Leta ya Congo yateye utwatsi ibyo u Rwanda ruyishinja ko indege yayo, Sukhoi-25 yongeye kuvogera ikirere cyarwo.
Mu itangazo iyi leta yasohoye yavuze ko "nta ndege n’imwe muri ebyiri z’intambara za Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda,kuwa 28 Ukuboza 2022."
Iri tangazo rya leta ya Kongo rivuga ko imenyesha amahanga ko izi ndege zagurukiye hejuru y’ikiyaga cya Kivu ku butaka bwa RDC ko zitigeze zigera mu Rwanda.
Yavuze ko u Rwanda rudakwiriye kuvuga ko kuguruka kw’indege za RDC ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
30 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Abaminisitiri batatu b’u Rwanda berekeje ku mipaka y’u Rwanda na RDC mu bugenzuzi bugamije gukumira Ebola
5 August 2019, by Dusingizimana RemyAbaminisitiri 3 b’ u Rwanda barimo uw’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, uw’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase n’uw’ibikorwa by’ubutabazi Germaine Kamayirese bazindukiye mu karere ka Rubavu mu gikorwa cy’ubugenzuzi bwo kureba uko gahunda yo gukumira Ebola ihagaze.
-
Guverinoma: “Ikipe itsinda” yari irangiye mu kibuga babiri mu bayihozemo baragaruka
19 October 2018, by UbwanditsiLouise Mushikiwabo (uherutse gutorerwa kuyobora Francophonie) na Gen James Kabarebe nibo ba Minisitiri bari basigaye mu itsinda ry’abaminisitiri batangiranye manda ya 2 na Perezida Kagame muri 2010
Muri Kanama 2010 nibwo Perezida Paul Kagame yatorewe kongera kuyobora u Rwanda muri manda ya kabiri. Ubwo yarahiraga tariki ya 06 Nzeli 2010 yavuze ko benshi mu bagize Guverinoma bazayigumamo kuko ngo ntawe uhindura “ikipe itsinda”.
-
Perezida Macron yashyizeho umugaba mukuru w’Ingabo wagize uruhare muri ‘Operation Turquoise’
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida w’Ubufaransa Jean Michelle Emmanuel Macron yashyizeho Umugaba Mukuru w’ingabo mushya General François Lecointre usimbura Gen Pierre Le Jolis de Villiers weguye ku mirimo ye.
General François Lecointre yashyizwe kuri uyu mwanya ku wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017. Uyu mugabo yagize uruhare rukomeye muri Operation Turquoise mu Rwanda.
Uwo asimbuye ni Gen Pierre de Villiers weguye ku mirimo ye nyuma yo kutumvikana na Perezida Emmanuel Macron ku kugabanya ingengo y’imari yari (…) -
Kenya: William Ruto yatangajwe ko yatsinze amatora ya Perezida imirwano ihita itangira
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Ruto w’imyaka 55 ni we watorewe kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya atsindiye ku majwi 50.49% naho Raila Odinga bari bahanganye agira 48.85%.
William Ruto ni we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Kenya,yabaye ku wa kabiri ushize,tariki 9 z’ukwezi kw’umunani.
Ruto yabaye umukuru w‘igihugu wa Kenya wa gatanu kuva icyo gihugu kibonye ubwigenge. Ruto yari asanzwe ari visi perezida yungirije Uhuru Kenyatta,barangije manda y’imyaka icumi.
Mbere y’uko ibyavuye mu matora (…) -
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
-
Abantu 4 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 110 barayandura
25 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gashyantare 2021,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 4 bishwe na COVID-19 mu Rwanda, batuma abamaze gupfa bahitanwe nayo bagera kuri 258.
-
Seburikoko ntiyiteguye kujyana mu Nkiko abavuze ko Yapfuye
8 June 2019, by Martin MunezeroKuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hasakaye inkuru y’igihuha ivuga ko Niyitegeka Gratien, wamenyekanye nka Seburikoko , Papa Sava yitabye Imana azize impanuka ndetse ko umurambo we ukaba warahise ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kanombe.
-
Barafinda asanga abakandida batatu biyamamaje batararyohereje Abanyarwanda
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa bamazemo iminsi byo kwiyamamaza.
Mu kiganiro Barafinda yagiranye n’ Umuryango yavuze ko mu bakandida batatu aribo Dr Habineza Frank wa DGPR, Paul Kagame wa FPR n’ umukandida wigenga Mpayimana Philippe ngo nta numwe wigeze asezeranya Abanyarwanda ikintu gikomeye.
Ati “FPR yakomeje kwivugira biriya (…) -
Gisagara: Rwagasana yinjiza ibihumbi 300 buri kwezi abikesha urutoki
19 August 2017, by Nsanzimana ErnestRwagasana Joseph, umuhinzi ntangarugero w’ urutoki avuga ko buri kwezi rumwinjiriza ibihumbi 300 y’ inyungu.
Uru rutoki ruherereye mu mudugudu wa Bukinanyana akagari ka Bukinanyana mu murenge wa Musha mu karere ka Gisagara.
Ruri ku buso bungana na hegitari ebyiri, Rwagasana avuga ko yaguze ibihumbi 300. Ni urutoki ruhora rutoshye kuko afite imashini imufasha kurwuhira. Uretse n’ icyo arusasira akoresheje ibikenyeri by’ umuceri ku buryo amazi y’ amuhirano atindamo. Afite abakozi babiri (…)
Umuryango.rw
Leta ya RDC yamaganye u Rwanda rwayishinje kuvogera ikirere cyarwo n’indege y’intambara
Kenya: William Ruto yatangajwe ko yatsinze amatora ya Perezida imirwano ihita itangira
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
Abantu 4 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 110 barayandura