Nyuma y’aho Guverinoma ifashe umwanzuro wo gufunga ibigo by’amashuri kubera kwiyongera gukabije kw’abandura Covid-19,Minisiteri y’Uburezi yahishuye ingengabihe y’uko abanyeshuri bazasoza ibizamini kuri uyu wa Gatandatu.
Itangazo MINEDUC yashyize hanze Itangazo rigira riti:
Abanyeshuri batazakora ibizamini bya Leta kandi biga bacumbikiwe mu bigo by’amashuri bazatangira kujya mu biruhuko guhera tariki ya 01 Nyakanga kugeza ku wa 4 Nyakanga 2021.
Akaba ari muri urwo rwego, Minisiteri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINEDUC yashyize hanze gahunda y’uko abanyeshuri bazataha
29 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko yatunguwe cyane n’urwego rw’imitegurire yayiranze, agaragaza isomo amahanga akwiye kwigira ku Rwanda.
-
Gen. Ibingira yasimbuwe ku buyobozi bw’ Inkeragutabara azisize ku murongo
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Republika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yagize Maj Gen Aloys Muganga umugaba w’agateganyo w’Inkeragutabara, Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018.
-
Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri Guverinoma yashyizweho
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk’ uko byari byitezwe na bamwe.
Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe ntabwo bagaragaye muri guverinoma nshya yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017, igizwe n’ abaminisitiri 20 n’ abanyamabanga ba leta 11.
Perezida Kagame yagize amajwi 98, 66, akurikirwa na Mpayimana Philippe wagize amajwi 0, 73 mu gihe Dr Frank Habineza w’ ishyaka (…) -
Prerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.
16 April 2022, by Joseph IradukundaPrerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.
Muru ruzinduko rw’akazi ari kugirira mu gihugu cya Barbados nka kimwe mu bigize ibirwa bya Caraïbes, Umukuru w’u Rwanda Paulo Kagame yavuze ko Afurika ifite byinshi ihuriyeho n’ibi bihugu. -
Abadepite banze ko intumwa y’ umuyobozi w’ ibitaro bya Rwikwavu itanga ibisobanuro
29 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo 2018, abadepite banze kwakira intumwa yari yoherejwe n’umuyobozi w’Ibitaro bya Rwinkwavu, bakeka ko yanze kubitaba nkana kugira ngo atisobanura ku bibazo yari ahamagariwe.
Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko yatumije Dr Habiyaremye Michel ngo atange ibisobanuro ku kibazo cy’ umukozi uvuga ko yarenganyijwe n’ ibitaro ayoboye, ntiyitaba ahubwo yohereza umuhagararira.
Komisiyo yari yamutumije kugira ngo asobanure ikibazo (…) -
Ntimuzemerere na rimwe ababatunga urutoki bababwira uko mwifata-Kagame I Gicumbi
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi iri imbere, yabwiye abaturage bari bateraniye I Gicumbi ko badakwiye kwemerera umuntu wese abatunga agatoki abareka uko bakwiye kwifata.
Yagize ati "ntimuzemerere na rimwe ababatunga urutoki bababwira uko mwifata….byo FPR yaharaniye, abo yatakarije hano ntabwo byapfa ubusa….”
Yanababwiye ko amashuli, amashanyarazi amazi meza ndetse n’ibindi byose abaturage bakeneye biri mu nzira mu myaka iri imbere. Ati “Ibyiza byinshi (…) -
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestIgipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
-
Itorero Anglican Gikomero ku bufatanye na Compassion International boroje Imiryango 16 Itishoboye
10 June 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa 9 Kamena 2023, mu murenge wa Gikomero,Itorero Anglican ry’u Rwanda Paroice Gikomero boroje inka abana 16 bakomoka mu miryango itishoboye basanzwe bafasha kwikura mu bukene.
Ni ku bufatanye na Compassion International Rwanda basanzwe bafatanya kwita ku miryango 251 binyuze mu mushinga RW0801 EAR MUNINI umaze imyaka isatira itatu uharanira kugobotora umwana mungoyi z’ubukene mu izina rya Yesu.
yatanze Inka ku miryango 16 itishoboye. Izi nka zikaba zatanzwe mu rwego rwo (…) -
Perezida Kagame yasabye abanyaburayi kugabanya kumva ko bari hejuru mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
24 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane kuko hari ingero nyinshi z’ibyo bakora zibuhonyora.
Umuryango.rw
MINEDUC yashyize hanze gahunda y’uko abanyeshuri bazataha
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
Prerezida Kagame yavuze isano iri hagati ya Afurika n’ibihugu bya Caraibe.
Itorero Anglican Gikomero ku bufatanye na Compassion International boroje Imiryango 16 Itishoboye