo rigira riti “Ishami ry’Ubushinjacyaha mu Gisirikare cy’u Rwanda, ryatangiye iperereza ku byaha bishinjwa Sergeant Major Kabera Robert a.k.a “Sergeant Robert” bijyanye no gusambanya umwana wo mu muryango (…) -
Gen. Mubarak Muganga yasabye Sunrise FC kubambira I Gologota amakipe yose arimo na APR FC
27 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba n’umujyi wa Kigali, Gen. Mubarak Muganga, yashimiye ikipe ya Sunrise uburyo yitwayemo itsinda Rayon Sports, ayisaba kutajenjekera amakipe yose arimo na APR FC amaze igihe abereye Visi perezida.
Umuryango.rw