Kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Kanama 2018, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), José Graziano da Silva.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Nanyuzwe no kongera guhura na Perezida Kagame’ Umuyobozi wa FAO
22 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ikibazo cy’imirire mibi cyaragabanutse mu nkambi z’impunzi
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo zivuga ko ikibazo cy’ imirire mibi cyagabanutse nyuma y’ uko zihinduye imyumvire yo kumva ko kubona indyo bisaba amikoro ahambaye.
-
RDB yamenyesheje PAC ko igiye guhindura uburyo bw’ibaruramari yakoreshaga
29 September 2017, by Iyamuremye JanvierIkigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB cyemereye komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu PAC ko kigiye guhindura uburyo bw’ibaruramari cyakoreshaga, kugira ngo ibibazo byakundaga kuvuka bitazongera kubaho. Ni mu bisobanuro RDB yahaye iyi komisiyo y’inteko ishingamategeko ku makosa yagaragaye muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta mu myaka itandukanye.
Mu makosa yagaragaye muri iki kigo harimo kuba uburyo gikoresha mu ibaruramari butajyanye (…) -
Ruhango: Umugore yakase igitsina cy’ umugabo we aratoroka
31 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’ imyaka 23 yakase igitsina cy’ umugabo we w’ imyaka 32 ahita atoroka, umugabo ajya kwa muganga abatekerereza uko byamugendekeye.
-
Evode Imena wari ugiye kumara umwaka akurikiranyweho ibyaha yagizwe umwere
7 December 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Imena Evode wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere.
Evode Imena washinjwaga ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.
Imena watawe muri yombi muri Mutarama 2017 akaza gufungurwa by’agateganyo muri Gashyantare, kuri uyu wa Kane tariki 7 Ukuboza 2017 nibwo urukiko rwasomye umwanzuro ku byaha yashinjwaga. Yashinjwaga ko yatonesheje sosiyete yitwa Mwashamba Mining Ltd ayiha uruhushya rwo gucukura amabuye (…) -
Rwandair yamaganye ibyo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege mu mahanga
30 September 2017, by Iyamuremye JanvierSosiyete ikora ingendo mu kirere ya Rwandair yabeshyuje amakuru y’uko umuyobozi wayo wungirije wa Rwandair azahura n’abanyeshuri barangije mu mashami atatu ( Computer Engineering , Electrical Engineering , Mechanical and Electrical Engineering ).
Iri tangazo ryanyujijwe kuri Whatsapp ryavugaga ko ari mu rwego rwo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege nyuma bakabona akazi muri RwandAir.
Mu itangazo iki Kigo cyashyize kuri Twitter, rigira riti :“RwandAir iramenyesha abanyarwanda bose ko (…) -
Dore ibyangombwa birenga 10 bisabwa ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017, komisiyo y’ igihugu yatangiye kwakira kandidatire z’ abifuza kuyobora u Rwanda binyuze mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama 2017.
Dore ibyangombwa iyi komisiyo irimo kwaka abifuza guhatanira intebe y’ umukuru w’ igihugu mu matora.
1. Icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwanda. 2. Icyangombwa cyemeza ko afite ubwenegihugu bw’ u Rwanda gusa. 3. Icyemeza ko ubwenegihugu yari afite yabushubije niba yarabuhoranye. 4. (…) -
Abanyeshuri ba Kaminuza y’ u Rwanda bamaze kugabanyukaho 9 000
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmubare w’ abanyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu myaka 5 ishize umaze kugabanyukaho hafi ibihumbi 9 nk’ uko byatangajwe n’ ubuyobozi bw’ iyi Kaminuza imaze imyaka itanu ishyizweho.
-
Gicumbi: Umwarimu aravugwaho gusambanya umukobwa yigisha yitwaje kureba aho imbwa yamurumye
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestMu karere ka Gicumbi kuri sitasiyo ya Polisi ya Byumba hafungiye umwarimu wigishaga ku rwunge rw’amashuri rwa Byumba Inyange ukekwaho gusambanya umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko yigishaga.
-
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
25 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020,umugabo w’imyaka 61yahitanwe na Covid-19.Uyu mugabo yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo,bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15.
Umuryango.rw
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda