Muri ibi bihe imvura iri kugwa hirya no hino mu Rwanda yahitanye abantu mu Murenge wa Karambi w’Akarere ka Nyamasheke ubwo inkangu yagwiraga inzu yarimo abantu bane bari bugamye imvura, abana babiri bahita bapfa barimo umwe w’imyaka 7 n’uruhinja rw’amezi abiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyamasheke: Inzu yagwiriye abantu 4 bari bayirimo 2 bahasiga ubuzima
29 April 2020, by Dusingizimana Remy -
REB yahaye gasopo abayobozi b’ ibigo birimo kwirukana abanyeshuri bazira kutishyura amafaranga arimo n’ atemewe
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa REB, Gasana Janvier
Ikigo cy’ Igihugu cy’ uburezi mu Rwanda (REB), Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018,cyasohoye itangazo rigenewe abayobozi b’uturere twose ribasaba kwihanangiriza ibigo by’amashuri bigahagarika kwirukana abana kubera ko ababyeyi babo bataratanga amafaranga arimo n’ugahimbazamusyi ka mwarimu.
Iri tangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi wa REB, Gasana Janvier, rivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe ku itangira ry’umwaka w’amashuri waraye utangiye, (…) -
Clarisse Karasira yahishuye impamvu nyamukuru zatumye atandukana na Alain Muku zirimo umuryango w’abana agomba kwitaho
17 October 2019, by Martin MunezeroClarisse Karasira ni umwe mu bahanzikazi bagezweho muri iki gihe, ni umwe mu bakiri bato baririmba mu njyana gakondo. Uyu ufite indirimbo nshya yitwa “Uzibukirwa kuki?” mu minsi ishize yatandukanye na Alain Muku wamufashaga binyuze muri kompanyi ye yitwa “Boss Papa”.
-
Leta ngo ikwiye kurekera abanyeshuri telefone igahana abazikoresha nabi
25 June 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu banyeshuri basanga Leta y’ u Rwanda ikwiye gushyiraho itegeko rihana abanyeshuri bakoresha telephone mu buryo butari bwo aho guhana umunyeshuri uyitunze kuko kuzitunga bibafitiye akamaro.
-
Undi mugororwa yatorotse gereza akoresheje umugozi
9 April 2018, by Martin MunezeroUrwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 8 Mata 2018, umugororwa witwa Mwumvaneza Patrick yatorotse Gereza ya Huye iherereye ku Karubanda.
Umuvugizi wa RCS, SIP Sengabo Hillary, yabwiye itangazamakuru ko Mwumvaneza Patrick yatorotse yuriye uruzitiro akoresheje umugozi.
Yagize ati “Yego ni byo yatorotse mu ijoro ryacyeye. Yakoresheje imigozi ubu hari gukorwa iperereza kugira ngo tumenye aho aherereye.”
Mwumvaneza Patrick (…) -
Batatu mu bakinnyi bagize uruhare runini mu gutwara igikombe kwa Rayon Sports bashobora kutayigaragaramo mu mwaka wa shampiyona itaha(AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin MunezeroIkipe ya Rayon Sport kuri uyu wa Gatatu nibwo yakinaga umukino n’ikipe ya Mukura Vsubwo bayitsindaga ibitego 2-1 wayihesheje kwegukana bidasubirwaho igikombe cya Shampiyona mu mwka w’imikino 2016-2017, gusa inkuru zirimo gucicikana ni uko bamwe mu bakinnyi bari inkingi za mwamba z’iyi kipe bashobora kutagaragara mu mwaka w’imikino wa 2017-2018.
Amakuru yizewe agera ku umuryango.rw avuga ko abo bakinnyi bagaragaje ko mu mwaka w’imikino utaha bashobora kutagaraga mu ikipe ya Rayon Sport (…) -
Kayonza: Umusilikari yasanze ku rugo rwe hamanitse umusaraba wanditseho Kimonyo wapfuye mu kwa kabili
28 March 2019, by UbwanditsiKu urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin Rubango utuye mu Murenge wa Mukarange, Akagali ka Bwiza Umudugudu wa Amizero yazindutse ahuruza ubuyobozi nyuma yo gusanga ku rugo rwe hamanitse umusaraba bigaragara ko wavanwe ku irimbi ahashyinguwe uwitwa Kimonyo Gerard handitseho ko yavutse mu 1979 agapfa taliki 18/2/2019.
-
Rafael Da Silva yatangaje impamvu ikomeye yatumye abura ibitego mu ikipe ya Rayon Sports
23 May 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Jonathan Rafael da Silva umaze muri Rayon Sports amezi 6 yavuze ko impamvu yatumye atabona ibitego mu ikipe ya Rayon Sports ari ukubera kutamenya indimi zikoreshwa mu Rwanda ndetse no kuba kure y’umuryango we.
-
Minisitiri Mushikiwabo ntiyemeranya na NEC ku ngingo yo gufungwa imbuga nkoranyambaga mu matora ya Perezida
31 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwaboyagaragaraje ko Abanyarwanda badakwiye kubuzwa uburenganzira bwo gukoresha imbuga nkoranyambaga mu gihe cy’ amatora ya Perezida u Rwanda rwimirije imbere.
Atangaje ibi mu gihe ku wa Mbere tariki 29 Gicurasi 2017, Perezida wa Komisiyo y’amatora mu Rwanda, Prof Kalisa Mbanda, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP ko abakandida biyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, bazajya babanza (…) -
Perezida Kagame yatangije ibikorwa by’ uruganda rukora imodoka
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru nziza kuri Afurika kandi ko bizatuma hakurwaho imyumvire y’uko muri uyu mugabane ari ho hatabwa ibyakoreshejwe n’abandi.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Inzu yagwiriye abantu 4 bari bayirimo 2 bahasiga ubuzima