Anastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda akaba yari no muri Guverinoma yaseshwe, yasimbujwe Dr. Ngirente Edouard nk’ uko bigaragara mu itangazo rya perezidansi y’ u Rwanda.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Perezidansi y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr. NGIRENTE Edouard. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’ intebe mushya utari Murekezi
30 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
P. Kagame yasezeranyije urubyiruko amahirwe ashoboka mu nguni zose z’Igihugu
19 July 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma yo kwiyamamariza mu Karere Bugesera na Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika asoreje urugendo mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gahanga.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye agira ati “ Ba nyakicukiro, ibintu ni byinshi. Iyo ugiye kureba umujyi n’agace ka Kicukiro, ubundi uko bizwi kera, abantu basangaga umujyi ariko ubu umujyi usanga abantu. Ubu Kicukiro ubwayo imaze kuba umujyi, ntabwo abantu bakivaha ngo bajye (…) -
Umwongereza kabuhariwe mu kubaga umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka ikigo kivura umutima
2 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamisiri w’ Umwongereza umaze kubaga abarwayi b’ umutima barenga 20 000 wananditse ibitabo bitandukanye ku ndwara y’ umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka mu bitaro bya Gisirikare by’ u Rwanda I Kanombe ikigo cy’ ikitekererezo mu kuvura indwara z’ umutima zihitana abarenga ibihumbi 600 buri mwaka ku isi.
-
Perezida Kagame yahaye Perezida Macron ubutumwa bumutumira mu Rwanda
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yandikiye Perezida w’ Ubufaransa Emmanuel Macron amushimira ko yamutumiye mu ihuriro rya Amahoro riherutse kubera I Paris anamusaba kuzasura u Rwanda mu ntangiriro z’ umwaka utaha wa 2019.
-
Kagame yafunguye ‘Bisate Lodge’ yubatse mu ishusho y’ibirunga by’u Rwanda-AMAFOTO
1 September 2017, by Iyamuremye JanvierMbere ya saa sita zo kuri uyu wa 01 Nzeri 2017 Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Bisate Lodge’ iherereye mu majyepfo ya Pariki y’Iburunga mu Majyaruguru y’u Rwanda.
Bisate Lodge ni imwe mu mahoteli ahenze (Luxury hotels) ku rwego rw’Isi. Iri mu ntera y’iminota 20 gusa mu modoka uturutse mu Kinigi, wakirwa n’amazu asakaje ibyatsi afite ishusho y’ibirunga. Iyo hoteli iherereye ahazwi nko muri Bisate; igice cy’icyaro kibisi kiri mu mizi ya Parike y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa (…) -
Ange Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa rya Miss Rwanda bahatirwa kubazwa ibibazo mu Cyongereza nacyo ngo gikocamye
27 January 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa ryo gutora Nyampinga w’u Rwanda bahabwa ibibazo biri mu ndimi z’amahanga batabasha kwisanzuramo kandi bagakoresheje Ikinyarwanda cyangwa abasemuzi bikagenda neza.
-
Meghan umugore w’igikomangoma Harry yagaragaye mu ruhame akuriwe yambaye imyenda ihagaze akayabo k’amafaranga y’u Rwanda[AMAFOTO]
13 February 2019, by Martin MunezeroIgikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze nIgikomangoma Henry Harry.
-
Abagabo babiri bo muri Uganda bashinjwa kubangamira umudendezo w’ u Rwanda
2 October 2017, by Iyamuremye JanvierMaj Gen Frank Mugambage, Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko Leta y’u Rwanda yataye muri yombi Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda bakekwaho gushaka guhungabanya umutekano w’Igihugu cy’u Rwanda.
Aba bagabo babiri bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda umwe yitwa Simpson Mpirirwe ndetse na Didas Ndamira. Aba bombi bari mu maboko y’inzego z’umutekano z’u Rwanda mu gihe iperereza rikomeje ku byaha bashinjwa.
Maj Gen Frank yabwiye Daily Monitor yandikirwa mu gihugu cya Uganda (…) -
URUGENDO RW’UHAGARARIYE IGIHUGU CYA ISRAEL MU RWANDA RON ADAM, MURI ESPERANCE/KIMISAGARA
24 August 2020, by UbwanditsiTaliki ya 21 Kanama 2020, uhagarariye igihugu cya Israel mu Rwanda, Ron ADAM, yasuye umuryango Association des Jeunes Sportifs de Kigali “ESPERANCE’ ukorera ku Kimisagara.
Ambassador Adam yashyikirije ESPERANCE n’urubyiruko rw’ingimbi zihitoreza umupira w’amaguru inkunga y’ibikoresho nkenerwa mu myitozo n’imikino y’umupira w’amaguru birimo inkweto (godiyo), imipira yo kwambara, amakabutura n’amasogisi, imipira yo gukina, pompe zo guhaga imipira yo gukina n’amafirimbi.
Mu ijambo (…) -
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
26 August 2022, by UbwanditsiNiba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa (…)
Umuryango.rw
Umwongereza kabuhariwe mu kubaga umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka ikigo kivura umutima
URUGENDO RW’UHAGARARIYE IGIHUGU CYA ISRAEL MU RWANDA RON ADAM, MURI ESPERANCE/KIMISAGARA
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu