Abasirikare ba Kenya (KDF) bagabye igitero mu burusirazuba bw’igihugu cya Congo mu gace ka Beni, bica ibyhebe bitanu byo mu mutwe wa Islamic state uzwi nka ( IS-CAP).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umutwe udasanzwe w’ingabo za Kenya wahitanye ibyihebe 5 muri Congo.
20 April 2022, by Joseph Iradukunda -
Gitifu wa Nyabihu yasezeye ku mirimo
18 April 2018, by Nsanzimana ErnestNgabo James Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu yasezeye ku mirimo nyuma y’ukwezi kumwe n’uwari umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe ubukungu yeguye.
-
Djibouti igiye kohereza mu Rwanda indege zitwara abagenzi
10 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu kwezi gutaha sosiyete itwara abagenzi y’ igihugu cya Djibuti, Air Djibouti izatangiza kumugaragaro ingendo Kigali Djibuti.
-
Perezida w’ Ubushinwa uwa Mozambique na Minisitiri w’ Intebe w’ Ubuhinde bategerejwe I Kigali
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestKu matariki atandukanye abakuru b’ ibihugu barimo Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping, Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi ndetse na Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi bazagenderera u Rwanda nk’ uko byatangajwe na Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Kamena 2018.
-
Hari gushakwa ahandi ingano zava atari mu Burusiya, havaga 64% by’izo u Rwanda rukenera
16 March 2022, by UbwanditsiMu kiganiro Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu yavuze ko ibihano Ibihugu by’Uburayi na Amarika byafatiye Uburusiya byatumye ubu U Rwanda ruri gushakisha ahandi rwakura ingano zavaga mu gihugu cy’Uburusiya ruzivanye muri Tanzaniya.
Ibihugu by’Uburayi na Amerika byafatiye ibihano byo mu rwego rw’ubukugu Uburusiya nyuma y’aho iki gihugu giteye Ukraine.
Uburusuya bwateye Ukaraine mu rwego rwo kuyikumira ngo itinjira mu Muryango wo (…) -
Breaking: Meya wa Karongi na ba Visi Meya bose baraye banditse basaba kwegura
3 September 2019, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo ku wa mbere taliki 2/9/2019 nibwo Ndayisaba Francois, Meya w’Akarere ka Karongi ndetse na bagenzi be babiri bamwungirije muri Nyobozi baraye bandikiye Perezida wa Njyanama bamusaba kwegura ku buyobozi bw’Akarere ku mpamvu zabo bwite.
-
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbacuruzi 9 bo muri Kigali bakorana n’uruganda Inyange mu kugeza amata ku bacuruzi bato bamaze gucibwa amande ya miliyoni 19,5 Frw nyuma y’aho bigaragaye ko bazamuye ibiciro by’amata.
Ni mu bugenzuzi buri gukorwa n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, RICA aho basanze abo bacuruzi bagurishaga amata ku giciro gihanitse, ariko bagatanga inyemeza bwishyu zigaragaza ko batanze ayo mata ku giciro gisanzwe.
Ibi ni nyuma y’uko kuri (…) -
Karongi: Impanuka y’ ikamyo yahitanye batatu ibaye ikamyo ya 3 ihitanye abantu mu mezi 2
18 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, mu murenge wa Bwishyura w’ akarere ka Karongi habereye impanuka ikomeye y’ ikamyo ihitana abantu batatu. Ibaye impanuka ya gatatu y’ ikamyo ihitanye ubuzima bw’ abantu kuva muri Mata 2017.
Iyi kamyo yari itwawe na Nkundabagenzi Pascal yarenze umuhanda ikagonga umukingo igwa igaramye, abantu batatu bari bayirimo barimo n’umushoferi bahasiga ubuzima.
Iyi kamyo yari ipakiye ibijumba yavaga mu karere ka Nyamasheke yerekeza mu (…) -
Perezida Kagame yahawe ikaze n’ Umwami Abdullah wa Jordan
9 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yageze muri Jordan aho yitabiriye inama ifite intego yo kugarura amahoro.
-
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
Umuryango.rw
Umutwe udasanzwe w’ingabo za Kenya wahitanye ibyihebe 5 muri Congo.
Hari gushakwa ahandi ingano zava atari mu Burusiya, havaga 64% by’izo u Rwanda rukenera
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange