Ubuyobozi bwa NIYO Travels bwemeza ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose, kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye ndetse bakaba bakomeje gahunda yo kubahuza na Kaminuza zikorana nabo ngo zibahe ibisobanuro byimbitse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ikigo Niyo Travels kigiye guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze bakorana n’abifuza kuzigamo
13 April 2023, by Ubwanditsi -
Uwigishije Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yavuze byinshi ku munyeshuli we wakuranye amatsiko
12 September 2017, by Iyamuremye JanvierEng.Habukuri Donat w’abana bane n’umugore umwe akaba umuhanga mu bwubatsi akaba anabifitiye impamyabumenyi y’ikirenga, ni umwe mu barimu baciye imbere ya Minisitiri w’Intebe, Dr.Ngirente Eduard w’imyaka 44 y’amavuko.
Habakuri avuga ko ahagana mu 1994 yakoraga muri CSR yaje gusabwa n’ikigo cya G. S de la Salle giherereye mu karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaraguru kwigishamo isomo rya Phyisique mu mwaka wa Gatandatu, ngo Minisitiri w’intebe mushya w’u Rwanda yamubonyemo ubushobozi kuva (…) -
‘Abanya Muhanga murashimishije cyane’ -P.Kagame
18 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame asoje ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017 yagiriraga muri Ngororero na Muhanga.
Paul Kagame yashimye bikomeye abaturage bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza bisenderezwa n’urubyiriko rwakomezaga guhuza amajwi ariko nako batera indirimbo zishima umukandida wabo.Paul Kagame arababwira ati ‘Abanyamuhanga murashimishije cyane’.
Umukandida wa FPR Inkotanyi yatangiye ijambo rye ashimira abayobozi batandukanye baba (…) -
Umubyeyi wahoze mu buraya yatangaje icyamushenguraga kurusha ibindi aha inama abakiburimo
16 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi w’ abana batatu utuye mu karere ka Rubavu yatangaje ubuzima yabayemo bwatumye yishora mu buraya n’ ukuntu nta kiza yabonyemo agira inama abakibukora.
Uyu mubyeyi yatangarije Umuryango ko yagiye muri uyu mwuga bitewe n’ ubzima bubi yari abayemo nyuma yo gupfusha umugabo bari bafitanye abana batatu.
Yagize ati “Nashatse ndi umwana ndi umunyeshuri. Hanyuma umugabo wanjye aza kwitaba Imana muri 2010,ansigira abana batatu. Nahise mbura uko nasubira iwacu kuko ntavuka inaha mvuka I (…) -
Perezida Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego za gisirikare
2 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Paul Kagame, yahinduye bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Maj. Gen. Emmanuel Bayingana yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
Ange Kagame na Bertrand bakoreye ukwezi kwa buki ’Honeymoon’ muri pariki ya Nyungwe
21 July 2019, by Martin MunezeroUbwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand bijyanye n’ukwemera Gatolika, uwo muhango wayobowe na Musenyeri KAMBANDA Antoine.
-
Bamporiki, RALC na Minisitiri Nyirasafari bagize bavuga ku birori bizakorerwa ubusambanyi [AMAFOTO]
8 November 2018, by Martin MunezeroNyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo rigikumira ryari ryashyirwa ahagaragara.
-
Minisitiri Gashumba asanga abantu bose bahagurutse kurandura imirire mibi 100% bitatinda
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba aha umwana amata mu irerero ryo muri Nyamagabe
Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yasabye inzego z’ ubuyobozi n’ abaturage guhagurikira rimwe bakarwanya ikibazo cy’ imirire mibi mu bana bato ashimangira ko abantu bose bahagurukiye iki kibazo kurandura imirire mibi byagerwaho 100 ku 100 bidatinze.
Ubu butumwa yabutanze ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’ umubyeyi n’ ubw’ umwana.
Minisiteri y’ ubuzima ivuga mu bikorwa (…) -
Umwana wakiriwe na Perezida Kagame aragaruka vuba abara inkuru y’ubuzima bwe
13 July 2017, by Iyamuremye JanvierWendy Waeni, umukobwa w’imyaka 12 y’amavuko wakabirijwe inzozi ubwo yahuraga na Perezida Kagame mu mwaka wa 2016, agiye kugaruka mu Rwanda aho azitabira inama ‘Youth Connect Africa Summit’’.
Kuwa 9 Nzeri 2016, ni bwo uyu mwana w’umukobwa wamaze kuba icyamamare, yakiriwe n’Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, gusa nta cyatangajwe mu byo baganiriye.
Uyu mwana ubundi ukomoka mu gihugu cya Kenya ufite impano idasanzwe mu mukino ngororamubiri azataramira urubyiruko, abaherwe ndetse (…) -
Ntawe uzongera kuba mwarimu adatsinze ikizami cy’ Icyongereza n’ Ikoranabuhanga
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi, REB, bwatangaje ko bwahagurukiye ikibazo cy’imikoreshereze idahwitse y’ururimi rw’Icyongereza mu barimu bigatuma badindiza abanyeshuri, ku buryo mbere yo kuba abarimu bazajya basabwa gutsinda ikizamini cy’Icyongereza n’ikoranabuhanga.
Umuryango.rw
Ikigo Niyo Travels kigiye guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze bakorana n’abifuza kuzigamo
Minisitiri Gashumba asanga abantu bose bahagurutse kurandura imirire mibi 100% bitatinda