Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho kuwunyereza.
Byatangajwe n’umuyobozi w’ishami ry’ubukungu n’imari muri NPPA, Jean Marie Vianney Nyirurugo, ku wa 4 Mata 2018 ubwo Transparency Rwanda yamurikaga isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta ya 2015/2016 ku makosa yagiye akorwa n’inzego z’uturere ndetse n’Umujyi wa Kigali (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo
6 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Gahanga Akarere ka Kicukiro
6 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 12/02/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa UWAJAMBO FORTUNEE ugizwe n’inzu iherereye mu mudugudu wa Nunga II akagali ka Nunga, Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro ngo harangizwe urubanza rw’ubwumvikane aho ikiburanwa cyari umwenda.
Icyamunara kikazabera aho uwo mutungo uherereye.
Ku bisobanuro birambuye soma itangazo riri hano hasi:
UKENEYE IBINDI (…) -
Karongi: Niringiyimana wahanze umuhanda wa kilometero 7 bikamuhesha guhura na perezida Kagame yiyemeje guhunga iwabo kubera amashyari
14 September 2019, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Niringiyimana Emmanuel utuye mu murenge wa Murambi mu karere ka Karongi,wamenyekanye ubwo yahangaga umuhanda wa kirometero 7 abyibwirije bigatuma ahura na perezida Kagame mu muhango wo Kwita Izina,agiye guhunga iwabo kubera ishyari rya rubanda baturanye.
-
Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama Perezida Kagame yagiranye n’abakuru b’ibihugu batandukanye n’umuyobozi wa OMS mu guhangana na COVID-19
4 April 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yitabiriye inama yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika, yagarutse ku guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka ibisubizo ku cyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus, gikomeje kwibasira ibihugu bitandukanye na Afurika by’umwihariko.
-
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78
11 July 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 11 Nyakanga 2020,habonetse undi muntu wa Kane wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda uyu akaba ari umusaza w’imyaka 78 y’amavuko.Habonetse kandi abandi bantu 47 banduye iki cyorezo,hakira abandi 28.
-
Ikibazo cy’imirire mibi cyaragabanutse mu nkambi z’impunzi
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo zivuga ko ikibazo cy’ imirire mibi cyagabanutse nyuma y’ uko zihinduye imyumvire yo kumva ko kubona indyo bisaba amikoro ahambaye.
-
Bishop Rugagi yagaragaye muri Israel yikoreye igikapu cyuzuye ibyifuzo by’ Abanyarwanda aho ngo yagiye kubisengera ku rukuta rwa willing wall(AMAFOTO)
6 June 2017, by Martin MunezeroBishop Rugagi Innocent umuyobozi w’itorero ry’abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Gospel Church) yagiye mu gihugu cya Israel yikoreye igikapu cyuzuyemo ibyifuzo n’ibibazo by’Abanyarwanda, ajya kubisengera ku rukuta rw’umugisha rwitwa Willing Wall. Bishop Rugagi Innocent yageze muri Israel afite igikapu cy’uzuye ibyifuzo by’Abanyarwanda agiye gusengera.
Bishop Rugagi n’umwe mu bakozi b’Imana bamaze kwamamara cyane hano mu Rwanda, byumwihariko akaba azwiho guhanurira abantu imitungo ihenze (…) -
Tanzania: Perezida Samia Suluhu amerewe nabi kubera uko yibasiye abagore
23 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan arimo kunengwa ku mbuga nkoranyambaga kubera kuvuga ko bamwe mu bakinnyi b’abagore b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru bafite "mu gatuza harambuye" kandi ko batabereye kuba bashakwa.
Yabivugiye mu biro bye i Dar es Salaam ubwo yakiraga umudari watsindiwe n’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abari munsi y’imyaka 23, mu irushanwa ryo mu karere k’Afurika y’uburasirazuba no hagati (CECAFA) ry’uyu mwaka.
Yavuze ko nubwo abo bagore bahesheje ishema (…) -
Tariki 9 Nyakanga hari icyo ivuze ku itabwa muri yombi rya Gen. Karake no ku nzandiko za Jean Louis BRUGUIERE
9 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye ikurwaho ry’ ibirego bya Jean Louis BRUGUIERE byasabaga ifatwa n’ itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakuru b’ u Rwanda.
Kuri iyi tariki kandi inama rusange y’ ihuriro ry’ imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda yasabye ko Gen. Karenzi Karake wari wafatiwe mu Bwongereza arekurwa byihuse
455: (…) -
Mu mafoto reba abahanzi/kazi nyarwanda batandukanye n’abakunzi babo baramaze gutangaza ko bagiye gukora ubukwe n’abari barabukoze
8 May 2018, by Martin MunezeroHari benshi mu bahanzi nyarwanda bagiye batandukana n’abakunzi babo, kimwe n’uko undi wese yatandukana n’uwo bakundana. Muri aba bose, hari ababaga bakundana bisanzwe batarafata icyemezo cyo kubana, hakaba n’abatandukanye baramaze kwemeza ko benda gukora ubukwe bakibanira akaramata ndetse n’abandi bari baramaze no gukora ubukwe.
Ibikomere mu rukundo, birasanzwe kandi benshi mu rubyiruko baba barahuye nabyo. N’ubwo bibabaza kandi bigashengura umutima, birushaho kuba bibi iyo bibayeho ku (…)
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Gahanga Akarere ka Kicukiro
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78
Tanzania: Perezida Samia Suluhu amerewe nabi kubera uko yibasiye abagore