Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza, 2017 Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi Gacinya Chance Denis umunyemari akaba na Visi Perezida wa Rayon Sports.
ACP Theos Badege, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda yatangarije RuhagoYacu ducyesha iyi nkuru ko Gacinya Denis yatawe muri yombi gusa ko byinshi ku byo akurikiranyweho byabazwa ubushinjacyaha.
Yagize ati: “Ni byo Gacinya Denis ari mu maboko ya Polisi ku busabe bwa parike. Hari ibyo akurikiranyweho iperereza riracyakomeza”. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Visi Perezida wa Rayon Sport Gacinya Denis arafunze
19 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
-
Imvo n’ imvano y’ umunsi mpuzamahanga wa Mandela
19 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 18 Nyakanga ni Umunsi Mpuzamahanga wa Mandela, warashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2009 mu rwego rwo kumuha icyubahiro nk’umuntu wagize ibigwi bikomeye mu guhirimbanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu.
Nyakwigendera Nelson Mandela yagize ibigwi bitangaje, Afurika y’Epfo iramwirahira, isi yose imuha amashyi n’impundu kubera gukura Abanyafurika y’Epfo mu maboko ya bagashakabuhake b’abazungu bari barimitse ivangura ryari ryaraciye ibintu muri icyo gihugu, maze rigahabwa (…) -
Abadepite basabye ko Minisitiri na Meya nabo bajya baryozwa ibihombo mu masoko ya Leta
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018, abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu basabye ko mu mushinga w’Itegeko rigenga amasoko ya Leta hashyirwamo ingingo ivuga ko abayobozi bagomba kongerwa mu babazwa amakosa yabaye mu itangwa ry’ amasoko.
Ibi byavugiwe mu kiganiro iyi Komisiyo yagiranye na Dr Uziel Ndagijimana Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) nk’uhagarariye Guverinoma . Iki kiganiro (…) -
Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi
26 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next Einstein Forum irimo kubera I Kigali avuga ko ubufatanye aribwo bwatuma Isi yihuta mu bijyanye n’ ubuvumbuzi.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko yavuze ko ibikenewe ngo abantu bagere aho bashaka bihari cyane cyane binyuze mu buhanga buri mu rubyiruko ari narwo musingi wubakiyeho ahazaza ha Afurika.
Yagize ati “Ni ngombwa ko habaho ubufatanye mu bushakashatsi muri siyansi. Ibi nibyo bituma kuvumbura (…) -
Umubare w’ abagore mu nteko y’ u Rwanda waragabanyutse, ntabwo wiyongereye
7 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’amatora iratangaza ko ubwiganze bw’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko butazagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo.
-
Abadepite banze ko intumwa y’ umuyobozi w’ ibitaro bya Rwikwavu itanga ibisobanuro
29 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo 2018, abadepite banze kwakira intumwa yari yoherejwe n’umuyobozi w’Ibitaro bya Rwinkwavu, bakeka ko yanze kubitaba nkana kugira ngo atisobanura ku bibazo yari ahamagariwe.
Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko yatumije Dr Habiyaremye Michel ngo atange ibisobanuro ku kibazo cy’ umukozi uvuga ko yarenganyijwe n’ ibitaro ayoboye, ntiyitaba ahubwo yohereza umuhagararira.
Komisiyo yari yamutumije kugira ngo asobanure ikibazo (…) -
Kamonyi: Umugore watemaguriye umwana we ku makoma yakatiwe gufungwa burundu [AMAFOTO]
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestClenie Mukashyaka wo umurenge wa Ngamba kuri uyu wa 30 Ukwakira 2018, urukiko rwamukatiye igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umwana we w’ imyaka 9.
-
Kagame yakiriye Perezida Nyusi wabimburiye abayobozi bategerejwe mu Rwanda
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestUrugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu Rwanda.
-
Umurwayi ufite ibimenyetso bya Ebola yagaragaye muri Uganda
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gace ka Gulu mu gihugu cya Uganda hagaragaye umurwayi ufite ibimenyetso nk’ ibya Ebola. Ibi bibaye nyuma y’ igihe gito iki cyorezo kigaragaye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo
Umuganga ku bitaro bya St Mary’s Hospital Lacor muri iyi ntara, Dr Emmanuel Ochola,yavuze ko uyu murwayi yavaga amaraso umubiri we wose, ubu akaba yashyizwe ahantu ha wenyine mu gihe hategerejwe ibizamini.
Yagize ati “Uyu murwayi yavuye kwisuzumisha bigaragara ko atameze neza, nyuma (…)
Umuryango.rw