Minisiteri y’Ubutabera yabwiye komisiyo ya politike n’imiyoborere myiza muri Sena ko ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro Sena yashyikirije Guverinoma ku birebana n’imanza za Gacaca zitararangizwa, ishyirwa mu bikorwa ry’igihano nsimburagifungo (TIG), n’ikibazo cya dosiye z’imfungwa n’abagororwa. Uhagarariye Minisiteri yavuze ko ubu hari abantu barenga ibihumbi 30 bakatiwe n’inkiko gacaca bagahabwa igihano cy’imirimo nsimburagifungo ariko baraburiwe irengero.
Umunyamabanga uhoraho muri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abarenga ibihumbi 30 bari baratiwe TIG baburiwe irengero
7 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda mu nzira yo kwiyongera ku bihugu bitanu by’ Afurika bitunze ibyogajuru
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Werurwe 2018 I Kigali hatangijwe amahugurwa yahuje ibihugu mu rwego rwo kongera ubumenyi bwo gukoresha ibyogajuru dore ko ari cyo kibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo.
Icyogajuru ni ingirakamaro ku gihugu kuko gituma igihugu kimenya amakuru yizewe yakwifashishwa mu iteganyagihe no mu buhinzi kuko kiba gihugu ubushobozi bwo kureba ahantu hose.
Abitabiriye aya mahugurwa bemeza ko ikibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo ari (…) -
Kamonyi:Imodoka yagonze moto abantu babiri bahasiga ubuzima
8 June 2019, by Dusingizimana RemyImodoka yo mu bwoko bwa Fuso yavaga i Muhanga yerekeza I Kigali kuwa 07 Kamena 2019, yaraye ikoze impanuka ubwo yaburaga feri imanuka yihuta cyane mu muhanda wa kaburimbo wo munsi y’ibiro by’Akarere ka Kamonyi igonga moto yariho abantu 2 bahasiga ubuzima abandi 3 barakomereka.
-
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
-
“Uwamenye Imana ubuzima bwe burahinduka, shyira ijambo ryayo mbere ya byose”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
22 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Ijambo Paul Kagame yavuze nyuma yo kwegukana intsinzi, umuryango we ngo ni abana b’inkotanyi
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yashimye buri wese wamufashije mu bikorwa by’amatora. Avuga ko FPR Inkotanyi yatsinze amatora akurikije ibyo komisiyo y’amatora yari amaze gutangaza.
Mu ijambo rye yagejeje ku abarwanashyaka ba FPR Inkotanyi bari bateraniye I Rusororo mu karere ka Gasabo, yagize ati “ Ndashimira abayoboke,intore z’umuryango wa FPR Inkotanyi, intsinzi ...Abandi bati ni wowe, ni wowe dushaka...
Intsinzi ni iyanyu,,,ni amateka asanzwe ya FPR Inkotanyi ihangana n’ibibazo ariko tukaba dukomeje (…) -
Burundi: 37,000 baratahutse; u Burundi burashinja u Rwanda kwirukana impunzi ziba mu nkambi ya Mahama
17 June 2017, by Ferdinand DukundimanaLeta y’u Burundi yatangaje ko impunzi zigera ku 156,000 zatahutse mu gihugu cyabo nyamara raporo ya UNHCR yo ivuga ko abatahutse babarirwa mu 37,000 gussa.
Uhagarariye UNHCR mu Burundi, Abel Mbilinyi, yavuze ko hari Abarundi 138 bari mu bahugniye mu nkambi ya Lusenda (DRC) bagaragaje ko bifuza gutaha mu gihugu cyabo. Ubu UNHCR ikaba yarabateguriye inkambi y’agateganyo iri mu ntara ya Makamba.
Abel avuga ko intara za Makamba, Rutana na Rumonge zibarizwamo impunzi zitabaruwe (…) -
Rusizi: Ikamyo yagonze ivatiri umugore n’ umugabo barapfa, abana barakomereka
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestIkamyo yataye umukono wayo igongana n’ ivatiri yari itwawe n’ umugore, uyu mugore n’ umugabo yari atwaye barapfa , umushoferi w’ ikamyo atabwa muri yombi n’ inzego z’ umutekano. Abana bane barakomeretse.
-
Rayon Sports yeretse Bugesera FC ko ubwoba yari ifite bwo gukinira ku matara bwari bufite ishingiro
22 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yigaranzuye Bugesera FC yayigoye mu mwaka w’imikino ushize iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri stade ya Kigali ku matara.
-
Menya byinshi ku buzima bwa Perezida Kagame n’abakinnyi avuga ko akunda
22 December 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika akaba n’umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe (AU) Paul Kagame yagarutse ahanini ku kwihangira imirimo muri Afurika ku rubyiruko ariko anakomoza ku buzima bwe bwite.
Umuryango.rw