Perezida Paul Kagame yihanganishije mugenzi we wa Burkina Faso, Roch Marc Christian Kaboré, n’abaturage b’iki gihugu nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyagabwe mu Murwa Mukuru, Ouagadougou, kigahitana abantu 18 abandi bagakomereka.
Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 13 Kanama 2017. Ikinyamakuru Le Figaro cyanditse ko iki gitero cyagabwe ahagana ku isaha ya saa tatu z’ijoro ( ku isaha yo mu Rwanda).
Iki gitero cyagabwe n’ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa al-Qaeda rikorera mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Burkina Faso yagabweho igitero cyahitanye 18
15 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye Padiri Nahimana uherutse kubeshya ko yatabarutse
6 September 2020, by Dusingizimana RemyMu kiganiro yatanze kuri radio na televiziyo y’u Rwanda uyu munsi ku cyumweru nyuma ya saa sita,Perezida Kagame yavuze ko nta mwanya yata kuri padiri Nahimana Thomas uherutse kuvuga ko yatabarutse bikagirwa ibanga amwibutsa ko nawe mu minsi mike ashobora kwisanga mu Rwanda.
-
Minisiteri y’ubuzima yamaze gufunga amashuri na za kaminuza byo hirya no hino mu Rwanda kubera Coronavirus
14 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yamaze gufata umwanzuro wo gufunga amashuri na za kaminuza,insengero,ibirori by’ubukwe ndetse inasaba ko no gushyingura hagenda bake kubera ko icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyageze mu Rwanda.
-
Rutamu yaciye amarenga ko ashobora kudasezera mu itangazamakuru
15 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamakuru wa Siporo Rutamu Elie Joe wamamaye kubera kogeza umupira ku maradio atandukanye yo mu Rwanda harimo na Radio 1 mu mwanya yagombaga gutangarizamo ko asezeye mu itangazamakuru yavuze amagambo aca amarenga ko ashobora kudasezera.
-
Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abashinjacyaha bashya abereka aho bagomba gushyira imbaraga [AMAFOTO]
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakiriye indahiro y’ abashinjacyaha bashya babiri ku rwego rw’ ibanze abasaba gushyira imbara mu kurwanya ibyaha birimo inyerezwa ry’ umutungo wa Leta, ibyaha by’ ibiyobyabwenge n’ icuruzwa ry’ abantu.
-
Uko Uwizeyimana yarokoye abatutsi 119 adakoresheje imbunda
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestAloys Uwemeyimana, wari utuye mu Murenge wa Nzahaha, mu Karere ka Rusizi yabashije kurokora abatutsi 119 muri Jenoside yakorewe abatutsi avuga ubutwari budasaba ibihumbi by’ingabo ziguherekeje.
Uwemeyimana asanga bisaba kugira umutima wa kimuntu ku buryo wakwemera no guhara ubuzima bwawe ukarokora abandi bibaye ngombwa.
Gukiza abandi no kubarinda byabaye imwe mu ndangagaciro ze abikesha umuryango w’Abasaveri na Croix Rouge yinjiyemo ubwo yari mu idini ry’Abagatolika. Kurengera abandi (…) -
Ubushinjacyaha bwasabye polisi gukora iperereza kuri Niyibikora uherutse kwibasira abagore
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe ubugenzacyaha gukora iperereza ku muvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kwigisha ikigisho abenshi bafashe nko gusebya abagore.
Muri Mutarama uyu mwaka nibwo Niyibokora yatambukije iki kigisho kuri radio Ubuntu butangaje ikorera I Kigali mu Rwanda.
Iki kigisho cyumvikanamo amagambo nka “Umugore mwebwe muramuzi? Umugore afitanye urubanza n’ Imana”
Umushinjacyaha Mukuru Jean Bosco Mutangana, (…) -
Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe Muhawenimana Beatrice
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi bwakorewe umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wo mu ntara y’Iburasirazuba wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo nyuma y’iminsi ibiri abitse umurambo we mu nzu.
-
U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano yo kubaka umuhanda wag are ya moshi
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Tanzania byiyemeje gutangira kubaka inzira ya gari ya moshi Isaka-Kigali mu kwezi k’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2018.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye niwe washyize umukono ku masezerano agena uburyo uwo muhanda uzubakwa.
Ku ruhande rwa Leta ya Tanzania, ayo masezerano yashyizweho umukono na Ministiri w’icyo gihugu ushinzwe ibikorwa, gutwara abantu n’ibintu ndetse n’Itumanaho, (…) -
Perezida Kabila yahaye akazi Amb.Eugene Gasana ko gushaka uko imitungo ye n’abambari be yasohorwa
11 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari be isohorwe mu gihugu.
Mu nkuru y’ibinyamakuru nka Bloomberg, GEC, Le Soir, Le Monde n’ibindi birandika ko Kabila yabashije gusarura amafaranga menshi atagira ingano mu gihe cyose amaze ayobora iki gihugu gihora mu ntambara ishingiye ku mabuye y’agaciro ari mu ntara ya Katanga.
Ibi binyamakuru (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye Padiri Nahimana uherutse kubeshya ko yatabarutse