Uyu munsi tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo mu gihugu cya Armenia hateganyijwe amatora y’ Umunyamabanga w’ Umuryango uhuza ibihungu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Francophonie. Abakandida ni babiri Louise Mushikiwabo n’ umunya- Canada usanzwe awuyobora Michaelle Jean.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mushikiwabo natorerwa kuyobora Francophonie aregura ku buminisitiri amazeho imyaka 10
12 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umwe mu bakinnyi bakina hanze yakuwe ku rutonde rw’amavubi yabo agomba kwerekezanya muri Centre Afrique(REBA URUTONDE)
5 June 2017, by Martin MunezeroNyuma y’imyitozo ikipe y’igihugu Amavubi imaze ikora, ndetse n’imikino 2 yakinnye na Maroc, umutoza Antoine Hey yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 19 azakuramo 18 azajyana muri Centre Afrique gukina umukino ubanza
Mu bakinnyi basezerewe harimo myugariro Rucogoza Aimable Mambo wa Bugesera FC wari wahamagawe nyuma y’imyaka itandatu atambara umwenda w’ikipe y’igihugu, Iradukunda Eric wa AS Kigali, Mugisha Gilbert wa Pépinière FC, Mico Justin wa Police FC, Niyonzima Ally wa Mukura VS na (…) -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
-
Umuyobozi muri Minisiteri yirukanywe burundu nyuma yo guha mushiki we za misiyo hanze
15 February 2018Gashayija Nathan wari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yirukanywe burundu n’ inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2018. Uyu muyobozi yahaga ubutumwa bw’akazi mushikiwe utari umukozi wa Leta.
Mu ntangiriro z’umwaka ushize yagejejwe mu rukiko akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango cyangwa icyenewabo , aho ubushinjacyaha buvuga ko yajyaga ashyira mushiki we witwa Nora Nyiraneza ku rutonde rw’abahabwa ubutumwa (…) -
Kenya: Uhuru Kenyatta yatowe kuri 98%, abamaze gupfa ni bane-AMAFOTO
26 October 2017, by Nsanzimana Ernest– Kenyatta yatowe kuri 98%
– abaguye mu myigaragambyo ni bane
– Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
– Amatora yitabiriwe na 40%
– Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari itwaye ibikoresho by’ itora yakoze impanuka
– Uyoboye Komisiyo ishizwe amatora IEBC, Wafula Chebukati, yavuze ko amatora ashobora kwigezwa imbere haramutse habaye umutekano muke -
Uko Perezida Kagame yasubije umukobwa w’ Umunya Mali wibaza niba yabona Ubunyarwanda
10 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMu kiganiro n’Abanyarwanda batari bake hamwe n’inshuti z’u Rwanda bitabiriye RwandaDay ya 10 yabereye mu Bubiligi, Perezida Kagame yasubije ibibazo byinshi aho yanabwiye umwari uvuka mu gihugu cya Mali ko ashobora kubona ubwenegihugu bw’u Rwanda ndetse akaba yabona n’umusore umurongora niba atarashaka umugabo.
Ibi ni bimwe mu bisubizo binyuze amatwi y’abantu Perezida Kagame yasubije abari mu cyumba cyabereyemo ibirori bya RwandaDay mu Bubiligi.
Mu buhamya bwajyanye n’ikifuzo cyo kubona (…) -
Raporo ya muganga yateje impaka mu rubanza rwa Davis D na Kevin Kade
12 May 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, rwatangiye kuburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo abahanzi Davis D na Kevin Kade n’umufotozi witwa Habimana Thierry bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umukobwa utagejeje imyaka y’ubukure.
-
Watch Bundesliga on StarTimes Bayern marching towards the title
1 June 2020, by UbwanditsiAfter winning in Dortmund and following that up with a comfortable 5-0 victory against struggling Düsseldorf on the weekend, Bayern München are marching towards an eighth successive title.
This coming weekend, Bayer Leverkusen are the team desperate to halt – if even momentarily – that march.
Peter Bosz’s side have been blowing hot and cold since the restart of the season, winning their first match 4-1 at Werder Bremen and 3-1 at Borussia Mönchengladbach, but then crashing spectacularly (…) -
Impamvu yateye umunyarwanda Sebuyange w’ imyaka 90 gukora ubukwe n’ umukecuru bamaranye 63 yamenyekanye
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana kubana akaramata bamaze imyaka 63 babana. Icyateye uyu musaza gusezerana ngo ni ibyo yabonye mu itabaro aherutse kujyamo.
-
Amwe mu mateka yaranze tariki 2 Nyakanga umunsi Lumumba yavutseho
2 July 2017, by Renzaho FerdinandIsomere ibyaranze tariki ya 02 Nyakanga, umunsi ugaragaza kimwe cya kabiri cy’umwaka usanzwe, umunsi urimo iyicwa ry’umugabo utazibagirana mu mateka y’isi cyane muri Afurika. Turi tariki ya 02 Nyakanga, ni umunsi w’ 183 mu minsi 365 igize uyu mwaka usigaje iminsi 182 ngo ugere ku musozo.
Uyu munsi ni umunsi uri hagati na hagati y’iminsi yose igize umwaka usanzwe, kubera ko hamaze kurangira iminsi 182 hakaba hasigaye iyindi minsi 182. Isaha nyakuri igaragaza ko umwaka ugeze hagati ni saa (…)
Umuryango.rw
Uko Perezida Kagame yasubije umukobwa w’ Umunya Mali wibaza niba yabona Ubunyarwanda
Watch Bundesliga on StarTimes Bayern marching towards the title