Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Johnston Busingye ndetse unafite Polisi y’Igihugu mu nshingano ze yahakanye ko hari umuntu umwe wapfuye ari mu bikorwa byo gusenya Top Tower Hotel.
Mu minsi ishize, nibwo hatangiye ibikorwa byo gusenya inyubako yakoreragamo Hoteri Top Tower yari ku Kimihurura, ubu muri iyi minsi ya none ibi bikorwa bikaba birimbanyije.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Min.Busingye yasobanuye iby’urukuta rwa Top Tower Hotel ruvugwaho guhitana umuntu
24 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
‘U Rwanda ntirukeneye gushimirwa ko rwarekuye by’ agateganyo abakekwaho ibyaha’ Minisitiri Evode
7 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe itegeko Nshinga n’andi matageko ntiyemeranya n’ abarimo gushimira u Rwanda kuba rwararekuye by’ agateganyo Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bakurikiranwe badafunze.
-
Kizito Mihigo na Ingabire Victoire bamaze gusohoka muri gereza [AMAFOTO]
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMugitondo cyo kuri uyu wa 15 Nzeli 2018 nibwo Umuhanzi Kizito Mihigo n’umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire nyuma y’aho Perezida Kagame ahaye imbabazi imfungwa n’abagororwa 2138.
Muri aya masaha ya saa ine nibwo uyu muhanzi wari warakatiwe imyaka 10 y’ igifungo n’ uyu munyapolitiki wari warakatiwe imyaka 15 basohotse muri gereza ya Mageragere.
Kizito Mihigo wari umaze imyaka 4 muri gereza, ku wa 27 Gashyantare 2015 ni bwo Urukiko Rukuru rwamuhamije icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi (…) -
Pasiteri Kamanzi wari umuhuzabikorwa wa Rwanda Shima Imana yitabye Imana
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2018 nibwo amakuru y’ urupfu rwa Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana yamenyekanye.
-
Rubingisa Pudence niwe watorewe kuyobora umujyi wa Kigali
17 August 2019, by Dusingizimana RemyRubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari bahanganye wagize amajwi 22.
-
Rayon Sports yimuye italiki yagombaga gutangarizaho umutoza wayo mushya
20 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwimura igihe bwagombaga gutangariza ku mugaragaro umutoza mushya usimbura Robertinho watandukanye nayo mu minsi ishize.
-
U Rwanda rwafunguye ikigo gishinzwe gushakisha ibimenyetso [AMAFOTO]
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gushakisha ibimenyetso "Rwanda Forensic Laboratory" kizajya gipimirwamo ibizamini bya ADN.
-
Ngirente yasubije abibaza niba yari yiteguye guhamagarwa na Kagame amusaba kuba Minisitiri w’Intebe-AMAFOTO+VIDEWO
30 August 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu gihe cyose azamara kuri kuri uyu mwanya.
Ni mu kiganiro cyihariye yahaye RBA ari nacyo kibimburira ibindi byose, uyu mugabo w’imyaka 44 y’amavuko azagirana n’itangazamakuru. Muri iki kiganiro cyamaze iminota micye yasobanuye ko muri manda ahawe azaharanira gukorana na Guverinoma nshya akanagisha (…) -
Abantu 150 bamaze kwemererwa gukuramo inda mu Rwanda kuva muri 2018(Yavuguruwe)
17 September 2020, by Dusingizimana RemyImiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ivuga ko kuva itegeko rijyanye no gukuramo inda rivuguruwe mu 2018 rigakuraho icyemezo cy’urukiko, ubu abahawe uburenganzira bwo gukuramo inda ari 150.
-
Bishop Rugagi n’ abandi ba pasiteri 5 batawe muri yombi
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestApostle Rwandamura Charles, R. Pastor Nyamurangwa Fred, Bishop Rugagi Innocent, Rev Ntambara Emmanuel, Pastor Dura James na Pastor Kalisa Shyaka Emmanuel batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu bakurikiranyweho gutambamira gahunda yo kugenzura insengero zitujuje ibyangombwa no gukoresha inama mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Mu itangazo yashyize ahagaragara Polisi y’Igihugu yavuze ko abatawe muri yombi bose bashinjwa ko ‘baremye itsinda bagatangira n’inama zitemewe bagamije gutambamira (…)
Umuryango.rw
Abantu 150 bamaze kwemererwa gukuramo inda mu Rwanda kuva muri 2018(Yavuguruwe)