Abagabo bakomoka I Gicumbi bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n’ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gicumbi:Ngo kurongora umugore umwe gusa babiterwa n’ubukene
7 October 2019, by Martin Munezero -
Umwana w’umunyarwanda wamamaye kubera impano yo kubwiriza agiye kwerekeza hanze(AMAFOTO+VIDEO)
17 May 2017, by Martin MunezeroAbenshi babonye amafoto ndetse n’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga y’umwana muto w’umuhungu ubwiriza ijambo ry’Imana mu buryo budasanzwe ariko hari abo bigora kwemera ko afite imyaka itanu.
Amizero Juge ni umwana ufite impano idasanzwe yo kwigisha ijambo ry’Imana aho yatangiye kubwiriza mu ruhame afite imyaka ibiri n’igice, ndetse tariki ya 13 Gicurasi ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka itanu avutse, yari amaze iminsi mike abonye ubutumire bwo kuzajya kubwiriza muri Australia. (…) -
“Dufite abantu bafunze kuko babangamiye abana babo bababuza gushakana” Fidele Ndayisaba
16 April 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’ ubwiyunge yagaragaje ko mu Rwanda ikintu cyose kijyanye n’ amacakubiri n’ ivangura kidakinishwa kugeza aho ababyeyi babujije abana babo gushakana kuko hari ibyo badahuje babihanirwa n’ amategeko.
Umunyambanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’ igihugu y’ ubumwe n’ ubwiyunge Fidele Ndayisaba yabikomojeho ubwo yaganirizaga abanyamakuru kuri uyu wa 16 Mata 2018, anavuga ko magingo aya hari ababyeyi bafunzwe bazira kubangamira abana babo bababuza gushyingiranwa (…) -
Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi
4 August 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko nubwo afite itike yo kuza mu Rwanda kuwa 08 Kanama 2020, mu kazi ko gutoza Kiyovu Sports,atazigera aza gutoza iyi kipe kubera ubwumvikane buke buri mu bayobozi b’iyi kipe.
-
Abadepite 48 ba Zambia bahagaritswe kubera gusuzugura ijambo rya Perezida Lungu
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestLeta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga rumwe n’ ubutegetsi kubera kwanga gutega amatwi ijambo rya Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Abo badepite banze kwitabira inama y’ abayobozi bakuru b’ igihugu yabaye muri Werurwe 2017 bavuga ko Perezida Lungu atariwe Perezida wemewe n’ amategeko watowe mu matora yabaye umwaka ushize wa 2016.
Perezida w’ inteko ishinga amategeko ya Zambia Patrick Matibini yabwiye Ikinyamakuru Lusaka Times ko ibyo (…) -
Abahagarariye ibihugu by’Africa muri Kigali barateganya gufatanya n’abanyarwanda gutangiza umuganda mu bihugu bavukamo
30 May 2018, by Nsanzimana Ernestifoto y’ urwibutso nyuma y’ umuganda wo ku wa Gatandatu tariki 26 Gicurasi 2018 witabiriwe n’ abambasaderi 15 n’abagize umuryango uharanira kwibohora nyako kwa Africa wasozaga icyumweru cyahariwe ibikorwa byizihizaga umunsi wo kwibohora nyako kwa Africa wabaye taliki 25 gicurasi 2018
Abagize Pan African Movement(PAM) mu Rwanda bagiye gufatanya n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda gutangiza umuganda mu biguhugu byose b’ Afurika ikiciro cya mbere kizatangirana n’ ibihugu 15. -
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo
13 June 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu umurenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko babuze aho bahahira nyuma y’uko kuva kuri uyu wa gatanu tariki 12 kamena 2020 uwo murenge washyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo kubera COVID-19.
-
Inyubako UTC ya Rujugiro si ukugurishwa gusa ahubwo ishobora no gusenywa
12 May 2017, by UbwanditsiInyubako ya Union Trade Center/ Foto:Mahoro Luqman
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasohoye itangazo rigaragaza urutonde rw’imitungo cyafatiriye kubera ba nyirayo barimo iki kigo ibirarane by’imisoro ndetse iki kigo kikaba cyasabye buri wese kuba atagura iyi mitungo cyangwa ngo ayikodeshe kuko ifatiriwe.
Mu mitungo yasohotse kuri uru rutonde harimo n’inyubako Union Trade Center (UTC) iri tangazo rivuga ko ari iy’umunyemali Ayabatwa Tribert Rujugiro.
Ba nyiri imitungo (…) -
Gakenke: Imiryango 9 yashyikirijwe inka yemerewe na Mme J.Kagame
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Nemba, mu karere ka Gakenke, imiryango icyenda (9) ya shyikirijwe inka bemerewe na Madamu Jeannette Kagame. Abagize iyi miryango bishimiye izo nka bavuga ko imibereho igiye guhinduka kuri bo ndetse n’abana babo ngo ntibazongera kugaragaza ibibazo biterwa n’imirire mibi.
-
Iperereza ry’ ibanze ku rupfu rwa Pasiteri Maggie ryagaragaje ko yishwe anizwe
16 September 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko Pasiteri Maggie Mutesi witabye Imana ku Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 yishwe anizwe. Mu bakekwa harimo n’ umugabo wa Nyakwigendera.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Theos Badege, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko iperereza ryerekanye ko Pasiteri Maggie yishwe anizwe.
Yagize ati “iperereza ry’ibanze riragaragaza ko [Pasiteri Maggie Mutesi] yishwe, azira kubura umwuka, anizwe cyangwa hakoreshejwe ikindi kintu’’. ACP (…)
Umuryango.rw
Karekezi Olivier avuga ko atazaza gutoza Kiyovu Sports ikirimo umwuka mubi
Abatuye ku kirwa cya Nkombo batangiye gutabaza nyuma y’umunsi umwe bashyizwe muri #Gumamurugo