Yvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu ngo zabo kuko usibye kumenya guteka neza, kwiga guteka bishobora no guhesha akazi ubyize. Mutakwasuku avuga ko igihe yabayeho atekerwa n’umukozi cyangwa akagura ibyo gukoresha mu rugo rwe, hari ibyo agiye guhindura kandi n’abandi bashobora guhindura.
Yagize ati “hari ibyo nikorera nk’umubyeyi mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwahoze ari Meya wa Muhanga yarangije mu ishuri ryigisha guteka [AMAFOTO]
28 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Gisagara: Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuli
12 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Musabyimana Emmanuel, uri mu kigero cy’ imyaka 30 wigisha ku ishuri rya G.S.Gasagara yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha akekwaho gusambanya umunyeshuri.
-
Uwari Gitifu w’Akarere ka Gisagara yasezeye ku kazi
28 September 2017, by Nsanzimana ErnestMvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa Kane tariki 28 Nzeli 2017, Mvukiyehe Innocent n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara bitabiriye inama I Kigali.
Ku murongo wa telefone twagerageje kuvugana n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara Rutaburingoga Jérôme ntibyadushokera. Ibi ninako byagenze kuri Mvukiyehe kuko nawe twageregeje kumuvugisha ariko (…) -
Major Sankara wigambaga gufata ishyamba rya Nyungwe yamaze kugezwa mu Rwanda
30 April 2019, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’umutwe wa FLN,ushamikiye kuri MRCD ya Rusesabagina,Nsabimana Callixte wiyitaga Majoro Sankara wakunze kumvikana ku maradiyo mpuzamahanga no kuri youtube yigamba gufata ishyamba rya Nyungwe,yamaze kugezwa mu Rwanda aho kuri ubu ari mu maboko ya RIB.
-
Diane Rwigara yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye
14 July 2017, by Iyamuremye JanvierDiane Shima Rwigara umwe mu bahatanira kuyobora u Rwanda utarashyizwe ku rutonde nta kuka yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye igihe yashakaga imikono 600 yabamusinyira kugirango yiyamamaze.
Diane avuga ko irangamuntu Komisiyo y’amatora yeretse itangazamakuru ntaho zihuriye nizo we yari afite.Avuga ko nawe atazi uko byagenze kugirango NEC imubeshyere. -
Amatangazo ateza cyamunara inyubako UTC ya Rujugiro yamaze kumanikwa
11 September 2017, by Joseph HakuzwumuremyiKu gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamanitse ahahurira abantu benshi mu gace inyubako ya Union Trade Center (UTC) imenyesha abantu banyuranye ko taliki 25/9/2017 saa munani z’amanywa izateza cyamunara iyi nyubako kubera imisoro ba nyirayo babereyemo iki kigo.
Muri Gicurasi uyu mwaka RRA yari yasohoye itangazo ririho sosiyete z’ubucuruzi ziyibereyemo imyenda ndetse iziha igihe ntarengwa cyo kuba bishyuye byabananira imitungo yabo igatezwa cyamunara, (…) -
#Umwiherero 2020: Nubwo Uganda idusaba gufungura imipaka niyo yayifunze-Perezida Kagame
16 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko ikibazo cy’u Rwanda na Uganda cyakomejwe na Uganda ubwayo kuko ariyo yahohoteye Abanyarwanda bajyagamo bituma asaba ko bahagarika kujyayo kuko batafatwaga neza bagezeyo.
-
AMAFOTO na VIDEWO utabonye ubwo Perezida Kagame yafunguraga ikibuga cya Basketball I Nyamirambo
8 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Ni ibirori byahurije hamwe abayobozi batandukanye barimo:Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne, Masai Ujiri wavukiye muri Nigeria uyoborai tsinda rya Giants of Africa; Richard Mutabazi, Umunyamabanga mukuru wa FERWABA na Ange Kagame umukobwa wa Perezida Kagame.
Igikorwa cyo kuvugura ikibuga cya Club (…) -
Gicumbi: Gukunda amandazi bituma batwara inda batateguye
24 November 2018Abakobwa bo mu Karere ka Gicumbi bahishuye ko amandazi n’ imyenda igezweho yo kwambara (style) aribyo ntandaro y’ inda zitateganyijwe.
-
Umutoza wirukanwe mu ikipe ya Real Madrid yasabye akazi ko gusimbura Sarri muri Chelsea FC
26 May 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Chelsea FC irashaka umusimbura wa Maurizio Sarri nyuma y’umukino wa nyuma wa Europa League aho kuri ubu yamaze guhanga amaso ku munya Espagne Julen Lopetegui wirukanwe nabi na Real Madrid mu mwaka w’imikino ushizewayandikiye ayisaba akazi.
Umuryango.rw
Gicumbi: Gukunda amandazi bituma batwara inda batateguye