Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Gashyantare 2019 nibwo mu murenge wa Masoro w’ akarere ka Rulindo hamenyekanye inkuru y’ abana batatu bahiriye mu nzu babiri bakitaba Imana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rulindo:Abana 3 bahiriye mu nzu itabamo amashanyarazi ndetse batanatekeragamo
7 February 2019, by Martin Munezero -
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya nyuma yo mu matsinda ya Europa League yihariye ku makipe yo mu Bwongereza
7 December 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’akazi gakomeye kakozwe mu mikino yabanje ya UEFA Europa League,amakipe 3 yo mu Bwongereza yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/32 ari nayo mpamvu azajya mu mikino y’umunsi wa nyuma nta mihangayiko.
-
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo
13 June 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu umurenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko babuze aho bahahira nyuma y’uko kuva kuri uyu wa gatanu tariki 12 kamena 2020 uwo murenge washyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo kubera COVID-19.
-
Kirehe: Abaturage 11 bafungiwe ku kagari , umwe ahava ajya mu bitaro
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage 11 bo mu kagari Rwantonde mu murenge wa Gatore baravuga ko bafungiwe mu biro by’ Akagari, bakagubitwa kugeza ubwo umwe muribo yahavuye ajya mu bitaro.
-
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
7 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa 7 Kamenya 2023 nibwo Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi basaga 4000 muri Polisi y’u Rwanda, barimo Abofisiye bakuru, Abato n’Abapolisi basanzwe.
Abapolisi barindwi bari basanzwe bafite ipeti rya Chief Superindent of Police( CSP) bazamuwe mu ntera ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo bapolisi barimo se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine ugiye kumarana ikamba imyaka ibiri. Se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, Muheto Francis ari mu (…) -
Nyamasheke: Umugabo yasanzwe amanitse mu ruganiriro n’umugore we yapfiriye mu cyumba
22 April 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mata 2020 mu murenge wa Rangiro akagari ka Gakenke umudugudu wa Rwasa,Mu karere ka Nyamasheke, umugabo witwa Harerimana Eric ufite imyaka 37 y’amavuko n’umugore we Nyirahabimana Immaculée ufite imyaka 25 basanzwe bapfuye.
-
Gitifu wa Nyagatare n’ ushinzwe amasoko batawe muri yombi
7 September 2017, by Martin MunezeroUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare Alex Mugabo yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Nzeri aho ashinjwa gutanga isoko rya 1 157 931 600 binyuranije n’amategeko.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Jean Bosco Dusabe, yatangaje ko Alex Mugabo na mugenzi we Fred Kayitare bafashwe ejo mu ma saha ya saa cyenda n’igice z’igicamunsi (15h30), ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare.
IP Dusabe yagize ati "Nibyo koko (…) -
Uwahoze ari Meya wa Muhanga yarangije mu ishuri ryigisha guteka [AMAFOTO]
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestYvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu ngo zabo kuko usibye kumenya guteka neza, kwiga guteka bishobora no guhesha akazi ubyize. Mutakwasuku avuga ko igihe yabayeho atekerwa n’umukozi cyangwa akagura ibyo gukoresha mu rugo rwe, hari ibyo agiye guhindura kandi n’abandi bashobora guhindura.
Yagize ati “hari ibyo nikorera nk’umubyeyi mu (…) -
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…) -
Visi Perezida wa Rayon Sport Gacinya Denis arafunze
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza, 2017 Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi Gacinya Chance Denis umunyemari akaba na Visi Perezida wa Rayon Sports.
ACP Theos Badege, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda yatangarije RuhagoYacu ducyesha iyi nkuru ko Gacinya Denis yatawe muri yombi gusa ko byinshi ku byo akurikiranyweho byabazwa ubushinjacyaha.
Yagize ati: “Ni byo Gacinya Denis ari mu maboko ya Polisi ku busabe bwa parike. Hari ibyo akurikiranyweho iperereza riracyakomeza”. (…)
Umuryango.rw
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi