Minisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Nyuma ya Miss Elsa RIB yafunze na Noteri wemeje inyandiko zishinjura "Prince Kid"
10 May 2022, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko Miss Elsa atawe muri yombi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi notaire witwa Uwitonze Nasira, ukekwaho gukoresha inyandiko itavugisha ukuri muri dosiye iregwamo Ishimwe Dieudonné utegura irushanwa rya Miss Rwanda.
Uyu mugore yatawe muri yombi kuri uyu wa Mbere, afungiye kuri Station ya RIB i Remera.
Akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo icyo gukora inyandiko itavugisha ukuri no kwiyitirira umurimo utari uwe.
Itabwa muri yombi rikurikiye inyandiko (…) -
Ellen ugiye kubaka ikigo mu Rwanda yatanze ubuhamya burambuye bw’uburyo yahohotewe n’umugabo wa Mama we[AMAFOTO]
30 May 2019, by Martin MunezeroEllen Lee DeGeneres umunyamerikazi w’icyamamare akaba Umunyarwenya, umukinnyi wa filime yatangaje ko ibyo guhohoterwa n’umugabo wa nyina byamubayeho ubwo yari hagati y’imyaka 15 na 16.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi
8 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kureka Abarundi bakabanza gukemura ibibazo byabo bwite barangiza bakaza bakaganira n’u Rwanda.
-
“Amagambo” Min Diane Gashumba aherutse kuvuga kuri Kiliziya Gatulika yiswe aye bwite
19 July 2019, by UbwanditsiMu biganiro byabereye mu Inteko Ishinga Ametegeko taliki 21/6/2019 byahuje inzego zirebana na gahunda yo kuboneza urubyaro, icyo gihe Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye abari bayitabiriye gusasa inzobe bakavuga ibintu mu mazina yabyo.
-
Umubare w’ abagore mu nteko y’ u Rwanda waragabanyutse, ntabwo wiyongereye
7 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’amatora iratangaza ko ubwiganze bw’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko butazagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo.
-
Ku rutonde rw’ibyamamare 10 by’ibihe byose byabayeho kuva isi yatangira Yesu Kristo ari ku mwanya wa mbere[AMAFOTO]
6 April 2018, by Martin MunezeroUko imyaka ihita indi igataha niko isi yunguka intwari abenshi ndetse bagasigara bibukirwa ku ruhare mu kubaka ibihugu bakomokamo hakaba n’abasigara bavumirwa kugahera bati”puuuuuu!
Kaminuza ya Harvard ni kaminuza yamamaye cyane , bitewe n’impuguke isohora buri mwaka cyane cyane, mu bijyanye n’ubumenyi n’ikoranabuhanga.Iyi kaminuza iherereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma y’igihe kinini hatangijwemo ubushakashatsi, bwo gutora umuntu ufatwa nk’icyamamare cy’ibihe byose kuva isi (…) -
Tariki 14 Nyakanga: Menya ibyaranze iyi tariki mu mateka harimo kuba isobanuye byinshi ku ibohorwa ry’ u Rwanda
14 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki 14 Nyakanga 1994- Urugamba rwo kubohora igihugu rwanditse amateka akomeye cyane mu ngabo zahoze ari iza FPR- Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange kuko rwabaye imbarutso yo kwibohora. Kuri iyi tariki izi ngabo zabohoye Ruhengeli bigereranwa no gutsinda umugabo umusanze iwe mu rugo.
Turi tariki 14 Nyakanga, ni umunsi w’195. Iminsi 170 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 Ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. (…) -
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta
27 November 2017Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n’abakuru b’ibihugu 11 harimo na perezida w’u Rwanda Paul kagame.iki gikorwa k’irahira kikaba kizabera mu murwa mukuru I Nairobi.
Daily nation yanditse ko mu baperezida bitezwe ku munsi w’ejo harimo; Yoweri Museveni wa Uganda, Ian Khama wa Botswana, Paul Kagame w’u Rwanda, John Pombe Magufuli wa Tanzania, Edgar Lungu wa Zambia, Ismaïl Omar (…)
Umuryango.rw
Nyuma ya Miss Elsa RIB yafunze na Noteri wemeje inyandiko zishinjura "Prince Kid"