U Rwanda rwatangiye icyiciro cya 3 cyo gukingira Covid-19 mu buryo bwagutse mu mujyi wa Kigali kireba abantu bafite imyaka 18 kuzamura ndetse iyi gahunda yitabiriwe cyane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: Kwikingiza Covid-19 ku bafite imyaka igeze kuri 18 byatangiye ku bwitabire bwo hejuru
23 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Kagame yumvise ubusabe bw’umwana afunguza umubyeyi we wari ufungiye ibiyobyabwenge
17 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmwana witwa Igisubizo Swaliha wagize amahirwe yo guterurwa na Perezida Paul Kagame i Nyamirambo, yongeye kugira ibyishimo by’ikirenga nyuma y’uko kagame yumvise ubusabe bwe agafunguza ise umubyara wari ufungiye gukoresha ibiyobyabwenge kuva mu 2016.
Tariki 20 Nyakanga 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yiyamamarije i Nyamirambo, ahurira n’ uyu mwana w’imyaka ine y’amavuko witwa Gisubizo Swariha Yassine hafi ya Maison Tresor.
Ubwo Umuryango wasuraga uyu mwana na mama we aho batuye mu (…) -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
-
Uwatwikishije ipasi umukozi wo mu rugo w’ imyaka 16 nta gihano yahawe
31 March 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ngoma rwakatiye Noella Ihirwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorera iyicarubozo Synthia Umutoniwase wamukoreraga akazi ko mu rugo, gusa uwitwa Joseph watwikishije uyu mukozi ipasi nta gihano yahawe nyamara umuturanyi wahamijwe kumukanda amabere no kumupfura imisatsi yahanishijwe gufungwa umwaka n’ amezi atatu.
Kuba Noella yarakatiwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse bivuze ko atagezwa muri gereza.
Ibimenyetso umushinjacyaha (…) -
Umuhanda Perezida Kagame yaduhaye uturutira izahabu zose zibaho – Meya Kamali
28 August 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien avuga ko bishimira umuhanda wa kabulimbo bahawe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akemeza ko ubarutira izahabu zose zibaho.
Uyu muyobozi yabitangarije abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 28 Kanama 2017.
Akarere ka Nyamasheke ni akarere gatuwe n’ abaturage 412 718 nk’ uko imibare iheruka kubigaragaza.
Mu byo abagatuye bishimira harimo kuba Nyamasheke ifite ikirere gihora gihehehereye bitewe n’ uko ikora kuri parike ya Nyungwe no (…) -
J.Cole yasezeye neza abakinnyi ba Patriots BBC , abaha Impano y’ikweto zo mu bwoko bwa Puma[AMAFOTO]
26 May 2021, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyamerica wamamaye mu njyana ya HipHop akaba n’umukinnyi wa Basketball wabigize umwuga ,Jermarine Lamarr Cole uzwi ku izina rya J.Cole yahaye Impamano y’ibikoresho abakinnyi bagenzi be bakinira mu ikipe ya Patriots Basketball Club yo mu Rwanda mu gihe yiteguraga gusibira Muri America .
-
Perezida Kagame yunamiye Prof. Calestous Juma
16 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yihanganishije umuryango w’ Umunyakenya wigishaga muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika witabye Imana ubwo yari arimo kuvurirwa Boston, muri Leta ya Massachusetts.
Perezida Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Tubabajwe no kumva ko Prof. Calestous Juma yatabarutse. Tubuze intiti yitangiraga guhanga udushya, uburezi n’ uburumbuke bw’ Afurika. Twihanganishije umuryango we n’ inshuti. Aruhukire mu mahoro”
Muri (…) -
UNHCR irashinja polisi y’ u Rwanda gukoresha amasasu mu guhosha imyigaragambyo y’ impunzi
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestIshami ry’ Umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR ryatangaje ko ryababajwe bikomeye n’ urupfu rw’ impunzi eshanu zaguye mu myigaragambyo y’ impunzi z’ Abanyekongo yaberaga ku biro by’ uyu muryango biri mu karere ka Karongi.
Mu itangazo UNHCR yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Gashyantare 2018 yavuze ko polisi y’ u Rwanda yakoresheje ibyuka biryana mu maso mu rwego rwo gutatanya impunzi zari mu myigaragarambyo yabona ntacyo bitanze igakoresha amasasu.
Iryo tangazo (…) -
CAF yategetse ko umukino wa Wydad Casablanca na Esperance de Tunis uzasubirwamo
5 June 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko umukino wa nyuma wa CAF Champions League wahuje Wydad na Esperance uzasubirwamo, nyuma yo guhagarara ku munota wa 62 utarangiye kubera ibura ry’amashusho yunganira abasifuzi azwi nka VAR.
-
‘Ibirenge n’ intoki byacu byashyizwe mu muriro ntitwasibangana’ Perezida Kagame
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe yavuze ko Afurika yanyuze mu bibazo bikomeye ariko ntigire icyo iba asaba urubyiruko rw’ uyu mugabane tukagamburuzwa n’ ibibazo.
Umuryango.rw
Kigali: Kwikingiza Covid-19 ku bafite imyaka igeze kuri 18 byatangiye ku bwitabire bwo hejuru