Umwe mu miturirwa yo mu mugi wa London wafashwe n’inkongi y’ umuriro mu gicuku cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2017, ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose.
Amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko abantu 30 aribo bamaze kugezwa mu bitaro mu gihe iyo nzu ituwemo n’ababarirwa mu Magana.
Ababonye iyo nkongi batangaje ko ubwo iyi nzu yafatwaga n’ inkongi abaturage bahagaze ku madirisha bagasohora amaboko yabo bavuga mu majwi arenga basaba ubufasha. Nyamara ngo ubutabazi bwatangiye kuhagera (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuturirwa wo mu Bwongereza wafashwe n’ inkongi ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose [AMAFOTO]
14 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
“Sobanukirwa uburyo wamanika ibibazo byawe ku ijambo ry’ Imana nkuko wiyambura imyenda yawe ukayimanika ahantu runaka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
17 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Umuraperi Bull Dogg arifuza ko bamugira umuniga w’umukire(AMAFOTO)
22 May 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 20 Gicurasi 2017 nibwo habaye igitaramo cyambere kibimburira ibindi mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star kunshuro ya 7, igitaramo cyambere kikaba cyarabereye mu mujyi wa Huye kuri Stade yiyahoze ari Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye. Umuraperi Bull Dogg uri mubahanzi 10 bari guhatanira ibihembo bya Primus Guma Guma yasabye abanyeshuri n’abandi bantu bari bateraniye kuri iyi stade kumushyigikira bakamugira umuniga w’umukire maze abizeza ko nibabikora (…)
-
Muhanga: Mu byumweru bitatu hamaze gupfa inka 20 mu zahawe abaturage
22 May 2018, by Nsanzimana ErnestInka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga zimaze gupfa mu byumweru bitatu, bigakekwa ko zirimo kuzira kutishimira ikirere.
-
Rayon Sports ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti wo kwitegura Al Hilal Omdurman
23 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura guhangana na Al Hilal Omdurman mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF Confederations Cup,ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti.
-
Visi Perezida w’ Ishyaka rya Victoire Ingabire yatorotse gereza
8 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije w’ ishyaka FDU inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda n’ undi mugororwa batorotse gereza kuri uyu wa Mbere tariki 8 Ukwakira 2018.
-
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo
13 April 2022, by Joseph IradukundaMu ibanga rikomeye, abategetsi bo mu bihugu bigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC, baganiriye ku kibazo cy’umutwe wa M23 bivugwa ko umaze kwigarurira igice kinini mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa.
-
Rwemarika yanenze bamwe mu bari bahagarariye amakipe bitwaye nabi mu matora
3 January 2018, by Nsanzimana ErnestRwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA bikarangira atsinzwe amatora,yanenze bamwe mu bayobozi ndetse n’abari bahagarariye amakipe mu matora ya FERWAFA 39,kubera imyitwarire mibi bagaragaje ubwo bangaga gutora amajwi yabo akaba imfabusa.
Rwemarika yatangarije Radio Rwanda ko kuba amajwi ya bamwe mu bari bahagarariye amakipe yarabaye imfabusa, yabuze uko abivuga kuko batigeze bagaragaza uruhande bahagazeho cyane ko batigeze batora Yego cyangwa Oya ahubwo amajwi yabo (…) -
Nyarugenge: Umumotari yagwiriwe n’igiti yari yugamye munsi ahita apfa
14 October 2019, by Dusingizimana RemyUmusore w’imyaka 27 y’amavuko, wakoraga akazi ko gutwara abagenzi kuri moto, yagwiriwe n’igiti yari yugamye munsi ahita apfa,mu gitondo cyo kuri uyu wa wa mbere tariki 14 Ukwakira,
-
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zinyuranye barimo n’uwa REMA mushya
11 May 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, yashyizeho abayobozi batandukanye, mu nzego zitandukanye nk’uko bigaragara mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’Intebe.
Umuryango.rw
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo