Kuri uyu wa Gatanu tariki indwi, ubwo Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashyiraga ahagaragara urutonde ntakurwa rw’ abakandida bigenga yavuze hari Diane Shimwa Rwigara na Mwenedata Gilbert bakoze amakosa mu kwiyamamaza.
Iyi komisiyo yavuze ko ayo makosa agize ibyaha bishobora gutuma bakurikiranwa n’ inkiko bakanafungwa igihe baba bahamye n’ ibyaha. NEC yavuze ko Mwenedata Gilbert na Diane Rwigara basinyije abantu bapfuye.
Yatanze urugero kuwitwa yombayire Enock wo mu Karere ka Gatsibo wari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diane Rwigara na Mwenedata bashobora gutabwa muri yombi
8 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
U Budage bwashyikirije u Rwanda Twagiramungu ucyekwaho Jenoside
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama, ubutabera bw’u Budage bwagejeje mu Rwanda Twagiramungu Jean washakishwaga n’ubutabera bw’u Rwanda. Akekwaho uruhare mu byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu zahoze ari komini Rukondo na Karama mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro.
Umuyobozi wa Polisi mpuzamahanga - ishami ry’u Rwanda ACP Peter Karake wari uri ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, yashimye imikoranire myiza iri hagati ya Polisi mpuzamahanga (…) -
Perezida Mnangagwa yatangaje ikintu gikomeye perezida Kagame yasabiye Zimbabwe mu nama ya G7
2 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’igihugu cya Zimbabwe Emerson Mnangagwa yabwiye abanyamakuru ko perezida Kagame ari umwe mu bakuru b’ibihugu bifuza ko Zimbabwe ikurirwaho ibihano yafatiwe aho yabisabwe mu nama iherutse guhuza ibihugu 7 bikize ku isi bizwi nka “G7”.
-
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
7 July 2021, by UbwanditsiEse prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho zikorerwa mu mabya zizamuka mu miyoboro zikagera ahantu mu tuntu tumeze nk’udusaho (tumeze nk’udufuka) zigahura n’amazi agizwe na poroteyine yakozwe na porositate akajya muri twa dusaho, intangangabo zagera mo akaba ariho zikurira.
Ayo mazi nizo ntanga akaba ari nabyo byitwa amasohoro”. Porositate (…) -
Kigali: Umunyemari Karera Dennis uyobora Kigali Heights yaba yaratawe muri yombi?
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestBirakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention Center.
-
Waba wifuza guhindurirwa ubuzima urimo ubu? Kurikirana urugero rwa Elisa
19 November 2019, by UbwanditsiEliya na Elisa basezerana, 1 Abami 19:19-21 : 19 Ni uko avayo, aragenda asanga Elisa mwene Shafati, ahingisha inka zizirikanijwe ebyiri ebyiri mu mirongo cumi n’ibiri, ahagaze ku murongo uheruka. Eliya akebereza aho aramusanga, amunagira umwitero we. 20 Maze Elisa asiga inka aho arirukanka, akurikira Eliya aramubwira ati “Ndakwinginze reka mbanze njye guhoberana na data na mama, mbone kugukurikira.” Na we aramubwira ati “Subirayo, hari icyo ngutwaye?”
21 Nuko arorera kumukurikira, asubirayo yenda inka ebyiri arazica, atekesha inyama ibiti by’imitambiko yazo, agaburira abantu bararya. Aherako arahaguruka akurikira Eliya, akajya amukorera. -
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Itangazo: StarTimes iramenyesha abakiliya bayo ko izakora amavugurura ku muyoboro wa saterite taliki 09/09/2020
2 September 2020, by UbwanditsiBakiriya bacu,
Mu rwego rwo gukomeza kunoza serivisi tubagezaho, taliki ya 09/09/2020 kuva saa sita z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo hazakorwa amavugururwa ku muyobora wa saterite.
Ibi bizatera ingaruka kuri sinyali (Signal) bityo abadukurikirana bazahura n’imbogamizi ariko ni iby’akanya gato.
Dekoderi ubwazo zizikorera ivugururwa ubundi zisubize ku murongo. Nyuma y’ivugururwa, mukomeje kugira imbogamizi mukureba amashene mwahamagara ku murongo wa StarTimes kuri 078 815 (…) -
Ingabo z’ u Rwanda zitabiriye umuhango wo gushyingura Ntivuguruzwa warasiwe n’ umusirikare I Gikondo
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu izina rya RDF, Maj Gen Jack Nziza yihanganishije umuryango n’inshurti zabuze uwabo, abizeza ko ubutabera buzatangwa, abahamwe n’icyaha bakabihanirwa bikomeye.
Ntivuguruzwa w’imyaka 28 y’amavuko yarashwe mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira ku wa 10 Gicurasi 2017 i Gikondo, mu Murenge wa Kigarama, Akarere ka Kicukiro.
Abasirikare babiri bamurashe bari mu kazi ko gucunga umutekano muri ako gace, ariko ntiharamenyekana icyabateye kurasa uwo muturage. Ariko Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko (…) -
Perezida Kagame arashimwa ubutitsa n’abo yashyize mu ikipe nshya
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma y’uko Perezida Kagame atangaje amazina y’abagize Guverinoma nshya afatanyije na Minisitiri w’Intebe mushya wa 11, Dr.Ngirente; abisanzemo bakomeje kumushimira ubutitsa.
Ni ubutumwa bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter, Bamwe muri aba ni bashya abandi bagiye bahindurirwa imirimo n’ubwo hari abagumishijwe aho bayoboraga.
Dr Diane Gashumba wongeye kugirirwa icyizere akaba, Minisitiri w’Ubuzima yabanje gushyirwa muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, (…)
Umuryango.rw
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake