Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mata 2020 mu murenge wa Rangiro akagari ka Gakenke umudugudu wa Rwasa,Mu karere ka Nyamasheke, umugabo witwa Harerimana Eric ufite imyaka 37 y’amavuko n’umugore we Nyirahabimana Immaculée ufite imyaka 25 basanzwe bapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyamasheke: Umugabo yasanzwe amanitse mu ruganiriro n’umugore we yapfiriye mu cyumba
22 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Gitifu wa Nyagatare n’ ushinzwe amasoko batawe muri yombi
7 September 2017, by Martin MunezeroUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare Alex Mugabo yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Nzeri aho ashinjwa gutanga isoko rya 1 157 931 600 binyuranije n’amategeko.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Jean Bosco Dusabe, yatangaje ko Alex Mugabo na mugenzi we Fred Kayitare bafashwe ejo mu ma saha ya saa cyenda n’igice z’igicamunsi (15h30), ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare.
IP Dusabe yagize ati "Nibyo koko (…) -
Uwahoze ari Meya wa Muhanga yarangije mu ishuri ryigisha guteka [AMAFOTO]
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestYvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu ngo zabo kuko usibye kumenya guteka neza, kwiga guteka bishobora no guhesha akazi ubyize. Mutakwasuku avuga ko igihe yabayeho atekerwa n’umukozi cyangwa akagura ibyo gukoresha mu rugo rwe, hari ibyo agiye guhindura kandi n’abandi bashobora guhindura.
Yagize ati “hari ibyo nikorera nk’umubyeyi mu (…) -
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…) -
Visi Perezida wa Rayon Sport Gacinya Denis arafunze
19 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza, 2017 Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi Gacinya Chance Denis umunyemari akaba na Visi Perezida wa Rayon Sports.
ACP Theos Badege, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda yatangarije RuhagoYacu ducyesha iyi nkuru ko Gacinya Denis yatawe muri yombi gusa ko byinshi ku byo akurikiranyweho byabazwa ubushinjacyaha.
Yagize ati: “Ni byo Gacinya Denis ari mu maboko ya Polisi ku busabe bwa parike. Hari ibyo akurikiranyweho iperereza riracyakomeza”. (…) -
Amashusho agaragaza uko uwahoze mu ngabo z’u Rwanda yashimutiwe muri Uganda, yasabwe gukorana na RNC arabyanga
11 August 2017, by Iyamuremye JanvierMu nkuru icukumbuye y’ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa mu gihugu cya Uganda yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kanama 2017 isobanura ikanagaragaza uko byagenze kugirango Sgt (Rtd) Rene Rutagungira ashimutirwe muri Uganda; hejuru y’ibyo banavuganye n’impande zose zirebwa n’iki kibazo.
Iki kinyamakuru cyashyize hanze amashusho yafashwe intambwe ku yindi kugirango uyu musirikare w’ipeti rya sgt ariko wavuye mu ngabo afatirwe muri iki gihugu cya Uganda. Chimpreports yashyize hanze (…) -
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
-
Imvo n’ imvano y’ umunsi mpuzamahanga wa Mandela
19 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 18 Nyakanga ni Umunsi Mpuzamahanga wa Mandela, warashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2009 mu rwego rwo kumuha icyubahiro nk’umuntu wagize ibigwi bikomeye mu guhirimbanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu.
Nyakwigendera Nelson Mandela yagize ibigwi bitangaje, Afurika y’Epfo iramwirahira, isi yose imuha amashyi n’impundu kubera gukura Abanyafurika y’Epfo mu maboko ya bagashakabuhake b’abazungu bari barimitse ivangura ryari ryaraciye ibintu muri icyo gihugu, maze rigahabwa (…) -
Abadepite basabye ko Minisitiri na Meya nabo bajya baryozwa ibihombo mu masoko ya Leta
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018, abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu basabye ko mu mushinga w’Itegeko rigenga amasoko ya Leta hashyirwamo ingingo ivuga ko abayobozi bagomba kongerwa mu babazwa amakosa yabaye mu itangwa ry’ amasoko.
Ibi byavugiwe mu kiganiro iyi Komisiyo yagiranye na Dr Uziel Ndagijimana Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) nk’uhagarariye Guverinoma . Iki kiganiro (…) -
Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi
26 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next Einstein Forum irimo kubera I Kigali avuga ko ubufatanye aribwo bwatuma Isi yihuta mu bijyanye n’ ubuvumbuzi.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko yavuze ko ibikenewe ngo abantu bagere aho bashaka bihari cyane cyane binyuze mu buhanga buri mu rubyiruko ari narwo musingi wubakiyeho ahazaza ha Afurika.
Yagize ati “Ni ngombwa ko habaho ubufatanye mu bushakashatsi muri siyansi. Ibi nibyo bituma kuvumbura (…)
Umuryango.rw
Nyamasheke: Umugabo yasanzwe amanitse mu ruganiriro n’umugore we yapfiriye mu cyumba
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi