Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavutse tariki 23 Ukwakira 1957, uyu munsi yujuje imyaka 61 y’ amavuko, kuri twitter abantu barimo kuvuga uburyo ari umuyobozi ukomeye, intwari, impano Imana yahaye abanyarwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame arimo kuvugwa imyato, yujuje imyaka 61 avutse
23 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Zimwe mu nshingano Karekezi Olivier yahawe mu gihe azamara atoza Rayon Sports
21 July 2017Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ko Karekezi Olivier ariwe uzasimbura Masudi Djuma nk’umutoza wa Rayon Sports umwaka utaha, mu Kiganiro umuyobozi w’iyi kipe Gacinya Dennis yagiranye na Radio 10 aho yahawe inshingano nyinshi zirimo gutwara ibikombe byose bizakinirwa mu Rwanda mu mwaka w’imikino uri imbere.
Karekezi Olivier wasinye amasezerano y’imyaka 2 muri iyi kipe yahawe inshingano zo gukomereza aho Masudi Djuma yari agejeje ndetse akarushaho cyane ko (…) -
Leta y’ u Rwanda yashyinguye dosiye 13 z’ abaregwa uruhare muri jenoside
26 October 2018, by Nsanzimana ErnestJean Bosco Mutangana
Ubushinjacyaha bukuru bw’ u Rwanda bwashyinguye dosiye z’abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi bagera kuri 13.
-
Umudepite watsinze mu kiciro cy’ abafite ubumuga yamenyekanye
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestEugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko muri manda ya 2018-2023 mu majwi y’ agateganyo. Komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu mugoroba wo ku wa 2 Nzeri 2018, nyuma y’ amasaha make amatora y’ abadepite ikiciro cy’ abafite ubumuga arangiye.
-
Me Mutunzi wigeze kuganira Leon Mugesera mu mategeko yitabye Imana
23 April 2018Me Mutunzi Donat wigeze kunganira mu mategeko Dr Léon Mugesera, yapfuye bivugwa ko yiyahuye, aho yari afungiye kuri Sitasito ya Polisi ya Ndera, akurikiranyweho ibyaha by’urukozasoni bikoresheje ingufu.
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu (…) -
Ngororero: Ba Visi Meya bombi na Gitifu w’Akarere beguye
3 September 2019, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa mbere taliki 2/9/2019 ba Visi Meya bombi ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngororero baraye banditse basaba ko basezererwa ku mirimo yabo.
-
Perezida Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo (Amafoto)
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri 1 Gashyantare 2018, ubwo Abanyarwanda bizihizaga umunsi wo kuzirikana ibigwi by’ intwari z’ u Rwanda Perezida Paul Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 ibigwi byazo.
Intwari ziruhukiye muri iki gicumbi zirimo Gen. Maj Fred Gisa Rwigema n’umusirikare Utazwi bari mu cyiciro cy’Intwari z’Imanzi.
Harimo Umwami Mutara III Rudahigwa, Rwagasana Michel, Uwiringiyimana Agathe, Niyitegeka (…) -
Amateka ya Sembagare Crysostome wakomeye cyane muri Rayon, Abakinnyi n’amakipe yemera ubu n’ibindi (Video)
19 March 2019, by UbwanditsiUmuryango waganiriye na Sembagare Crysostome, umukinnyi wo hagati wari ukomeye cyane muri Rayon mu myaka ya za 80 na 90. Ubu nabwo aracyaza kureba umupira aho Rayon yakinnye. Avuga ko ariyo kipe akunda cyane. Mu gihe cyabo, avuga ko umukeba wabo yari Kiyovu na Panthere Noir.
-
Rusizi: Umugabo aravugwaho gukosha umukobwa we inshuro ebyiri nka Rusisibiranya
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo wo mu karere ka Rusizi witwa Nyabyenda Paulin aravugwago kuba yarakosheje umukobwa we Rosine inshuro ebyiri we akabihakana akavuga ko yatekewe umutwe.
Nk’ uko bigaragazwa n’ inyandiko, tariki 14 Mata 2016 nibwo Mbarimombazi Theogene yakoye umukobwa wa Nyabyenda witwa Rosine.
Umukwe wa Nyabyenda yohereje abasaza kwa sebukwe bajya gufata irembo nk’ ibisanzwe. Gusa ngo yaje kumenya ko hari undi musore wakoye uyu mukobwa ndetse bafitanye ubukwe umwaka utaha muri 2018.
Mbarimombazi (…)
Umuryango.rw
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame