Mu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro ndetse n’ahandi hose hahurirwa n’abantu benshi ariko kandi hari n’ababa badafite amikoro ahagije bahitamo gushaka aho katema ibiti bya sipure kugirango babyifashishe mu kubaka ikurugu ( Christmas Tree ).
Mu kinyejana cya 16 igiti cya sipure gitoshye cyamenyekanye nk’igiti cya Noheli, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Menya igisobanuro cy’umutako w’igiti cya noheri ( ikirugu ) n’ umuntu wagishyize mu nzu ye bwa mbere
25 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Abarenga ibihumbi 30 bari baratiwe TIG baburiwe irengero
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubutabera yabwiye komisiyo ya politike n’imiyoborere myiza muri Sena ko ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro Sena yashyikirije Guverinoma ku birebana n’imanza za Gacaca zitararangizwa, ishyirwa mu bikorwa ry’igihano nsimburagifungo (TIG), n’ikibazo cya dosiye z’imfungwa n’abagororwa. Uhagarariye Minisiteri yavuze ko ubu hari abantu barenga ibihumbi 30 bakatiwe n’inkiko gacaca bagahabwa igihano cy’imirimo nsimburagifungo ariko baraburiwe irengero.
Umunyamabanga uhoraho muri (…) -
Umuturage aratakambira Perezida Kagame ku kibazo cya Kaminuza zafunzwe
7 May 2017, by UbwanditsiMinisitiri w’Uburezi Dr. Papias Musafiri
IGITEKEREZO : UBUTUMWA BUGENEWE NYAKUBAHWA PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA PAUL KAGAME.
Muraho Banyamakuru b’ikinyamakuru UMURYANGO.RW
Ndi umusomyi w’ikinyamakuru cyanyu ndetse n’ibindi bitangazamakuru binyuranye byo mu Rwanda no mu mahanga. Ndubatse mfite imyaka 56, mfite abana batatu, umwe muribo yiga muri Kaminuza.
Nkunda uburyo mukunze gufasha abaturage mu kugaragaza ibitagenda neza ndetse n’ibigenda neza mukabitugezaho byose bigamije (…) -
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
5 April 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira umushinga we yari yaratangiye wo kubaka amazu aciriritse kandi yorohereza abanyarwanda gutura neza badahenzwe.
-
Wabigenza ute mu gihe umukobwa mwaryamanaga ashaka ko mwakomeza kuryamana na nyuma y’uko umaze gushaka?
13 February 2019, by UbwanditsiUko iterambere riza n’imico ikivanga bisigaye bibaho cyane ko mbere yo gushaka yaba umukobwa cyangwa umusore usanga hari inshuti babanje kubana nazo ndete rimwe na rimwe bakaryamana.
-
IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%.
Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 5,1% ariko bwazamutseho 6,1%.
Abahanga mu bijyanye n’ imari bavuga ko iyo ibyiciro bigize ubukungu byagenze neza aribwo ubukungu bw’ igihugu buzamuka bisobanuye ko kuba IMF ivuga ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7 cyangwa 8 % bisobanuye ko muri uyu mwaka urwego rw’ inganda (…) -
Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine Mugabekazi(AMAFOTO)
16 July 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana.
Herve usanzwe ukinira ikipe y’igihugu Amavubi akanakinira ikipe ya APR FC ni umwe muri ba myugariro nyarwanda bafite ibigango bikanga abataka b’amakipe menshi akunze guhura na APR FC.
Kuya 4 Werurwe 2017, uyu musore yasabye anakwa umukunzi we Carine amusaba kuzamubera umugore imbere y’ababyeyi n’inshuti mu mihango (…) -
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
-
Jeannette Kagame yavuze impamvu u Rwanda ruteza imbere ubuzima
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, umufasha wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kutazacika intege mu rugamba guharanira ko Abanyarwanda bagira ubuzima bwiza.
Yabivugiye mu nama y’Ihuriro ry’Abagore b’Abaperezida b’Ibihugu by’Afurika (OAFLA) yabereye ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017, ahateraniye inama rusange y’Umuryango w’Abibumbye.
Jeannette Kagame yavuze ko urubyiruko ari rwo ruza ku isonga mu kurindwa indwara z’ibyorezo nka Virusi itera (…) -
RIB yemeje ko yataye muri yombi wa mwarimu wakubise umunyeshuli we akamuvuna ukuboko
18 September 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwemeje ko rwataye muri yombi umwarimu wigisha ku kigo cy’amashuli yisumbuye cya GS Murira mu karere ka Rusizi, ushinjwa gukubita umunyeshuri yigisha witwa Kwizera Patrick akamuvuna ukuboko.
Umuryango.rw
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame